Friday . 17 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 10 April » Michigan yiyongereye kuzindi leta zibuka Jenoside yakorewe Abatutsi – read more
  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more

Kigali: Abafite imyaka 18 kuzamura basubukuriwe kwikingiza COVID19

Tuesday 31 August 2021
    Yasomwe na

Mutungirehe Samuel

Minisiteri y’’Ubuzima yatangaje ko yongeye gusubukura gahunda yo gutanga urukingo rwa COVID19 ku bafite imyaka 18 kuzamura, doze zose, guhera kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 1 Nzeri 2021.

Ni nyuma yo kumara iminsi ine babwiwe ko gutanga urukingo rwa mbere ku bafite imyaka kuva kuri 18 kuzamura bibaye bisubitswe ku bashaka doze ya mbere, bagategerezaigihe hazabonekera izindi nkingo, keretse abahabwa doze ya kabiri.

Ku bari mu ntara hanze y’Umujyi wa Kigali bo ibikorwa byo gukingira byarakomeje.

Minisiteri yUbuzima yasobanuye yiyemeje ko buri munsi izajya irara itangarije Abanyarwanda aho site z’ikingira ziherereye.

Abashaka gukingirwa barasabwa kugera aho bafatira urukingo bitwaje ibyangombwa bibaranga.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru