Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Nicolas Sarkozy wayoboye Ubufaransa yagarutse mu Rwanda

Thursday 28 January 2021
    Yasomwe na

Nicolas Sarkozy wahoze ari Perezida w’u Bufaransa ari mu Rwanda mu ruzinduko rwe bwite rukurikira urundi nk’uru yahagiriye mu myaka ibiri ishize.

Sarkozy yayoboye u Bufaransa hagati ya 2007 na 2012, ni we Perezida w’u Bufaransa wasuye u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Tariki ya 25 Gashyantare 2010, yemera ko muri ayo mateka mabi hari “amakosa yakozwe n’Abanyapolitiki b’u Bufaransa, amakosa yakozwe muri Opération Turquoise".

IGIHE dukesha iyi nkuru cyatangaje ko uruzinduko rwa Sarkozy yagiriye mu Rwanda, rwabaye umwanya mwiza kuri we wo gusura bimwe mu bice nyaburanga by’igihugu, by’umwihariko kuri uyu wa Kane yasuye Ingagi mu Birunga.

Mu 2018 ubwo yazaga mu Rwanda yari kumwe n’Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gikora Ubwikorezi bw’Ibicuruzwa byambuka Imipaka mu ndege, ku butaka no mu mazi, Cyrille Bollorép.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru