Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

½ cy’abagize guverinoma ya Afrika y’Epfo ni abagore

Friday 31 May 2019
    Yasomwe na

Perezida mushya wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yamaze gushyira hanze abazab
a bagize guverinoma nshya, nyuma y’iminsi mike arahiye.

Uyu muperezida yagaragaje intambwe iganje yo kubahiriza ihame ry’uburinganire akora ibyo abamubanjirije batigeze bakora. Iyi guverinoma nshya yavuye ku baminisiteri 36 abagira 28.

Perezida Ramaphosa yavuze ko impamvu yo kugabanya umubare w’abaminisitiri no kunganisha umubare w’abagore n’abagabo ari ukugira ngo yubahirize ihame ry’uburinganire, ubufatanye n’ubwuzuzanye, guhuza ibikorwa n’ingufu.
Perezida Ramaphosa yavuze ko abagize iyi guverinoma yabatoranije abanje gushishoza kuko yifuza abantu bafite imbaraga mu kumufasha gukosora ibibazo bikomeye byabaye mu bukungu bw’afurika y’epfo kandi ngo abizeyeho ubunararibonye mu gukoresha neza umutungo w’igihugu.

Mu byo perezida Ramaphosa ashyize imbere mu bigomba gukosorwa mu gihugu cye harimo kugabanya umubare w’abadafite imirimo, ubusumbane mu mibereho y’abaturage, gukuraho amacakubiri ashingiye ku moko n’ubwicanyi byagiye bigaragara muri Afurika y’epfo mu myaka itandukanye.
Olive MUKAHIRWA

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru