Monday . 25 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Afurika ishoboye kwishyira hamwe igakemura ibibazo byayo-Kagame
Afurika ishoboye kwishyira hamwe igakemura ibibazo byayo-Kagame

Ubwo yatangizaga Inama ya Kabiri yiga ku bucuruzi mu bihugu byo ku mugabane wa Afurica, Biashara Africa, Perezida Kagame yavuze ko ibihugu byawo byifitemo ubushobozi bwo kwishyira hamwe bigakemura ibibazo biwugarije ubwabyo.
Iyi nama y’iminsi itatu igamije guteza imbere ubucuruzi n’ubuhahirane hagati y’ibihugu bya Afurika binyuze mu Isoko Rusange rya Afurika (AFCFTA).
Ni inama yitabiriwe n’abanyacyubahiro batandukanye barimo Mahamadou Issoufou wabaye Perezida wa Niger, Umuyobozi (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Hari abaturage baracyurira imisozi n'ibiti bashaka rezo za telephone
Musanze: Hari abaturage baracyurira imisozi n’ibiti bashaka rezo za telephone

Bamwe mu baturage bo mu bice by’umujyi wa Musanze no mu byaro baravuga ko hakiri tumwe mu duce tugaragaramo ikibazo cyo kubura ihuzanzira rya telephone ngendanwa (Mobile Network) ahandi ikaboneka icikagurika, ndetse bamwe bikabasaba kurira ibiti n’imisozi kugira ngo bashake uko bavugana n’abandi.
Sosiyete z’itumanaho ya MTN Rwanda na Airtel-Tigo nizo zitanga itumanaho rya telephone mu Rwanda, abatuye mu byaro bya Musanze bazitunga agatoki ko zabasize mu bwigunge ndetse ngo hari uduce tumwe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abariye Ishuri La Fontaine barototera n'utwari dusigaye
Abariye Ishuri La Fontaine barototera n’utwari dusigaye

Nyuma yo gufunga imiryango kw’ishuri La Fontaine ryari riherereye mu karere ka Gasabo mu Murenge wa Kimironko, ubu urugendo rwo kuburanira imitungo n’uburenganzirwa bw’abashinze iri shuri bari kuvutswa na bagenzi babo barishinganye rukomereje mu nkiko.
Abibuka neza iby’inkuru z’ifungwa ry’ishuri la Fontaine guhera mu 2013 ritabarizwa, bamwe mu barishinze ntibahwemye kugaragaza ko hari abashimuse ibikorwa by’umuryango AVDEC wari unafite ishuri la Fontaine.
Kuri uyu wa Kabiri nibwo mu (…)

424 Shares 4 Comments
Gakenke: Barifuza ko umuhanda ugana ku bitaro bya Gatonde ukorwa neza
Gakenke: Barifuza ko umuhanda ugana ku bitaro bya Gatonde ukorwa neza

Abakoresha umuhanda uturuka Musanze werekeza ku bitaro bya Gatonde mu karere ka Gakenke barifuza ko ukorwa neza kubera ko imodoka zitwara abarwayi zigorwa no kuwukoresha.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Janja muri aka karere, asanga basaba byibuze ko wakorwa neza hagashyirwamo laterite kuko irimo yangiritse, kuri ubu uyu muhanda ukaba urimo ibinogo.
Nsabimana Evariste ni umuturage twasanze mu isoko ryo mu Mashya, yagize ati: "Uyu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rubavu: Polisi yarashe umunyeshuri arapfa mu gukumira magendu
Rubavu: Polisi yarashe umunyeshuri arapfa mu gukumira magendu

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere ku itariki 07 Ukwakira 2024, Polisi y’u Rwanda yarashe abaturage bari mu bikorwa by’ubucoraracora, hanyuma umwana umwe wigaga mu wa kabiri w’Amashuri y’Isumbuye ahasiga ubuzima.
Intandaro y’iri hangana ryabaye ngo ubwo abazwi nk’abacoracora bageragezaga kwinjiza mu Rwanda magendu y’imyenda bari bavanye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Ibi byabereye mu murenge wa Bugeshi mu karere ka Rubavu. Urupfu rwuyu mwana rwarakaje abaturage, bafata (…)

424 Shares 4 Comments
DRCONGO: Abaguye mu mpanuka y'ubwato bageze ku 185 naho 600 baburiwe irengero
DRCONGO: Abaguye mu mpanuka y’ubwato bageze ku 185 naho 600 baburiwe irengero

Imibare y’abaguye mu mpanuka y’ubwato mu Kivu ku ruhande rwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (DRCONGO) ikomeje kuzamuka, aho hari kubarwa 185 napfuye mu gihe abagera kuri 600 baburiwe irengero.
Ni impanuka yabaye imbonankubone, tariki 3 Ukwakira 2024, mu Kiyaga cya Kivu hafi y’umwaro aho ubwato bwerekezaga buvanye abantu n’ibintu byabo muri Minova bubageza hafi na Goma ku gice busanzwe bukukiraho ariko bukibirindura butaragera ku nkombe.
Nyuma gato impanuka ikimara kuba, Polisi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Karongi: Barasaba kwishyurwa amafaranga y'ingurane ku mitungo yabo bamaze igihe bategereje
Karongi: Barasaba kwishyurwa amafaranga y’ingurane ku mitungo yabo bamaze igihe bategereje

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Karongi, mu murenge wa Rubengera, mu kagari ka Buhazi, bari bafite ubutaka ahubatswe akiraro cyo mu kirere barasaba kwishyurwa amafaranga yabo, dore ko ngo bamaze igihe bategereje barahebye.
Umwe muri bano baturage witwa Nyiramajyambere Josephine utuye mu murenge wa Rubengera mu kagari ka Bubazi, mu mudugudu wa Makurungwe na bagenzi be bafite kino kibazo, barasaba kwishyurwa imyaka yabo yangijwe n’ikiraro cyo mu kirere.
Abo baturage bavuga ko (…)

424 Shares 4 Comments
OIF: Perezida Macron yashimangiye ko Francophonie ari Umuryango w'amahoro
OIF: Perezida Macron yashimangiye ko Francophonie ari Umuryango w’amahoro

Ubwo yafunguraga Inama ya 19 y’Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’igihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa, Francophonie, Perezida Emmanuel Macron w’Ubufaransa yashimangiye ko uyu muryango ugamije amahoro no kugera ku iterambere rirambye.
Ni Inama ikomeye yafunguriwe i Paris mu Bufaransa, mu mugi ufite amateka yuko ariwo wemerejwemo ko ururimi rw’Igifaransa arirwo rurimi ruzajya rukoresha muri iki gihugu, mu nzegi z’ubutegetsi rusimbuye Ikilatini.
Perezida Macron yagize ati: "Intego uyu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Amakimbirane, umwanda, bimwe mu bikibangamiye intara y'Amajyaruguru
Amakimbirane, umwanda, bimwe mu bikibangamiye intara y’Amajyaruguru

Mu nama nyunguranabitekerezo yahuje inzego zitandukanye mu ntara y’Amajyaruguru n’urwego rushinzwe kugenzura iyubahirizwa ry’uburinganire bw’abagabo n’abagore, ’Gender monitoring office", basanze hari ibibazo by’ingutu birimo umwanda, amakimbirane mu miryango, igwingira mu bana, abangavu bakibyarira imburagihe basambanijwe bakiri bato n’ibindi bitandukanye bibangamiye iyi ntara.
Ibi byagarutsweho ubwo hasozwaga icyumweru cyahariwe kwimakaza ihame ry’uburinganire mu ntara y’Amajyaruguru, (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Yajyanywe kuvuzwa ubushita none abana be bari gutabarizwa
Rubavu: Yajyanywe kuvuzwa ubushita none abana be bari gutabarizwa

Bamwe mu baturage bo mu mudugu wa Rushagara mu kagari ka Rubona mu murenge wa Nyamyumba mu karere ka Rubavu, bagaragaza ko bahangayikishwe n’abana batanu b’umuturanyi wabo bashobora kwicwa n’inzara, mu gihe yajyanywe kuvuzwa indwara y’ubushita.
Ni umubyeyi witwa Murerakure Placidia wagaragayeho indwara y’ubushita imaze iminsi ivugwa mu Rwanda, hafatwa ingamab zo kujya kumuvuza ariko ntihatekerezwa ku rubyaro rwe yari atunze uko rusigaye.
Kugeza ubu abana bose uko ari batanu, nta numwe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru