Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Nyaruguru ku isonga/Urutonde rw’uturere mu kwesa imihigo y’umwaka 2019/2020

Friday 30 October 2020
    Yasomwe na

MUTUNGIREHE SAMUEL

Akarere ka Nyaruguru kahize utundi mu kwesa imihigo y’umwaka wa 2019/2020 n’amanota 84%.

Umuhango wo gutangaza uko uturere twahize utundi mu kugera ku mihigo twasinyanye na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika wabereye i Nyagatare mu ntara y’Iburasirazuba ahateraniye abayobozi bakuru b’igihugu, nyuma y’imyaka ibiri umuhango wo gusinya imihigo utaba.

Urutonde rw’uturere uko twarushanyije mu kwesa imihigo ya 2019/2020

1. Nyaruguru 84%, 2. Huye 82.8%, 3. Rwanagana 82.4%

4. Gisagara 78.3%, 5. Nyanza 77.9%, 6. Nyamasheke 77.4%

7. Ngoma 77.3%, 8. Kicukiro 77.1%, 9. Gasabo 76.4

10. Kirehe 76.2%, 11. Kayonza 73.9%, 12. Kamonyi 73.6%

13. Nyagatare 69.3%, 14. Gicumbi 68.7%, 15 Bugesera 68.5%,

16. Gatsibo 68.4%, 17. Ruhango 67.9%, 18. Rubavu 67.8%,

19. Burera 66%, 20. Nyamagabe 65%, 21. Rutsiro 64.6%,

22. Nyarugenge 62.6%, 23. Rulindo 62.3%, 24. Ngororero 61.5%,

25. Muhanga 58.7%, 26. Gakenke 55.9, 27. Musanze 53.2%,

28. Nyabihu 52.9%, 29. Karongi 51.2% 30. Rusizi 50%

Twakibutsa ko Umuyobozi w’akarere ka Nyaruguru kabaye aka mbere ari Habitegeko Francois, ari nawe umaze igihe kinini ku buyobozi muri bagenzi be bayobora utundi turere.

Muri rusange ku rwego rw’uturere imihigo yagezweho ku kigero cya 68.44%.

Ku rwego rw’intara, intara y’Iburasirazuba yaje ku mwanya wa mbere n’amanota 73.7%, Amajyepfo 73.58%, Umujyi wa Kigali 72.5% Amajyaruguru 61.2%, Uburengerazuba 60.8%.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru