Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Amasengesho ya Neymar Jr nayo gusubira muri Barcelona

Monday 14 January 2019
    Yasomwe na

Umukinnyi Neymar Jr kuri ubu uri gukinira ikipe ya PSG yo mu gihugu cy’ubufaransa, kurubu arifuza kugaruka mu ikipe ya FC Barcelona nubwo amaze gukina season 2 ariko ngo byanga bikunze agomba kuva muri PSG.

Ikinyamakuru EL Mundo Deportivo la Hispania, gitangaza ko papa wa Neymar yewe na Neymar ubwe bari gusenga amasengesho yo kugira ngo Neymar arebe ko yagaruka mu ikipe ya FC Barcelona yo mu gihugu cya ESPANYE.

Iki kinyamakuru gikomeza kivuga ko, Barcelona yamaze kwemera icyifuzo cya Neymar ariko mu rwego rwo kugira ngo agaruke yishyure umwenda ungana n’ama yero miliyoni 30 arimo iyi kipe ubwo yahagarikaga amasezerano niyi kipe mu mwaka wa 2017.

Bikaba biri no kuvugwa ko kurubu Neymar atishimiye habe na gato ikipe arimo ya PSG yo mu gihugu cy’Ubufaransa.

Mu gihe iyi myiteguro ya Neymar yo gusubira muri Barcelona ikirimo, iyi kipe nayo ikaba ishaka kugurisha byihuse phillipe coutinho kugira ngo bagabanye amafaranga yamwishyurwaga yongerwe kuya Neymar

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru