Friday . 20 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 March » Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz – read more
  • 13 March » Donald Trump yatangaje ko yashimishijwe no kwica abayobozi ba Iran – read more
  • 12 March » Inkangu zahitanye abantu 60 muri Ethiopia – read more
  • 11 March » U Rwanda rwitabiriye PISA 2025 mu rwego rwo kunoza ireme ry’uburezi, ntabwo ari amarushanwa – read more
  • 11 March » M23 yemeje ko FARDC yarashe muri Goma – read more

Rubavu: Abanyeshuri basaga 60 bajyanywe ku kigo nderabuzima igitaraganya

Thursday 7 March 2024
    Yasomwe na


Kuri uyu wa Gatatu abanyeshuri basaga 60 biga mu ishuri ribanza rya Pfunda, mu mu murenge wa Nyundo mu Karere ka Rubavu bajyanywe ku kigo nderabuzima igitaraganya, nyuma yo gufata amafunguro akabagwa nabi.

Abatetse bino biryo, bitwa Ndatimana Ernest na Dukuze Nsabimanaa, ngo nyuma yo kubona ibi biryo biguye nabi aba banyeshuri, bahise batotoka, bakaba bari bagishakishwa n’inzego z’umutekano.

Umuyobozi w’akarere ka Rubavu, Mulindwa Prosper yahamije aya makuru, ko hari abanyeshuri bajyanywe kwa muganga nyuma yo gufata amafunguro.

Ati: “Ni byo bariye ifunguro rya saa sita bamererwa nabi, ariko bahise bihutanwa kwa muganga ngo bitabweho”.

Mulindwa kandi yavuze ko n’ubuyobozi w’iki kigo, aba banyeshuri bigaho yitabye urwego rw’ubugenzacyaha kubyo rushaka kumubaza mu iperereza ry’ibanze.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru