Friday . 17 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 10 April » Michigan yiyongereye kuzindi leta zibuka Jenoside yakorewe Abatutsi – read more
  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza yanze kuzitabira gushyingura Umugabo w’Umwamikazi w’Ubwongereza

Sunday 11 April 2021
    Yasomwe na

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Alexander Boris de Pfeffel Johnson yatangaje ko kubera impamvu zo kwirinda gukwirakwiza icyorezo cya Coronavirusi i Bwami mu Bwongereza atazitabira umuhango wo gushyingura Igikomangoma, Orince Philip, akaba n’Umugabo w’Umwamikazi w’Ubwongereza Elizabeth II.

Johnson yavuze ko kubera umubare muke w’abateganyijwe kujya muri ibyo birori kubera kubahiriza inganba zo kwirinda Coronavirusi, yemeye guharira ab’Ibwami hafi cyane bakaba ari bo bazajya gushyingura Prince Philip kuri Chapel yitiriwe Mutagatifu George ku Ngori ya Winsa.

Muri uyu muhango biteganyijwe ko azabawitabira batarenze 30 bityo Boris Johnson agasanga bikwiye ko hahabwa amahirwe cyane abo mu muryango wa Prince Philip n’i Bwami nk’Ibikomangoma, abuzukuru n’abavandimwe.

Prince Philip yitabye Imana ku wa Gatanu, tariki ya 9 Mata afite imyaka 99 y’amavuko.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru