Saturday . 21 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 March » Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz – read more
  • 13 March » Donald Trump yatangaje ko yashimishijwe no kwica abayobozi ba Iran – read more
  • 12 March » Inkangu zahitanye abantu 60 muri Ethiopia – read more
  • 11 March » U Rwanda rwitabiriye PISA 2025 mu rwego rwo kunoza ireme ry’uburezi, ntabwo ari amarushanwa – read more
  • 11 March » M23 yemeje ko FARDC yarashe muri Goma – read more

Umusirikare wa DRC arasiwe ku butaka bw’u Rwanda ku mupaka wa Petite Barriere ahita apfa

Friday 17 June 2022
    Yasomwe na

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude

Umusirikare wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya RDCongo arashwe ubwo yagaragezaga kurasa ku bapolisi b’u Rwanda bacunga umutekano ku mupaka muto wa Petite Barriere mu karere ka Rubavu.

Amazina y’uyu musirikare ntaramenyekana, yarashwe ubwo yinjiraga arasa amasasu menshi ku bapolisi batojwe b’u Rwanda bahise birwanaho baramuhagarika ataragira uwo ahitana.

Andi makuru umunyamakuru turakomeza kuyabagezaho kuko bikiba abaturiye uyu mupaka bahise bakwira imishwaro bararikuka.

Uyu mupaka ninawo ejobundi abakingomani bigaragambirije imbere yawo, bavuga ko bashaka kwinjira mu Rwanda bakica Abanyarwanda n’Umukuru w’Igihugu cyabo.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru