Tuesday . 26 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Perezida Kagame yamuhurije abakeka ko Congo yatera u Rwanda
Perezida Kagame yamuhurije abakeka ko Congo yatera u Rwanda

Mu kiganiro n’Abanyamakuru, kuri uyu wa Gatatu, Perezida Paul Kagame yasubije abibaza niba Congo itazashyira igashoza intambara yeruye ku Rwanda.
Ababyibwira, kimwe na Kakooza Nkuriza Charles, uzwi mu itangazamakuru nka KNC, babihera ku magambo y’abasirikare ba Congo bajya bumvikana bavuga ko biteguye gutera u Rwanda mu mugambwi wo kurwoneka kuri Congo tukaba intara ya 8 yindi yarwo.
Yababije agira ati: "Umubaga Mukuru wungirije w’ingabo za Congo, Gen Chiwewe Chiko yitangarije yuko amaze (…)

424 Shares 4 Comments
Ikibazo cy'amarerero make mu Rwanda gishobora kuba kigiye kuvugutirwa umuti
Ikibazo cy’amarerero make mu Rwanda gishobora kuba kigiye kuvugutirwa umuti

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Ikibazo kijyanye cy’amarerero y’inshuke cyagarutsweho mu nama y’Igihugu y’umushyikirano yateranye ku nshuro ya 18 aho abaturage bahamya ko ibigo mbonezamikurire bikiri bike ugereranyije n’abana bakigaragara hirya no hino mu gihugu bari mu mirire mibi.
Bamwe mu baturage batanze ibitekerezo bari bakurikiranye iyi nama bagaragaje akamaro k’amarerero ndetse bavuga ko akiri make basaba ko yakongerwa.
Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Barashinja Ishuri rya Ecole de Science de Musanze kubateza umunuko ukabije
Barashinja Ishuri rya Ecole de Science de Musanze kubateza umunuko ukabije

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage baturanye n’Ishuri ryisumbuye rya Ecole de Science de Musanze ndetse n’abakoresha umuhanda Musanze-Rubavu baravuga babangamiwe n’umunuko uturuka mu bwiherero bw’iri shuri bwuzuye ntibuvidurwe.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga aho iri shuri ryubatse mu murenge wa Musanze, mu kagari ka Rwambogo, bagasaba ko ubuyobozi bwagira icyo bukora bukabakiza umunuko.
Tuyiringire Emmanuel ukora umwuga (…)

424 Shares 4 Comments
Minisitiri Dr.Ngirente yahumurije Abanyarwanda ku izamuka ry'ibiciro
Minisitiri Dr.Ngirente yahumurije Abanyarwanda ku izamuka ry’ibiciro

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Izamuka ry’ibiciro ku masoko ni kimwe mu kibazo cyagarutsweho na benshi mu nama y’Igihugu y’Umushyikirano ku nshuro ya 18 aho Abanyarwanda benshi bari biteze kumva icyo bavuga ku kibazo cy’izamuka ry’ibiciro by’ibiribwa ku masoko.
Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yahumurije abaturarwanda kuri iki kibazo, avuga ko nubwo batakiganiriyeho birambuye bitavuze ko guverinoma yabatereranye.
Yagize ati: "Ndagira ngo ntange ubutumwa bw’ihumure, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yavuze impamvu Nyagatare yabimburiye utundi turere Burera ikaduheruka
Perezida Kagame yavuze impamvu Nyagatare yabimburiye utundi turere Burera ikaduheruka

Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Ubwo hamurikwaga uko uturere twarushanyije mu kwesa imihigo y’umwaka wa 2022, Perezida Kagame yaketse zimwe mu mpamvu zatumye akarere ka Burera kaba akanyuma bifitanye isano na Nyagatare yaje ku mwanya wa mbere.
Perezida Kagame yavuze ko imyanya y’utwo turere ifitanye isano n’ikinyobwa cya Kanyanga kihinjirira kiva mu gihugu gituranyi.
Yagize ati: "Nahoze numva uko basomaga amazina, Burera niyo yaje, yabaye iya mbere uhereye hasi, uhereye inyuma, buriya (…)

424 Shares 4 Comments
Abaturarwanda bakomeje kwiyongera, mu cyaro nibo benshi
Abaturarwanda bakomeje kwiyongera, mu cyaro nibo benshi

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Imibare y’ibarura rusange ry’abaturage ryabaye mu kwezi kwa Kanama 2022, rigaragaza ko imibare y’abatuye mu Rwanda igenda yiyongera aho kuri ubu bageze kuri miliyoni 13,246,394, bavuye kuri miliyoni 10,5 bariho mu mwaka wa 2012.
Ni ibarurarusange rya 2022 ryakozwe mu kwezi kwa Kanama, aho bagiye basura urugo ku rundi bamenya abarugize, ibyo rutunze ndetse n’imibereho yarwo.
Nkuko Abanyarwanda bose bari bafite amatsiko yo kumenya ibyavuye mu Ibarura (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Basabwe gufata neza ibyo bahawe mu rwego rwo guha Perezida agaciro
Musanze: Basabwe gufata neza ibyo bahawe mu rwego rwo guha Perezida agaciro

Yanditswe na Umugiraneza Alice
Kuri uyu wa gatanu mu karere ka Musanze mu mirenge ya Kinigi na Nyange hatashywe inzu 26 zubakiwe abatishoboye, abazihawe basabwa gusigasira izo nzu bibutswa ko nibazifata nabi bazaba batengushye Umukuru w’Igihugu.
Ni inzu zatanzwe n’umuterankunga Sacola, nk’ibyabo muri gahunda yo kugira umuryango utekanye.
Umuyobozi wa karere ka Musanze Ramuli Janvier nk’umushyitsi mukuru yasabye abagenerwabikorwa gusigasira ibyo bahawe.
Yagize ati: "Abagenerwabikorwa (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yabajije abayobozi ibyo bahugiyemo kugeza ubwo abaturage batabaza ku mbuga nkoranyambaga
Perezida Kagame yabajije abayobozi ibyo bahugiyemo kugeza ubwo abaturage batabaza ku mbuga nkoranyambaga

Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 18, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yanenze abayobozi mu nzego za Leta batita ku bibazo by’abaturage, yibaza ibyo bahugiyemo kugeza ubwo abaturage bahitamo gutabaza binyuze ku mbuga nkoranyambaga bahuriraho n’abandi bantu.
Yabivuze ubwo yafunguraga Inama y’Umushyikirano 18 yongeye kuba nyuma yo gusubikwa kenshi kubera amabwiriza yo kwirinda COVID-19 yabuzaga abantu guteranira hamwe, iyaherukaga yabaye mu 2019 (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kumurika imico bituma abanyeshuri batishishanya-Padiri Dr. Jean Bosco
Kumurika imico bituma abanyeshuri batishishanya-Padiri Dr. Jean Bosco

Yandutswe na Ndayambaje Jean Claude
Ku nshuro ya kabiri mu ishuri rikuru rya Ines Ruhengeri hamuritswe imico itandukanye (Intercultural day) y’abanyeshuri baryigamo baturutse mu bihugu 18 byo ku mugabane w’Afurika n’i Burayi.
Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Gashyantare 2023 ku cyicaro cy’iri shuri riherereye mu karere ka Musanze, aho abanyeshuri bagiye berekana imico y’iwabo binyuze mu guteka ndetse n’imbyino zabo.
Bamwe mu baganiye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Abahoze mu mitwe yitwaje intwaro nka FDLR bahawe ibikoresho bizabafasha kubyaza umusaruro ibyo bize
Musanze: Abahoze mu mitwe yitwaje intwaro nka FDLR bahawe ibikoresho bizabafasha kubyaza umusaruro ibyo bize

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu bahoze mu mitwe yitwaje intwaro mu mashyamba ya Congo irimo na FDLR bagera kuri 546 baravuga ko bagiye kubyaza umusaruro ibikoresho bahawe bashyira mu ngiro ibyo bize.
Baganiye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo kuri uyu wa Kane ubwo basezererwaga mu Kigo cya Mutobo giherereye mu karere ka Musanze. Bashimangira ko leta y’u Rwanda ari umubyeyi ngo kubera batigeze barota inzozi z’ubuzima bariho uyu munsi bagasaba bagenzi babo gutaha vuba (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru