Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, nyuma y’uko Perezida wa FERWAFA Shema Ngonga Fabrice yari yatangaje ko hazatangwa igikombe kimwe kuri Al Hilal SC, ikipe yo mu Rwanda yaje imbere igahabwa amafaranga gusa, abantu bibazaga uko bizagenda, kuko byari bitandukanye n’ibyatangajwe mbere.
Urwego Rushinzwe gutegura shampiyona, Rwanda Premier League, rwatangaje ko hazatagwa ibikombe bibiri.
Ikipe yo muri Sudani izasoreza ku mwanya wa mbere muri BK Pro League y’uyu mwaka izahabwa igikombe (…)
Ikipe ya Musanze FC yatsinze Sunrise FC ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa gatatu wa Shampiyona y’u Rwanda, Muhire Hassan utoza sunrise fc ati"UMUPIRA NIKO UMERA NDASABA ABAFANA KWIHANGANA." Mu gihe mugenzi we Habimana Sosthene bakunze kwita Lumumba akomeje kuvuna umuheha akongezwa undi.
Musanze FC niyo yafunguye izamu ku munota wa 3’ igitego cyatsinzwe Muhammad Sulley kuri pase nziza yari iturutse kuri Peter Aglebevor, iyi kipe yo mu ntara y’Amajyaruguru yakomeje guhusha ibindi bitego (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ubwo berekaga abafana n’abakunzi ba Musanze fc abakinnyi baguzwe umuyobozi w’iyi kipe Bwana Tuyishimire Placide bakunze kwita "Trump" yatunze agatoki abanyamakuru bakunze kwereka ubuyobozi bwe ibitagenda neza, avuga ko baza bahobagira bashaka kuyangisha abaturage.
Aya magambo asa n’ayangisha abafana itangazamakuru ryitanga rikabagezaho amakuru y’amakipe yabo yayatangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya 16 Kanama 2023 ubwo bari mu gikorwa cyo kwereka (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu gihe habura iminsi ibarirwa ku ntoki ngo shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda itangire Umuyobozi wa TV na Radio 1 akaba n’umuyobozi wa Gasogi, Kakooza Nkuriza Charles yavuzeko Rayon itazigera imutsinda, habe n’umwe mu mikino bazahura.
Ni nyuma yo gutsinda ikipe ya Sunrise fc mu mukino wa gicuti.
Bakina bya gicuti Ikipe ya Gasogi United yatsinze Sunrise fc igitego 1-0, umuyobozi wayo uzwi nka KNC yahise atanga ubutumwa bukomeye ku muryango wa (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya Musanze fc nyuma yo kwiyubaka bakomeje gukina imikino ya gicuti bitegura shampiyona 2023-24 y’icyiciro izatangira tariki ya 18 Kanama 2023 aho yabimburiye kuri Marine fc maze bayitsindira mu rugo ibitego 3-2.
Ni umukino wabaye ku cy’umweru tariki ya 6 Kanama 2023 kuri sitade Umuganda aho Musanze fc yari yamanukanye abakinnyi bayo bose bashya yaguze kugira ngo ibasuzume irebe ko bazahatana muri shampiyona.
Amakipe yombi mu gice cya mbere (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Nyuma yo gutandukana n’abakinnyi hafi ya bose bayigaragayemo umwaka ushyize w’imikino 2022-23 igasigarana barindwi gusa, ikipe ya Musanze imaze gusinyisha umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu ya Gambia mu rwego rwo gukomeza kwiyubaka bundi bushya.
Umukinnyi ubimburiye abandi muri iyi kipe yitwa Modou Jobe bakunze twita "Modou Jobe", asanzwe ari umunyezamu w’ikipe y’igihugu ya Gambia, iherutse no kwitabira imikino y’igikombe cy’Afurika.
Ni nyuma y’Igihe (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Binyuze muri Merdiano Foundation, Intumwa zivuye mu gihugu cya Argentina zikorera Ikigo cyitwa "Think Tank" zikomeje gusura ibigo bitandukanye byo mu Rwanda(institutions) hagamije kureba ibyo bazakorana nabyo mu mishinga itandukanye y’iterambere ry’ubukungu.
Nyuma yo gusura bimwe mu bigo byo mu Rwanda birimo, RDB, REG, Minicom, izi ntumwa kuri uyu wa Kabiri tariki ya 11 Nyakanga 2023 zakomereje uruzinduko mu karere Musanze, mu kigo cy’Igihugu (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Nyuma yo kwegukana ibikombe by’Umurenge Kagame Cup 2023 mu mikino y’intoki, Basketball, Abakinnyi baserukiye akarere ka Musanze bageze mu mujyi waho saa 00h45’ batungurwa n’abaturage babiteguye ari benshi kugira ngo babashimire igikorwa cyiza bakoze.
Ibi byishimo babigezeho ubwo Abakobwa n’Abahungu baserukiye Akarere ka Musanze mu marushanwa y’Umurenge Kagame Cup yasorejwe i Huye begukanye ibikombe, aho Abahungu batsinze Gatsibo amanota 44 kuri 43 mu (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Nyuma yaho abaturage bo mu karere ka Musanze bakomeje gutakamba basaba ubuyobozi bukuru bwa leta kububakira stade ijyanye n’icyerekezo kuri ubu batangiye kubyinira ku rukoma nubwo bataragira ikizere ijana ku ijana.
Ibi byatangajwe ubwo Minisiteri ya Siporo yari yitabye Komisiyo y’Abadepite ishinzwe Ingengo y’Imari n’umutungo w’Igihugu, mu nteko ishinga amategeko, hakorwa isesengura ry’ishyirwa mu bikorwa ry’ingengo y’imari ya 2022-2023 n’ibiteganywa (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu ijoro ryakeye habaye umukino wa /12 muri championsleague aho ,ikipe ya Real Madrid yakiriye Manchester City i Santiago Bernabeu maze amakipe yombi ananirwa kwisobanura anganya igitego 1-1.
Ikipe ya Real Madrid yashinzwe mu 1902 ibarizwa muri Espagnendetse ifite ibikombe 14 bya Champions League, niyo yari yakiye uyu mukino wari ishyiraniro.
– Dore Abakinnyi 11 babanjemo ku ruhande rwa ba Real Madrid:
Mu izamu Courtois; Carvajal, Rüdiger, Alaba, (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Nyuna y’inkuru yasakaye ku gica musi cyo ku munsi wejo yo kwegura kwa Nizeyimana Olivier wari Perezida w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA, uyu munsi tariki ya 20 Mata 2023 habaye inkundura ikomeye aho n’abamwe mu bari bakomeye muri iyi Federasiyo bamaze kwegura nabo.
Nkuko barimo kubishyira mu baruwa barimo kuvuga ko beguye ku mpamvu zabo bwite nyamara muri ferwafa hamaze igihe harimo bombori bombori ahanini ishingiye ku bwumvikane (…)
Musanze: Abakinnyi batunguwe n’abaturage mu gicuku
26 June 2023Abakinnyi 4 ba Etoile de l’Est bahagaritswe by’agateganyo
13 January 2022
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























