Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Mutarama 2023 mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare i Nyakinama mu karere ka Musanze hamurikiwe umuco w’ibihugu 11 n’u Rwanda rurimo.
Ni umunsi usanzwe uba buri mwaka, aho ingabo zituruka mu bihugu bitandukanye zimurika imico itandukanye y’Ibihugu baturukamo binyuze mu mbyino, guteka, imyambarire ndetse bakiga n’amateka n’umuco wa buri Gihugu hagamijwe kumenyana, kwiyumvanamo mu gihe baba bahuriye ahantu hatandukanye mu (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Bamwe mu babyeyi bo mu Murenge wa Rwaza, Akagari ka Nturo mu karere ka Musanze bavuga ko baheruka biyandika ku ma lisite y’abazafata ifu y’inyunganiramirire izwi nka Shisha Kibondo ngo ariko amaso yaheze mu kirere.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge wa Rwaza binubira uburyo
Ni ababyeyi bari mu kiciro cya mbere n’icya Kabiri cy’Ubudehe bavuga ko bamaze igihe kirekire biyandikishije ku rutonde rw’abazafata iyi (…)
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu itsinda ry’Abayobozi n’abaturage bo mu Burundi riyobowe na Musitanteri wa Komine Ntega bashyikirije u Rwanda inka y’umuturage witwa Nsanzimfura Tharcisse yibwe igafatirwa muri icyo gihugu.
Iyo nka yari yaribwe n’Umurundi kuwa 12/07/2021, hashize umwaka n’igice.
Umuhango w’ihererekanya wabereye mu Murenge wa Gishubi ku nkombe z’umugezi utandukanya u Rwanda n’u Burundi. Wayobowe n’Umuyobozi w’akarere ka Gisagara, Rutaburingoga Jerome, ari kumwe n’abandi (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Hashize igihe kirekire abagenzi n’abanyura mu karere ka Gakenke binubira kuba nta gare ijyanye n’igihe ihari ndetse bamwe bagiye babifata nko kwirengagizwa ku cyifuzo cyabo, kuri ubu ubuyobozi bwatangaje igisubizo.
Mu kiganiro cyihariye umuyobozi w’Akarere ka Gakenke, Nizeyimana Marie Vianney yagiranye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo, yavuze ko kuba badafite gare nabo ari ikibazo kibahangayikishije ariko ngo byatewe n’ingengo y’imari.
Yakomeje agira (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abaturage bo mu Kagari ka Gitare mu murenge wa Base mu karere ka Rulindo baravuga ko batazi impamvu ivuriro ry’amatungo bifashshaga ritagikora.
Bavuga ko Iri vuriro rigikora bazaga gukingiza inka ndetse bakaza no guterezamo intanga ku buryo byaboroheraga kubona imiti yaba iy’amatungo maremare n’amagufi.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge wa Base, basaba ko ubuyobozi bwajya bubanza kubasobanurira (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ubwo abanyamuryango ba FPR Inkotanyi bo mu Murenge wa Kinigi mu kagari ka Nyabigoma bizihizaga imyaka 35 uyu muryango umaze uvutse bavuze ko batacyikanga abacengezi bagiye bibasira aka gace mu myaka yo hambere.
Aba banyamuryango ba FPR Inkotanyi bongeye gushimangira ko baryama bagasinzira neza kubera imiyoborere myiza ya Perezida Kagame wabasezeranyije icyizere cyo kugira umutekano usesuye.
Bamwe mu baganiriye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo bavuze (…)
Abasirikare b’ingabo z’u Rwanda batangiye kwambara amapeti mu gituza ku myambaro isanzwe, bitandukanye n’uko yajyaga yambarwa ku ntugu.
Ni icyemezo cyatangiye kubahirizwa kuri uyu wa Mbere tariki 9 Mutarama 2023, kuri ba ofisiye n’abasirikare bato ku myambaro isanzwe y’akazi, yifashishwa nko mu gucunga umutekano cyangwa ku rugamba (combat uniform / field uniform).
Gusa ku bambara impuzakano yagenewe kwambarwa mu biro cyangwa mu birori ho amapeti azakomeza kwambarwa ku ntugu.
Haba kuri (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ku wa kane tariki ya 5 Mutarama 2023, mu masaha y’ikigoroba mu karere ka Musanze haturutse inkuru y’incamugongo ko Ndamiyabo Ferdinand wari umukozi muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga yitabye Imana nyuma kugwa mu nzu isanzwe ikorerwamo imyitozo ngororamubiri, ahazwi nko kwa Mujomba (Up town GYM).
Yari mugabo w’imyaka 41 wari ushinzwe kuyobora ba mukerarugendo (Guide), bivugwa ko yuriye imashini yo kwiruka kubera umuvuduko yari iriho, imukubita hasi (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abanyamuryango ba RPF Inkotanyi bo mu Murenge wa Kinigi, mu kagari ka Nyonirima ku bufatanye na RAB baremeye abaturage mu rwego rwo gukomeza kwizihiza isabukuru y’imyaka 35 umuryango umaze uvutse.
Bamwe mu baremewe bavuze ko iki gikorwa cyabashimishije ndetse bemeza ko ibyo bahawe bigiye kubafasha guhangana n’imirire mibi mu bana.
Ibyo bahawe birimo imbuto y’ibirayi ndetse n’inkoko zo korora.
Umwe muri aba baturage witwa Ahobantegeye Godance (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu duce tumwe na tumwe two mu karere ka Gakenke hakomeje kugaragaramo umwanda ukabije mu mabagiro amwe namwe ku buryo usanga hari abo kugira isuku aho bakorera bisa n’ibitabareba.
Ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga mu murenge wa Cyabingo ahakorera ibagiro riherereye mu kagari ka Mutanda mu mudugudu wa Kanyamukenke mu gasantere ka Nyirantama yasanze umwanda wuzuye muri iri bagiro.
Bamwe mu baturage bakunze kugura akaboga muri iri bagiro (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.




















