Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w'Igikombe cy'Isi cya 2026

Kapiteni wa Argentina yongeye kuyobora ikipe ye mu rugendo rwo guhatanira igikombe cya kabiri gikurikiranye, Lionel Messi yongeye kwandika amateka nyuma yo gufasha ikipe y’igihugu ya Argentina kugera ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026. Ni intambwe ikomeye ku mukinnyi w’imyaka 39 ukomeje kwerekana ko afite impano idasanzwe.
Mu mukino wa 1/2 wahuje Argentina n’Ubwongereza, Messi yagaragaje ubuhanga bwe, afasha bagenzi be kugenzura umukino no kugera ku ntsinzi yabahesheje itike yo (…)

FERWAFA yashyize irajwe ishinga no kongera ingengo y'imari mu 2023
FERWAFA yashyize irajwe ishinga no kongera ingengo y’imari mu 2023

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu gihe benshi bibazaga ibyavuye mu nama y’igitaraganya yatumijwe na FERWAFA mu ijoro ryo kuwa Gatanu rishyira Ku wa Gatandatu tariki ya 21 Mutarama 2023, bimwe mu byemejwe ni ukuzamura ingengo y’imari igomba gukoreshwa muri 2023.
Muri iyi nteko rusange yari iteye benshi amatsiko kuko ubutumire bwasohotse benshi bamaze gusinzira, hememerejwemo ko ingengo y’imari y’asaga Miliyari 8 Frw izakoresha mu 2023 ndetse hakaba harimo azongerwa mu (…)

424 Shares 4 Comments
Abafana ba Kiyovu bandagaje Umusifuzi Mukansanga
Abafana ba Kiyovu bandagaje Umusifuzi Mukansanga

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ubwo shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda yasubukurwaga kuri uyu wa gatanu, abafana ba Kiyovu Sports bibasiye umusifuzi Mukansanga Salma bamuvugiriza induru mu mvugo nyandagazi tutasubiramo uko bazikoresheje.
Hari mu mukino wahuje ikipe ya Kiyovu Sport na Gasogi United, wabereye kuri Sitade y’Akarere ka Bugesera, aho amakipe yombi yaguye miswi 0-0.
Mu isubukura ry’imikino yo kwishyura ikipe ya Gasogi United yari yakiriye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Tour du Rwanda: Chris Froome yemeje ko azitabira tour du Rwanda izabera mu Rwanda mu kwezi gutaha
Tour du Rwanda: Chris Froome yemeje ko azitabira tour du Rwanda izabera mu Rwanda mu kwezi gutaha

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ku nshuro ya mbere umunyabigwi mu gusiganwa ku igare Chris Froome w’imyaka 37 wavukiye mu gihugu cya Kenya ndetse akaba avuka ku babyeyi b’Abongereza, yemeje ko azitabira Tour du Rwanda ya 2023.
Uyu mukinnyi chris Froome niwe wa mbere watwaye Tour de France uzaba akinnye Tour du Rwanda kuva yatangira gukinwa.
Mu ijoro ryakeye nibwo uyu mukinnyi ukomeye yaraye yemeje ko azitabira tour du Rwanda ndetse yanavuze ko aribwo bwa mbere azaba akiniye muri (…)

424 Shares 4 Comments
Argéntine yegukanye igikombe cy'Isi ku nshuro ya gatatu igikuye mu menyo ya rubamba
Argéntine yegukanye igikombe cy’Isi ku nshuro ya gatatu igikuye mu menyo ya rubamba

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe y’igihugu ya Argentine iyobowe Kizigenza Lionelle Messi na yegukanye igikombe cy’Isi cya 2022 cyakiriwe na Qatar, ni nyuma yo gutsinda ikipey’Igihugu y’uBufaransa kuri penaliti 4-2.
Ni umukino wari ishiraniro wabereye Kuri Lusail Stadium yari yakubise yuzuye , aho Argentine yarimo itana mu mitwe n’ikipe y’Igihugu u Bufaransa yari irangajwe imbere na Kylian Mbappe Lottin watsinze (Hatrick’) ariko bikarangira abanya-Argentine batahanye ibyishimo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Igikombe cy'Isi: U Bufaransa na Maroc bazahura muri 1/2
Igikombe cy’Isi: U Bufaransa na Maroc bazahura muri 1/2

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe y’igihugu y’u Bufaransa yakatishije itike ya 1/2 itsinze ikipe y’igihugu y’u Bwongereza mu mikino y’igikombe cy’isi gikomeje kubera mu kigobe cya Qatar.
Yabigeze nyuma y’umukino wa nyuma wa 1/4 wari ishiraniro wabahuje n’ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza wakinwe kuri uyu wa Gatandatu saa 21h00’ z’ijoro kuri Al Bayt stadium.
Ikipe y’u Bufaransa arinayo ifite igikombe cy’isi giheruka cya 2018 yatsinze u Bwongereza aho umukino watangiye bose (…)

424 Shares 4 Comments
Brezil itashye igeze ku muryango w'Igikombe cy'Isi
Brezil itashye igeze ku muryango w’Igikombe cy’Isi

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe y’Igihugu ya Brésil yamaze yasezerewe mu mikino y’igikombe cy’Isi nyuma yo gutsindwa na Croatia kuri penaliti 4-2.
Ni umukino wa 1/4 cyirangiza wabaye kuri uyu wa Gatanu muri Quatar, tariki ya 9 Ukuboza 2022 aho amakipe yaje mu kibuga yakaniranye gusa byatumye umukino urangira banganyije ibitego 1-1.
Nyuma y’iminota 90’ y’umukino warangiye ari 0-0, byasabye ko hongerwaho indi minota 30 y’inyongera.
Abakinnyi b’amakipe yombi binjiye mu mukino (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Maroc yakoze amateka yo kugera muri 1/4
Maroc yakoze amateka yo kugera muri 1/4

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ku nshuro ya mbere ikipe ya Maroc imaze gusezerera iya Espagne kuri penaliti 3-0 nyuma Yuko umukino wari urangiye amakipe yombi anganya 0-0 mu mukino wa ⅛ cy’irangiza.
Ni umukino wabaye kuri uyu wa Kabiri, tariki 6 Ukuboza 2022 aho abantu benshi batari biteze intsinzi ya Maroc ariko birangiye ari yo kipe ya mbere yo ku mugabane wa Afurika yanditse amateka itari yarigeze ikora kuva yabaho.
Ibihugu byombi by’ibikeba kuko bitandukanyijwe n’Inyanja ya (…)

424 Shares 4 Comments
Ubwongereza bwasezereye Senegal bujya gutegereza ufite igikombe cy'Isi
Ubwongereza bwasezereye Senegal bujya gutegereza ufite igikombe cy’Isi

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza yatsinze Sénégal ibitego 3-0 , ikatisha itike ya ¼ cy’imikino y’Igikombe cy’Isi.
Ubwongereza bugomba kuzacakirana n’Ubufaransa nabwo bwasezereye Pologne buyitsinze ibitego 3-1. Tukwibutse ko Ubufaransa ari bwo buffite igikombe cy’Isi giheruka kubera mu Burusiya, 2018.
Wari umukino wa 1/8 wahuje u Bwongereza na Sénégal yari ishyigikiwe n’Abanyafurika benshi, aho bakoze ibishoboka byose ariko birangira isezerewe itarenze (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Igikombe cy'Isi: Portugal yatsinze Ghana bigoranye
Igikombe cy’Isi: Portugal yatsinze Ghana bigoranye

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Imikino y’igikombe cy’isi ikomeje kubera mu kigobe cya Qatar, ikipe y’igihugu ya Portugal bigoranye yatsinze igihugu cya Ghana iri mu makipe yaserukiye umufabane wa Afurika.
Wari umukino wo mu itsinda H yatangiye gukinwa uyu munsi, aho benshi mu bakunzi ba Ruhago bari bategereje kizigenza Ronaldo mu mukino ubanza muri iri tsinda wabaye saa cyenda aho Uruguay yanganyije na South Korea.
Mu birori bya Ruhago byabereye kuri Stadium 974 saa 18h00’ Ikipe (…)

424 Shares 4 Comments
Umutoza wa Musanze fc yaba yakuyemo akarenge ke
Umutoza wa Musanze fc yaba yakuyemo akarenge ke

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Biravugwa ko umunyakenya watozaga Musanze fc Frank Ouna yamaze gukuramo ake karenge, [kubera inkweto z’amashanda zikomeje kumutwika] nubwo abazimwambitse bataragira icyo batangaza.
Amakuru dukesha bamwe mu bakunze kuba hafi ikipe ya Musanze fc, kuri ubu imaze imikino igera muri 4 idatsinda ni uko umutoza wayo ukomoka mu gihugu cya Kenya Frank ouna yamaze kugenda mu buryo buteruye, mu gihe bitegura gucakirana na Rayon Sports ku cyumweru tariki ya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru