Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Abivuriza kuri mituweli 44% ni bo bamaze kwishyura umwaka wa 2021/2022

Monday 5 July 2021
    Yasomwe na

Mutungirehe Samuel

Ikigo k’igihigu Cy’Ubwiteganyirize RSSB, cyatangaje ko 44% by’abanyamuryango ba mituweli ari bo bamaze gutanga umusanzu w’umwaka wa 2021/2022.

Umubare munini w’Abanyarwanda ni uw’abivuza bakoresheje ubwisungane mu kwivuza bwa mituweli bakaba buri mwaka basabwa kwishyura umusanzu ihuye n’umubare w’abagize umuryango.

Gusa kuva umwaka ushize RSSB yemereye abanyamuryango ba mituweli ko usibye kuba wemererwa kwivuza ari uko hishyuwe imisanzu yose y’abagize umuryango binashoboka gutangira kwivuza mu gihe hishyuwe 75% by’umusanzu umuryango usabwa kwishyura ariko nyuma y’amezi atandatu hatarishyurwa indi misanzu isigaye ntibibe bigishoboka.

Kugeza ubu uturere tugize Umujyi wa Kigali ni two tuza mu myanya ya nyuma mu kwishyura ubwisungane bwa mituweli mu gihe kugeza ubu uturere dutatu two mu Majyepfo ari two tuza imbere.

Mu bari kwishyura mituweli harimo abakijujutira ko ikoranabuhanga riri kwifashishwa rigifite ibibazo kuko hari igihe basanga nta huzanzira rituma bamenya ibyiciro by’ubudehe bishyuriraho.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru