Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Imirenge 6 yo mu Majyepfo ishyizwe muri Guma mu Rugo y’ibyumweru 3

Tuesday 6 April 2021
    Yasomwe na

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu, (Minaloc) yatangaje ko imirenge itandatu yo mu turere twa Huye, Nyaruguru na Gisagara yashyizwe muri Guma mu rugo nyuma y’ubwiyongere bukabije bw’abandura Coronavirus.

Iyo mirenge ni uwa Ruhashya na Rwaniro muri Huye, Gikonko, Kansi na Mamba muri Gisagara ndetse n’umurenge wa Ruramba muri Nyaruguru.

MINALOC yavuze ko yafashe uwo mwanzuro nyuma yo gukora ubusesenguzi n’inzego z’ubuzima kandi imaze kubijyaho inama n’inzego bireba.

Umubare w’abarema amasoko muri iyo mirenge ugomba kugabanywa hagasigaramo abacuruza ibiribwa gusa.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.