Mugabe Aristide, umwe mu bakinnyi b’inararibonye bakiniye Ikipe y’Igihugu ya Basketball y’u Rwanda, yatangaje ko yasezeye burundu gukina uyu mukino ku rwego rw’ababigize umwuga, ashyira akadomo ku rugendo rw’imyaka 18 yari amaze muri Basketball.
Abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram, Mugabe Aristide yashyize hanze amwe mu mafoto ye y’urwibutso aho yari kumwe na bagenzi be bakinana Basketball maze ayakurikiza amagambo agira aAti “Uyu munsi, mu byiyumviro bivanze, nyuma y’imyaka 18, (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Biravugwa ko umunyakenya watozaga Musanze fc Frank Ouna yamaze gukuramo ake karenge, [kubera inkweto z’amashanda zikomeje kumutwika] nubwo abazimwambitse bataragira icyo batangaza.
Amakuru dukesha bamwe mu bakunze kuba hafi ikipe ya Musanze fc, kuri ubu imaze imikino igera muri 4 idatsinda ni uko umutoza wayo ukomoka mu gihugu cya Kenya Frank ouna yamaze kugenda mu buryo buteruye, mu gihe bitegura gucakirana na Rayon Sports ku cyumweru tariki ya (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa yaraye yandagaje Australia mu gikombe cy’Isi gikomeje kubera muri Qatar ibitego 4-1.
Ikipe y’u Bufaransa niyo ifite igikombe gishize cya 2018 yari yaserutse kuri uyu wa kabiri, tariki ya 22, Ugushyingo 2022 mu mukino wayo wa mbere wabereye kuri Al Janoub Stadium.
Ni ikipe y’u Bufaransa yaje mu kibuga idafite abakinnyi bayo b’inkingi za mwamba bahuye n’ibibazo by’imvune barimo Paul Pogba, N’Golo Kanté, Christopher (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Benshi mu bakunzi ba Rutahizamu w’umunya-Portugal Cristiano Ronaldo wa Manchester United bamaze igihe kinini bibaza ibibazo bafitanye bizakemukira ariko kugeza ubu bishobora kuba bigiye guhabwa umurongo.
Mu byo barimo bibaza byose igisubizo cyamaze kuboneka cyo gutandukana hagati ya Ronaldo na Manchester United.
Mu itangazo iyi kipe ya Manchester United yashyize ahagaragara ku mugoroba wo kuri uyu wa 22 Ugushyingo 2022, ryemeje ko impande zombi (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ibarizwa mu kigobe cya Qatar niyo yakiriye imikino y’igikombe cy’Isi, World Cup 2022 yatangiye nabi itsindirwa mu rugo na Ecuador ibitego 2-0, iba igihugu cya mbere gitsindiwe mu rugo ku mukino ufungura iri rushanwa.
Ni umukino wabaye kuri iki Cyumweru, tariki ya 20 Ugushyingo 2022, witabiriwe n’abanyacyubahiro benshi batandukanye barimo na Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame.
Ibitego bya Ecuador cyangwa se Equateur mu Gifaransa, byatsinzwe na (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Umwuka mubi ukomeje gututumba mu bayobozi n’abakinnyi b’ikipe ya Musanze fc.
Biravugwa ko iyi kipe ishobora no kwisanga mu mazi abira mu gihe hatagize igikorwa mu maguru mashya.
Amakuru yizewe agera ku kinyamakuru mamaurwagasabo ni uko bamwe mu bakinnyi ba Musanze fc bakunda kubanza mu kibuga bamaze guhagarikwa mu buryo buteruye.
Ihagarikwa ry’aba bakinnyi 3 ngo rishingiye ku kuba ikipe imaze imikino igera muri ibiri idatsinda aho batsindiwe mu (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya Musanze FC yatanze integuza ikomeye ku ikipe ya Mukura Victory sporta, mu gihe bitegura gucakirana.
Ikipe ya Musanze fc, kuri ubu yicaye ku mwanya wa kane n’amanota 13 muri Shampiyona 2022-2023 y’icyiciro cya mbere mu Rwanda (Primus national league) nyuma yo gusoza imyitozo ya nyuma bitegura Mukura victory sports.
Mu kiganiro yagiranye na Mamaurwagasabo Team manager w’iyi kipe, Imurora Japhet, bakunze kwita "Drogba" yavuze ko bagomba (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu gihe habura iminsi ibarirwa ku ntoki imikino y’igikombe cy’Isi 2022 igatangira, imyiteguro irarimbanije mu gihugu cya Quatar.
Harabura iminsi 20 gusa kugira ibihugu 32 bihurire mu migi ya Quatar kuva tariki ya 20 Ugushyingo kugeza tariki 18 Ukuboza 2022.
Ni ubwa mbere mu mateka Qatar nk’igihugu gito kigiye kwakira irushanwa ry’igikombe cy’Isi. Igiheruka cyari cyabereye mu gihugu cy’u Burusiya mu mwaka wa 2018 cyegukanywa n’Ubufaransa busezereye (…)
Rutahizamu w’Ikipe ya Real Madrid n‘ikipe y’u Bufaransa Karim Benzema ni we wegukanye Balon d’Or y’umwaka wa 2022.
Guhera ubu izina rye rikaba ryinjiye mu bayitwaye uyu mupira uruta indi ku nshuro ye ya mbere.
Yahigitse Sadio Mane wa Bayern Munich ndetse na Kevin De Bruyne wa Manchester City.
Sadio Mane we yegukanye igihembo cyitiriwe Socrates i Paris mu Bufaransa ku mugoroba wo ku wa Mbere.
Uyu mugabo usenye urukuta rwari rumaze imyaka itari mike rwubatswe n’ibihangange bibiri mu (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu mukino w’ikirarane ikipe ya Bugesera FC itsinze APR FC ibitego 2-1 mu mukino w’Umunsi wa kabiri wa Shampiyona wabaye kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 7 Ukwakira 2022.
Wari umukino wasubitswe wagombaga kuba mu kwezi kwa Nzeli ariko usubikwa kubera ko APR FC yari mu mikino Nyafurika ya CAF Champions League.
Ikipe ya APR FC ni yo yafunguye amazamu ku gitego cyinjijwe na rutahizamu Nshuti Innocent hakiri kare ku munota wa 26’.
Abafana ba Bugesera fc (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Calude
Ikipe ya REG WBBC yatsinze Young Sisters yo mu Burundi amanota 65-54 mu mukino wa mbere mu irushanwa rihuza amakipe yo mu Karere ka Gatanu, mu gihe ikipe ya APR WBBC yandagaje Wolkite ku manota 135-38.
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.
























