Tuesday . 26 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Hari icyizere ko U Rwanda ruzakomeza kugira Intwari-CHENO
Hari icyizere ko U Rwanda ruzakomeza kugira Intwari-CHENO

Umunyambanga Nshingwabikorwa w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Intwari z’Igihugu, Nkusi Deo, yatangaje ko u rwanda rugifite abaturage bazavamo intwari muri ibi bihe ndetse n’ibizaza hakurikijwe indangagaciro bagaragaza.
Yabitangarije RBA ubwo Umukuru w’igihugu Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bari bamaze gushyiraga indabo ku kimenyetso cy’Intwari giherereye ku Gicumbio cy’intwari i Remera mu Mujyi wa Kigali mu muhango wo kwizihiza Intwari z’u rwanda uba buri tariki ya Mbere (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame na Madam bashyize indabo ku kimenyetso cy'Intwari
Perezida Kagame na Madam bashyize indabo ku kimenyetso cy’Intwari

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bashyize indabo ku kimenyetso cy’Ubutwari bunamira Intwari nk’icyimenyetso cyo kuziha icyubahiro kubwo kwitangira u Rwanda.
Ni umuhango wabereye ku Gicumbi cy’intwari i Remera mu Mujyi wa Kigali, mu kwizihiza Umunsi w’Intwari ku nshuro ya 29.
Umuhango wo kwizihiza Intwari wabereye mu gihugu hose ku rwego rw’umudugudu, aho abaturage baganirijwe ku butwari bwaranze Abanyarwanda n’intwari zitangiye igihugu mu bihe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Amanota y'u Rwanda mu kurwanya ruswa akomeje kugabanuka
Amanota y’u Rwanda mu kurwanya ruswa akomeje kugabanuka

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Raporo nshya y’Umuryango Mpuzamahanga urwanya Ruswa n’Akarengane ku Isi, (Transparency International), yashyize u Rwanda ku mwanya wa 54 ku Isi mu kugira ruswa nke, rumanukaho amanota 2.
Ni raporo yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kabiri i Kigali, harebwa uko Umuryango TI wasanze ibihugu bikomeje guhangana no kumungwa na ruswa barebeye mu nzego zitandukanye zatanze amakuru.
Iyi raporo igaragaza ko u Rwanda rufite amanota ya 51% ruvuye kuri 53% (…)

424 Shares 4 Comments
Burera: Imboni z'umutekano zirashyirwa mu majwi gukingira ikibaba abinjiza magendu mu Rwanda
Burera: Imboni z’umutekano zirashyirwa mu majwi gukingira ikibaba abinjiza magendu mu Rwanda

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Burera by’umwihariko abaturiye umupaka wa Cyanika uhuza u Rwanda na Uganda baravuga ko urubyiruko rwitwa Imboni z’umutekano bagira uruhare mu kwinjiza magendu mu Rwanda.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Cyanika aho batunga agatoki bagenzi babo barimo n’urubyiruko rw’imboni z’umutekano kwemerera abantu kwinjiza magendu ziciye mu nzira z’ubusamo.
Abaganiriye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kigali: Urubyiruko rwafashe iya mbere mu bikorwa by'ubutwari
Kigali: Urubyiruko rwafashe iya mbere mu bikorwa by’ubutwari

Umwanditsi
Mu gihe habura umunsi umwe ngo u Rwanda rwizihize Umunsi w’intwari ku nshuro ya 29, hari bamwe mu rubyiruko basuye abana bafite ibibazo bitandukanye basangira nabo, bavuga ko babikoze bagera ikirenge mu cy’Intwari zitangiye u Rwanda.
Shumbusho Augustin ni umwe mu bahoze mu buzima bwo mu muhanda, bashinze umureyango utari uwa leta ‘Ohodi Igihumure’, avuga ko basuye abana babikomoye ku bwitange bwaranze intwari z’u Rwanda. Shumbusho Augustin
Yagize ati: “Burya intwari yigomwa (…)

424 Shares 4 Comments
Uruhimbi ruzakirirwaho Papa Francisco rwatwawe n'umuyaga
Uruhimbi ruzakirirwaho Papa Francisco rwatwawe n’umuyaga

Kuri uyu wa mbere kuri stade ya Martyrs i Kinshassa muri DRC uruhimbi ruzakirirwaho Papa Fransis rwatwawe n’umuyaga habura amasaha make ngo agere muri iki gihugu.
Amakuru y’ibanze atangazwa n’ikinyamakuru okapinews.net cyandikirwa muri Congo aravuga ko inkubi y’umuyaga yibasiye Kinshassa ariyo yasenye urwo ruhimbi.
Ababonye ibi biba barimo kwibaza niba ari impanuka cyangwa haba hari undi mugambi ubyihishe inyuma, gusa abubakaga urwo ruhimbi bemeje ko byatewe n’umuyaga ufite ingufu na (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
"Tudafite Intwari ntitwagira agaciro": Hon.Mbabazi
"Tudafite Intwari ntitwagira agaciro": Hon.Mbabazi

Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Minisitiri yavuze ko umuco w’ubutwari ari umurage Abanyarwanda bakomora ku bakurambere barwo, yibutsa ko hatabayeho intwari hari byinshi bitagerwaho.
Yabitangaje mu kiganiro kuri televiziyo y’igihugu kuri iki cyumweru dusoje mu kiganiro gitegura umunsi w’Intwari uzizihizwa ku nshuro ya 29 u Rwanda rubohowe, ikiganiro cyarimo abandi bahagariye inzego zirimo Ingabo ’u Rwanda, urubyiruko na diyasipora nyarwanda.
Minisitiri Mbabazi yavuze ko Intwari abantu (…)

424 Shares 4 Comments
Ibikubiye mu kiganiro Perezida Kagame yagiranye na Jeune Afrique: Ibibazo n'ibisubizo
Ibikubiye mu kiganiro Perezida Kagame yagiranye na Jeune Afrique: Ibibazo n’ibisubizo

Perezida Paul Kagame yashyize umucyo ku bibazo bya M23 u Rwanda rushinjwa gufasha; asobanura byimbitse umuzi w’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Congo n’uburyo Tshisekedi na Kabila bananiwe kubahiriza ibyo bari biyemeje bigamije gucyura impunzi.
Umukuru w’Igihugu yabigarutseho mu kiganiro kirekire yagiranye n’Umwanditsi Mukuru wa Jeune Afrique, François Soudan. Cyabaye ku wa 17 Mutarama 2023, muri Village Urugwiro.
Yavuye imuzi ibibazo by’umutekano muke muri RDC, avuga uburyo yabajije (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Menya itandukaniro ry'Impeta z'Ishimwe zimaze guhabwa abagera ku 3000
Menya itandukaniro ry’Impeta z’Ishimwe zimaze guhabwa abagera ku 3000

Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’ishimwe CHENO ruvuga ko mu Rwanda hari impeta z’ishimwe zirindwi zihabwa abantu batandukanye bitewe n’ibyo bakoze.
Ubusanzwe impeta y’ishimwe ni ikimenyetso cy’ishimwe umuntu ahabwa n’ubuyobozi bukuru bw’igihugu kubera ibikorwa by’ikirenga yakoze bifitiye abandi akamaro.
Umuyobozi Mukuru wa CHENO, Nkusi Deo, yavuze ko mbere yo guhabwa impeta z’ishimwe bisaba kwemezwa n’uru rwego bigashyikirizwa Inama y’Abaminisitiri kugira ngo (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze-Nyange: Babangamiwe n'umunuko uva mu bwiherero rusange bufatanye na Kaburimbo
Musanze-Nyange: Babangamiwe n’umunuko uva mu bwiherero rusange bufatanye na Kaburimbo

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu batuye mu mudugudu wa Muhe, mu kagari ka Cyivugiza mu umurenge wa Nyange mu karere ka Musanze baravuga ko babangimiwe n’umunuko uturuka mu bwiherero rusange bivugwa ko bwuzuye bugafungwa ariko bukaba budakorerwa isuku.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga aho batuye, basaba ko hagira igikorwa vuba ndetse bamwe bavuga ko biteye isoni kuba mu gace k’ubukerarugendo hagaragara icyo kibazo.
Umwe mubo twaganiye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru