Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Musanze:bamwe murubyiruko biteje imbere bihangira imirimo.

Monday 3 February 2020
    Yasomwe na

Yanditse na Alice Umugiraneza

Musanze bamwe murubyiruko bihangiye imirimo bakura amaboko mu mifuka aho bakora imirimo itandukanye harimo ubukorikori,ubugeni,ubukanishi bw’ibyuma byakoze,telephone,n’ubucuruzi bwibikoresho byakoze ndetse nibindi ururubyiruko ruvugako nyumo yokurangiza amashuri bakabura akazi bibumbiye hamwe baterana inkunga mu bushobozi bucyeya baribafite bakora itsinda rikora ubukorikori ubukanishi,ubucuruzi bw’ibikoresho byokoze aho kugeza ubu bamaze kuba koperative yitwa (ITECC)Innovation Technologs Electronics and communication coperative.

UWAMAHORO Chamimu: ubwo yaganiraga na mama u rwagasabo yavuze ko yishimira cyane intabwe agezeho abicyesha iyi koperative
Akomeza agira ati”ubungubu mfite aho ngeze byose mbicyesha kwitinyuka nkakura amaboko mu mifuka kuko icyonkeneye cyose nshobora kukibona ntawe ntezeho amabako”. Akomeza avuga ko yaje muriyi koperative avuye mugucuru bwa mobilemoney avugako harimo itandukaniro kuko amafaranga acuruza ubu atajyaga ayabona mbere mubyo yakoraga.Agira inama bagenzibe baba abagore n’abakobwa bacyicaye murugo guhaguruka bagakora bakareka kwitinya no kwisuzugura nabo barashoboye.

MURWANASHYAKA Gilbert: n’umunyeshuri muri kaminuza avugako nubwo arumunyeshuri nawe agomba gukora akagabanya gusaba ababye kandi afite barumunabe bakeneye kwitabwaho .yagize ati “
mubuzima busanzwe ndafotora,ngakora amamashusho(video) mu mubukwe,nkanayobora filime, naje muri iyi koperative ntagishoro gihagije afite mbanza gukorera abandi ariko muburyo bwokwitinyuka ubungubu ndishimira intabwe amaze gutera kuko ubungu afite icyerekezo cyiza fite naho abarizwa muburyo bwakazi n’umukiriya araza akagira ansanga.

Gilbert akomeza abwira bagenzibe b’urubyiruko baramukira kumuhanda batagira icyogukora bakwiye gushaka icyogukora, kazi ni kazi ntabwo icyerecyezo 2020 aramagambo gusa nuguhaguruka bagakora.

Umuyobozi wa koperative ITECC RWEMARIKA JUMA, avugako iyi Koperative ifite icyerekezo kirekire barashaka gukura urubyiruka mubushomeri bakabageza kukintu gifatika kuburyo niba umunyamuryango yarajemo afite ubukene ukabonako haricyahindutse mugihe atashoboraga kwigurira imwenda,telepfoni,ikibanza akaba yashobora kubyigurira `ukabonako harimpinduka nziza byamugijejeho.

Juma yagize ati “intumbero ya koperative yacu n’ugushishikariza abanyamuryango kukora bakagera kure byabangobwa bakava muribingibi agakora ni bindi bakangura ubumenyi,kandi abanyamuryango tubigisha n’uburyo bwo kwizigamira, bakoze amatsinda 2 harimo itsinda rigizwe n’abanyamuryango 30 bagahanahana amafaranga bakayaha umwe kugeza igihe bazagerwaho bose ,muri iri tsinda ryo umunyamuryango yitangira kugiticye igihe cyagera akagafata ayo yashyize mu isanduku y’ubwizigame,ibi bibafasha kumenya kwizigamira no gukorana ni bigo byimari”.

Akomeza avugako umunyamuryango w’ujuje ibisabwa hari umugabane shingiro atanga ungama ibihumbi ijana(100.000frw) kugirango yemererwe kuba umunyaryango.umuyobozi wa ITECC ati ariko nubwo bimeze bityo ntihaburamo imbogamizi ahogukorera harahenze kandi ubushobozi buracyarihasi, tubonye ntamuterankunga byadufasha kuko ubukode buhenze bituma igisho cyacu kitiyongera neza

koperative ITECC ikorera mu isoko ryakijyambere rya Musanze GOICO PLAZ Mu igorofa rya II ikaba igizwe n’abanyamuryango 92 abagabo ni 86 mugihe abagore 8 .

amashyirahamwe y’urubyiruke keshi avugako afite ikibazo kigishoro na bagerageje ntibabone inguzanyo kuko ingwate ntayo banke ntizibafashe usanga nuburyo buriho bwo gufasha urubyiruko abatabuzi kuko kubona amakuru kuribyo bitoroshye.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru