Thursday . 19 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 March » Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz – read more
  • 13 March » Donald Trump yatangaje ko yashimishijwe no kwica abayobozi ba Iran – read more
  • 12 March » Inkangu zahitanye abantu 60 muri Ethiopia – read more
  • 11 March » U Rwanda rwitabiriye PISA 2025 mu rwego rwo kunoza ireme ry’uburezi, ntabwo ari amarushanwa – read more
  • 11 March » M23 yemeje ko FARDC yarashe muri Goma – read more

Perezida Kagame yashyizeho Minisiteri w’Uburezi mushya

Wednesday 11 September 2024
    Yasomwe na

Perezida Paul Kagame yashyizeho Minisiteri w’Uburezi mushya, usimbuye Twagirayezu Gaspard.

Ni impinduka zitangajwe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe (Primature), aho Perezida Kagame yashyizeho abayobozi batatu mu nzego za Leta.

Itangazo rivuga ko Joseph Nsengimana yagizwe Minisitiri w’Uburezi, umwanya yasimbuyeho Twagirayezu Gaspard wari utaramara umwaka muri iyi Minisiteri.

Minisitiri w’Uburezi mushya

Twagirayezu Gaspard yahise agirwa Umuyobozi Mukuru w’Urwego rushinzwe idanzure, urwego rushya mu nzego igihugu cyari gifite.

Iri tangazo kandi rivuga ko Nelly Mukazayire yagizwe Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo, umwanya wari umaze iminsi wirukanyweho Zephanie Niyonkuru, uyu kandi ntabwo akaba yari yarangiye muri Minisiteri ya Siporo yirukanywe mu Rwego rw’Iterambere RDB aho yari Umuyobozi Mukuru wungirije warwo.

Izi mpinduka mu bagize Guverinoma y’u Rwanda zibaye mu gihe tariki ya 16 Nzeri 2024 aribwo Perezida Kagame yashyizeho abagize Guverinoma, barahira nyuma y’iminsi itatu gusa.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru