Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi uwari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mbogo mu Karere ka Rulindo, Ndagijimana Frodouard.
RIB yavuze ko yafatanywe n’uwitwa Mporanyimana Eugene.
Bombi bakurikiranyweho ibyaha byo gutanga indonke kugira ngo uwakorewe icyaha yivuguruze mu butabera, koshya abitabajwe mu nzego z’ubutabera no gucura umugambi wo gukora icyaha.
Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira yavuze ko bifitanye isano n’icyaha cyo gusambanya umwana, Ndagijimana yari (…)
Umuturage witwa Babonampoze Jean Damscène, utuye mu Kagari ka Murambi, mu Murenge wa Musasa mu Karere ka Rutsiro, avuga ko nyuma y’imyaka igiye kuba giye itatu asiragira ku ngurane y’imitungo ye, noneho yabujijwe gusubira ku karere kubaza icyo kibazo.
Ingurane uyu muturage avuga asaba ku mitungo ye, ifite agaciro gasaga Frw 375 000 ituruka ku byangijwe mu murima we kubera ibikorwa byo kubaka umuhanda.
Yagize ati: "Nabariwe umurima wanjye, uwo hino no hirya yanjye barishyurwa ariko njyewe (…)
Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Burera baravuga ko amafaranga yitwa ’ingoboka’ ahabwa abangavu babyariye iwabo batayakoresha uko bikwiye, aho ngo bamara kuyafata bakayijyanira mu kabare aho kuyaguriramo abana icyo kurya cyo kurwanya imirire mibi.
Aba babyeyi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri aka karere, aho bavuga ko hari abamara gufata aya mafaranga bahabwa buri gihembwe barangiza bakajya kuyisengereramo inzoga.
Uwamariya Berancillah yagize ati: "Aba (…)
Imirwano yubuye muri Teritwari ya Nyiragongo mu Burasirazuba bwa Congo, aho Ingabo za Leta FARDC nabyutse zirwana n’iza M23 mu misozi ya Kibumba, humvikana intwaro ngo n’iziremereye.
Kugeza ku Masaya ya kumanywa, imirwano yasaga nkaho yabaye ihagaze, nyuma y’imirwano ikomeye yaramutse iba muri iyi teritwari ya Nyiragongo, yakurikiye iyindi yabaye kuri uyu wa Gatatu n’ijoro.
Iyi mirwano yobanze mu bice nka Kanyabuki, Kayamahoro, Mu Mabere y’Inkumi, kwa Mama Olive.
Uruhande rwa FARDC ngo (…)
Bamwe mu baturage bo mu Mudugu wa Mukumya, mu Kagari ka Basa, mu Murenge wa Rugerero, barasaba ko nabo bahabwa umuriro w’Amashanyarazi, kimwe nk’abandi Banyarwanda, bagatandukana no guhurira ku meza n’imbeba.
Aba baturage bagaragaza ko bagerageje kugeza kino kibazo ku nzego z’ibishinzwe, ariko ngo ntabwo zari zagikemura, bavuga ko banasabwe kwandika basaba umuriro hanyuma bandikira Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu, mu mwaka ushize wa 2023, ndetse ubwabo bageze naho bishakira amapoto, ariko (…)
Abakuru b’ibihugu by’ibikomerezwa ku Isi bamwe batangiye kwifuriza Donald Trump ishya n’ihirwe ku ntebe iruta izindi muri Leta Zunze Ubumwe za America, nka Perezida bigaragara ko yatowe.
Ni nyuma y’imibare ijya kuba yose igaragaza ko umukandida Donald Trump yahigitse Kamala Harris bahataniraga umwanya w’umukuru w’igihugu cya USA.
Ku ikubitiro, Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yashimiye Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Yavuze ko yiteguye gukorana na we (…)
Mu muhango wo Gushimira abasora bo mu ntara y’Amajyaruguru basabwe kongera imbaraga mu gutanga umusoro n’amahoro kuko ariwo musingi Igihugu cyubakiyeho Iterambere ryacyo.
Nubwo Intara y’Amajyaruguru iza ku isonga mu misoro y’ubutegetsi bwite bwa Leta ku kigero cya 91.9% angana na Miliyari 44.73 rwf, iyi ntara ivuga ko yari yihaye intego yo kwinjiza miliyari 48.67 Frw ariko ngo umusoro weguriwe uturere iyi ntara yinjije wabaye miliyari 6.7 mu gihe yari yihaye intego yo gukusanya agera kuri (…)
Minisitiri w’Ubuzima Dr Nsanzimana Sabin yavuze ko basanze umuntu wakize icyorezo cya Marburg aba afite ubushobozi bwo kuyanduza undi muntu, bakaba ariho bahera basaba uwagikoze kwitwararika kugeza ku nama za nyuma za muganga zemeza ko cyashize mu mubiri wose.
Yabitangaje kuri uyu wa mbere tariki ya 4 Ugushyingo 2024, mu kiganiro nk’abanyamakuru n’abandi bo mu bigo bya leta n’imiryango itari iya leta itandukanye.
Minisitiri w’Ubuzima Dr Nsanzimana yavuze ko abarwayi bose bari bafite ba (…)
Kuri uyu wa Gatandatu, ku itariki 02 Ugushyingo 2024, Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Boniface Rutikanga yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru biganjemo abakorere mu Ntara y’Iburengerezabuha, aho muri kino kiganiro cyagarutse ku ngingo zitandukanye zirimo n’iya Miss Muheto uherutse gutabwa muri yombi n’uri rwego.
By’umwihariko, Umuvugizi wa Polisi yavuze ko Miss Muheto Divine uherutse gufungwa, byatewe n’impamvu zitandukanye cyane iyo kuba nta ruhushya rwo gutwara imodoka yari afite, (…)
Hari bamwe mu baturage bo mu tugari dutandukanye mu Murenge wa Kimonyi, w’Akarere ka Musanze bavuga ko bagiye kumara imyaka irenga itatu babaruriwe ingurane z’ahanyujijwe umuyoboro w’amashanyarazi ariko kugeza magingo amaso yaheze mu kirere.
Aba baturage bagaragaje iki kibazo ubwo Umuyobozi w’Akarere ka Musanze wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, Uwanyirigira Clarisse n’abandi bayobozi mu nzego zitandukanye zirimo n’iz’umutekano bari basuye abaturage, bumva ibibazo by’ingutu (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















