Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Ubushinwa:Umugore Mahjong, yashyize umwana munsi y’intere bibabaza benshi

Thursday 5 July 2018
    Yasomwe na

Umugore w’Umushinwa wabaswe n’urusimbi witwa Mahjong,yakoze amahano ubwo yafataga umwana we warimo arira amushyira munsi y’intebe ayicaraho aho kugira ngo amwiteho.

Uyu mugore yanenzwe na benshi nyuma yo gufata agatebe ka plasitike yari yicayeho agashyira munsi umwana we kugira ngo atamubuza gukina urusimbi byatumye uyu mwana abura uburyo bwo gusohoka ngo yisanzure.

Amarira y’uyu mwana muto yirengagijwe na nyina ndetse nkuko amashusho yagiye hanze yabigaragaje ,uyu mubyeyi gito ari guhiga bukware na polisi, we na bagenzi be kuko urusimbi rwa Mahjong bakinaga rutemewe mu Bushinwa.

Abapolisi bakomeje iperereza ndetse babwiye abaturage bazabiranyijwe n’uburakari kubera uyu mubyeyi gito ko ari guhigwa bukware ndetse bari gushakisha uwafashe aya mashusho kugira ngo abafashe kubona aba banyabyaha bakoraga ibikorwa bitemewe.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru