Thursday . 19 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 March » Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz – read more
  • 13 March » Donald Trump yatangaje ko yashimishijwe no kwica abayobozi ba Iran – read more
  • 12 March » Inkangu zahitanye abantu 60 muri Ethiopia – read more
  • 11 March » U Rwanda rwitabiriye PISA 2025 mu rwego rwo kunoza ireme ry’uburezi, ntabwo ari amarushanwa – read more
  • 11 March » M23 yemeje ko FARDC yarashe muri Goma – read more

Tshisekedi yashyizeho Guverineri mushya wa Kivu y’Amajyaruguru

Wednesday 29 January 2025
    Yasomwe na

Nyuma y’urupfu rutunguranye rwa Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru akaba yari n’Umuyobozi w’ingabo muri iyo ntara, Peter Nkuba Chilimwami, Perezida Tshisekedi yashyizeho umusimbura nubwo intara amwoherejemo yose ifitwe n’umutwe wa M23 kugeze i Goma mu mugi Mukuru wayo.

Kuwa 28 Mutarama 2025 nibwo Umuvugizi w’umutwe wa M23 yigambye urupfu rwa General Majol Peter Chirimwami Nkuba. Yiciwe i Kasengezi muri Minova ubwo yasuraga abari imbere ku rugamba kugira ngo yifotozanye na bo.

Kuri uyu wa 28 Mutarama 2025 Perezida Tshisekedi yahise ashyiraho Guverineri mushya wa Kivu y’Amajyaruguru, General Major Kakule Eva Somo, gusa ntiharamenyekana niba azakorana na M23 ifite iyo ntara.

General Major ahawe kuyobora intara yamaze kujya mu maboko ya M23

Mbere yuko agirwa Guverineri, Gen. Maj. Kakule Eva Somo yari asanzwe ari Umuyobozi wungirije ku rugamba FARDC yari ihanganyemo na M23 kuri Teritwari ya Lubero akaba yanayoboraga Brigade ya 31 ushinzwe gutanga abasirikare bihuse ku rugamba.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru