Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more
  • 6 July » Spain na Portugal ziracakirana i Saa 21:00 mu mukino ukomeye uzakugena ikipe ikomeza muri 1/4 cy’Igikombe cy’Isi – read more

Imirenge 6 yo mu Majyepfo ishyizwe muri Guma mu Rugo y’ibyumweru 3

Tuesday 6 April 2021
    Yasomwe na

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu, (Minaloc) yatangaje ko imirenge itandatu yo mu turere twa Huye, Nyaruguru na Gisagara yashyizwe muri Guma mu rugo nyuma y’ubwiyongere bukabije bw’abandura Coronavirus.

Iyo mirenge ni uwa Ruhashya na Rwaniro muri Huye, Gikonko, Kansi na Mamba muri Gisagara ndetse n’umurenge wa Ruramba muri Nyaruguru.

MINALOC yavuze ko yafashe uwo mwanzuro nyuma yo gukora ubusesenguzi n’inzego z’ubuzima kandi imaze kubijyaho inama n’inzego bireba.

Umubare w’abarema amasoko muri iyo mirenge ugomba kugabanywa hagasigaramo abacuruza ibiribwa gusa.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.