Ikipe y’Igihugu ya Spain irahura na Portugal kuri uyu wa Mbere saa 21:00 z’ijoro ku isaha y’i Kigali, mu mukino wa 1/8 cy’Igikombe cy’Isi cya 2026, aho amakipe yombi yifuza gukomeza urugendo rugana ku gikombe. Spain yageze muri iki cyiciro nyuma yo kunyagira Austria ibitego 3-0, igaragaza ubusatirizi bukomeye ndetse n’uburyo bw’umukino unogeye ijisho. Ku rundi ruhande, Portugal nayo yinjiriye muri 1/8 itsinze Croatia ibitego 2-1, yerekana ko ifite ikipe ishobora guhangana n’uwo ari we (…)
Ikipe ya Etincelles yaraye itsinze Musanze FC ibitego 3-0, mu mukino wa shampiyona y’icyiciro cya mbere wabereye kuri stade Umuganda mu Karere ka Rubavu. ikipe ya Etincelles yahise ifata umwanya wa 8 n’amanota 32, naho Musanze FC yo iri ku mwanya wa 10 n’amanota 30. Iyi kipe ya Etincelles Iherutse guhagarika umutoza wayo Seninga Innocent imushinza ubusinzi.
Kiyovu yaraye inganyije na Muhazi United ibitego 2-2, Kiyovu imaze gufata umwanya wa 9 n’amanota 31, ivuye ku wa 16 mu gihe cy’amze (…)
Imikino ya 1/2 yo kwishyura mu Gikombe cy’Amahoro iraza kuba uyu munsi muri stade Amahoro, Saa 16h00:APR FC irakira Police FC, Saa 19h30:Rayon Sports FC irakire Mukura VS Aya makipe arakira araza kugabana amafaranga yose arinjira kuri iyi mikino.
Iminota ibanza yose amakipe yose yari yanganyije igitego 1-1, haba APR FC na Police, ndetse na Rayon na MUKURA.
Kwinjira byari ibihumbi 3000, ahasanzwe hasi no hejuru, VIP 30,000, VVIP 50,000, Executive Seats 100,000, ariko kuri uyu munsi wa (…)
Imikino ya 1/2 yo kwishyura mu Gikombe cy’Amahoro izaba ku munsi wejo izabera muri stade Amahoro, Saa 16h00:APR FC izakira Police FC, Saa 19h30:Rayon Sports FC izakire Mukura VS Aya makipe azakira azagabana amafaranga yose azinjira kuri iyi mikino.
Kwinjira ni 3000, ahasanzwe hasi no hejuru, VIP 30,000, VVIP 50,000, Executive Seats 100,000, ku munsi wa match ahasanzwe ni 5000, VIP ni 50,000 na VVIP 100,000 naho Executive ni 150,000.
Ikipe ya Rayon Sports iri mu mwiherero i Runda mu (…)
Ikipe ya Rayon Sports yaraye inganyije na MUKURA VS igitego 1-1, mu mukino 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro.
Rayon yatsindiwe na Biramahire Abeddy naho Mukura yishyuriwe na Boateng Mensah.
Umukino wo kwishyura uzabera i Kigali tariki 30 Mata kuri stade ya Kigali Pele, saa kumi n’ebyiri n’igice, (18h30’), ni mu gihe APR FC yanganyije na Police igitego 1-1, mu mikino ubanza nazo zizacakirana ku wa Gatatu tariki ya 30 Mata kuri Pele saa cyenda.
Mugiraneza Jean Bapiste ’Migi’, wari wungirije (…)
Iyo uganiye na bamwe mu bakurikiranira hafi ikipe ya Musanze fc bavuga ko yabaye iy’abantu bamwe, aho kuba ikipe y’abaturage b’Akarere ka Musanze.
Ibi babishingira ku kuba iyi kipe ibarizwa mu ntara y’Amajyaruguru igeze aho umwana arira nyina ntiyumve, cya ne ko iri ku mwanya wa 14 n’amanota 18 n’umwenda w’ibitego 4 .
Bamwe mu bakunzi ba Musanze fc baganiye na MAMAURWAGASABO TV bashyira mu majwi abayobozi bamwe ko bayigize iyabo, abandi nta jambo bakiyifoteho.
Bagize bati: ”Ikipe (…)
Abakinnyi b’amagare by’umwuga, ikipe y’u rwanda yaguriwe amagare mashya mu rwego rwo kwitabira neza irushanwa rya Tour du Rwanda 2025 rigiye gutangira mu minsi mike iri imbere.
Irushanwa mpuzamahanga rya Tour du Rwanda riteganyijwe kuba kuva tariki ya 23 Gashyantare kugeza ku ya 2 Werurwe 2025.
Abakinnyi b’ikipe y’u Rwanda bari bamaze iminsi bagaragaza ko amagare bakinisha atagezweho, ku buryo yabafasha guhanganira imyanya myiza n’abandi bahurira mu masiganwa bitabira.
Ibyo byajyanaga (…)
Abagore babyariye iwabo bo mu murenge wa Cyuve bafashwa n’umuryango witwa "Heart of Nature", nibo begukanye igikombe cy’Umurenge Kagame Cup 2025 ku rwego rw’akarere ka Musanze batsinze Umurenge wa Gataraga penaliti 4-3.
Ibi babigezeho nyuma y’aho batsinze abandi bagore bo mu yindi mirenge yo muri Musanze yari yitabiriye iri rushanwa ngaruka mwaka ryitiriwe Umukuru w’igihugu akaba ari we uritera inkunga, rikaba rigamije kwimakaza imiyoborere myiza. Insanganyamatsiko y’uyu mwaka igira iti: (…)
Perezida Kagame yavuze ku gisobanuro cuatanzwe n’Umujyi wa Kigali, ku kibazo cya moteri icana amatara muri Kigali Pelé Stadium idatanga urumuri ruhagije bikaba byaratumye ubuyobozi bw’umugo busaba ko nta mikino ya Shampiyona yazongera kuhabera nijoro mu gihe icyo kibazo kitarakemuka.
Abinyujije ku rubuga rwa X ku mugoroba wo kuri uyu wa 22 Kanama 2024, Perezida Kagame yasubije Umujyi wa Kigali wari wanditse uvuga ko icyo kibazo kiri gushakirwa umuti urambye, harimo no kuba haratumijwe (…)
Ikipe ya Musanze fc ibarizwa mu karere ka Musanze, Intara y’Amajyaruguru yerekanye abakinnyi 29 bazayifasha mu mwaka w’imikino 2024-25 ndetse bahize umuhigo bazahigura ngo ntibadahura n’imbogamizi.
Ni igikorwa cyabaye ku gicamusi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 16 Kanama 2024 muri Hotel yitwa Amikus yo mu karere ka Musanze.
Mu migabo n’imigambi y’umutoza wa Musanze fc Habimana Sosthene bakunze kwita Lumumba yavuze ko bashaka kuzatanga umusaruro mwiza uruta uwo babonye (…)
Imodoka y’abafana b’Ikipe y’umupira w’amaguru ya APR yakoze impanuka ubwo batangiraga urugendo berekeza muri Tanzania.
Imodoka yarimo abakunzi ba APR FC, yakoze impanuka itarasohoka mu Rwanda kuko yayikoreye Rugende ahazwi nka Nyagasambu.
Iyi mpanuka yabaye mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira ku wa Kane tariki ya 15 Kanama 2024, i Nyahasambu mu karere ka Rwamagana.
Ikipe ya APR FC iri kwitegura umukino wa CAF Champions League ugomba kuyihuza na AZAM FC yo muri Tanzania mu mpera (…)
Abakinnyi 4 ba Etoile de l’Est bahagaritswe by’agateganyo
13 January 2022
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















