Tuesday . 26 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Abahoze mu mitwe yitwaje intwaro irimo FDLR barishimira uburyo babayeho mu Rwanda
Abahoze mu mitwe yitwaje intwaro irimo FDLR barishimira uburyo babayeho mu Rwanda

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu bahoze mu mitwe yitwaje intwaro mu mashyamba ya Congo irimo FDLR bagera kuri 70 baherutse guhatahuka mu Rwanda baravuga ko ubuzima barimo butandukanye nubwo bari babayeho bagasaba bagenzi babo gutaha.
Abaganiriye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo, mu buhamya bwabo bavuze ko mbere bacibwaga intege zo gutaha mu rwavabyaye bazi ko nibagera mu Rwanda bazicwa ariko ngo ’siko bimeze’.
Umwe muri bo witwa Uwiduhaye Marie Chantal yagize ati: "Muri (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Amaze imyaka 8 ari kuborera mu bitaro bya Ruhengeri yabuze ubuvuzi
Musanze: Amaze imyaka 8 ari kuborera mu bitaro bya Ruhengeri yabuze ubuvuzi

Yanditswe na Umugiraneza Alice
Habyarimana wahoze atuye mu mudugudu wa Rubara, Akagari ka Kampanga, Umurenge wa Kinigi mu karere ka Musanze amaze imyaka umunani (8) arembeye mu bitaro bikuru bya Ruhengeri kubera kubura amafaranga asabwa ngo avurwe imvune ikomoka ku mpanuka yakoze yikoreye amapoto y’ikigo cy’amashanyarazi (REG).
Avuga ko yakoze impanuka ubwo ari kumwe na bagenzi be bikoreye amapoto baterujwe n’uwari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akagali ka Nyonirima.
Ubwo bari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Wisdom Schools yashyize igorora abana bashaka kujya kwiga mu mahanga
Wisdom Schools yashyize igorora abana bashaka kujya kwiga mu mahanga

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ubuyobozi bw’ishuri rya Wisdom Schools burahamagarira ababyeyi bafite abana bifuza kujya kwiga mu mahanga ko iri shuri ryamaze kugirana amasezerano n’andi mashuri akomeye yo mu bihugu bya Canada na America, aho abanyeshuri bafite ubuhanga bagiye kujya bahabwa buruse.
Mu kiganiro umuyobozi wa Wisdom Schools Bwana Nduwayesu Elie yagiranye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo, yavuze ko bagiye gutangira guha amahirwe abana b’Abanyarwanda yo kujya (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Batewe impungenge n'urugomo rw'insoresore ziyise "Abanyecadi"
Musanze: Batewe impungenge n’urugomo rw’insoresore ziyise "Abanyecadi"

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Musanze, Akagari ka Garuka, bavuga ko batewe impungenge n’insoresore ziyise "Abanyecadi" bakomeje kwishora mu kirombe cya Kanganwa bacukuramo umucanga n’itaka rwihishwa bahohotera abaturage.
Ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga ahari iki kirombe mu mudugudu wa Kanganwa yatunguwe no kubona zimwe mu izo nsoresore ziri mu kirombe kizwi nka Kanganwa, zimukubise amaso zakwiye imishwaro ziramuhindukirana nawe akizwa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abakirisitu ba EAR Diyoseze ya Shyira basabwe kuba umusemburo w'impinduka nziza mu bibazo byugarije imiryango
Abakirisitu ba EAR Diyoseze ya Shyira basabwe kuba umusemburo w’impinduka nziza mu bibazo byugarije imiryango

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru Nyirarugero Dancilla, yasabye abakirisitu basengera mu Itorero EAR/Diyoseze ya Shyira kuba umusemburo w’impinduka nziza mu bibazo byinshi byugarije umuryango ndetse, bakaba bandebereho aho batuye.
Babisabwe kuri iki cyumweru tariki ya 19 Gashyantare 2023 ubwo abarobanuriwe kwinjira mu murimo w’Imana w’Ubudiyakoni n’Ubupasiteri bose hamwe uko ari 21.
Rev.Habimana Alexander, umwe mu baronanuriwe kuba Pasiteri yavuze (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Hari poste de sante imaze imyaka 2 yubatswe idakora
Musanze: Hari poste de sante imaze imyaka 2 yubatswe idakora

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu murenge wa Musanze hari abaturage bubakiwe ivuriro ry’ingoboka (Post de Sante) ariko rimaze imyaka ibiri ridakora.
Ni ivuriro rya Kabazungu ryubatse mu kagari ka Kabazungu mu murenge wa Musanze.
Abaturage babwiye umunyamakuru wa mamaurwagasabo ko bagikoresha amasaha arenga atatu bagiye kwivuriza mu kigo nderabuzima cya Bisate, abandi bakerekeza mu murenge wa Shingiro mu gihe bumvaga ko bagiye kuruhuka izo ngendo.
Umwe mu babyeyi witwa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Abatuye muri Remera baracyagorwa no kugeza umusaruro ku isoko
Musanze: Abatuye muri Remera baracyagorwa no kugeza umusaruro ku isoko

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abaturage bo mu Murenge wa Remera mu karere Musanze baravuga ko bakigorwa no gukora ingendo bitewe n’imihanda idakoze neza bikadindindiza iterambere ryabo.
Ni kimwe mu bibazo bagejeje kuri Guverineri w’intara y’Amajyaruguru, Dancilla Nyirarugero ubwo yari yitabiriye inteko y’abaturage yabereye mu murenge wa Remera, bamusaba ko bakurwa mu bwigunge bwo kutagira imihanda myiza. Bamwe mu baganiye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo bavuze ko bibagora kugera (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Baratabaza Perezida Kagame, Impuruza ku buzima bw'abaturage barara hanze
Musanze: Baratabaza Perezida Kagame, Impuruza ku buzima bw’abaturage barara hanze

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu banyarwanda bazwi nk’abasigajwe inyuma n’amateka bo mu karere ka Musanze, umurenge wa Musanze, Akagari ka Kabazungu mu mudugudu wa Rwunga baratabaza Perezida Kagame kubera ko barambiwe kurara hanze.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Musanze aho batuye mu nzu bigaragara ko zabasaziyeho, bakifuza ko bakubakirwa bagatura ahantu heza, cyane ko batishoboye.
Bavuga ko ikibazo cyabo babona ari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Pasiteri yaguwe gitumo arimo gusambanya umugore w'abandi
Musanze: Pasiteri yaguwe gitumo arimo gusambanya umugore w’abandi

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ahagana saa 13h30’ zamanywa nibwo inkuru yabaye kimomo ko hari umupasiteri ukorera umurimo mu itorero rya ADEPR mu Karere ka Nyabihu, yafatiwe mu icumbi ryo mu Kinigi ryitwa (No Stress Bar and Lodge), arimo gusambanya umugore wundi mugabo.
Umugabo w’uyu mugore ngo akimara kumenya ko Pasiteri ari kumusambanyiriza umugore muri iyo Lodge yahise yiyambaza inzego z’umutekano, nk’uko byemejwe n’umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru, akaba (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze-Gacaca: Babangamiwe n'ikimoteri gikomeje kubatera umunuko ukabije
Musanze-Gacaca: Babangamiwe n’ikimoteri gikomeje kubatera umunuko ukabije

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze mu murenge wa Gacaca, Akagari ka Karwasa, barinubira ikimoteri cy’isiko rya Karwasa kibateza umunuko ukabije, bakifuza ko ubuyobozi bwagira icyo bukora.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge wa Gacaca ahashyizwe ikimoteri kiri hagati mu ngo z’abaturage, bagasaba ko cyakimurirwa ahandi hadashyira ubuzima bwabo mu kaga.
Umwe mu baturage baturiye iki kimoteri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru