Friday . 17 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more
  • 26 March » VIBE yahanze imirimo igera ku bihumbi 43,000 ku rubyiruko rwo mu Rwanda – read more

Amasengesho ya Neymar Jr nayo gusubira muri Barcelona

Monday 14 January 2019
    Yasomwe na

Umukinnyi Neymar Jr kuri ubu uri gukinira ikipe ya PSG yo mu gihugu cy’ubufaransa, kurubu arifuza kugaruka mu ikipe ya FC Barcelona nubwo amaze gukina season 2 ariko ngo byanga bikunze agomba kuva muri PSG.

Ikinyamakuru EL Mundo Deportivo la Hispania, gitangaza ko papa wa Neymar yewe na Neymar ubwe bari gusenga amasengesho yo kugira ngo Neymar arebe ko yagaruka mu ikipe ya FC Barcelona yo mu gihugu cya ESPANYE.

Iki kinyamakuru gikomeza kivuga ko, Barcelona yamaze kwemera icyifuzo cya Neymar ariko mu rwego rwo kugira ngo agaruke yishyure umwenda ungana n’ama yero miliyoni 30 arimo iyi kipe ubwo yahagarikaga amasezerano niyi kipe mu mwaka wa 2017.

Bikaba biri no kuvugwa ko kurubu Neymar atishimiye habe na gato ikipe arimo ya PSG yo mu gihugu cy’Ubufaransa.

Mu gihe iyi myiteguro ya Neymar yo gusubira muri Barcelona ikirimo, iyi kipe nayo ikaba ishaka kugurisha byihuse phillipe coutinho kugira ngo bagabanye amafaranga yamwishyurwaga yongerwe kuya Neymar

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru