Friday . 20 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Nyabihu: Ababyeyi barashimira ibigo mbonezamikurire byababereye igisubizo mu kugabanya igwingira
Nyabihu: Ababyeyi barashimira ibigo mbonezamikurire byababereye igisubizo mu kugabanya igwingira

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abayeyi bo mu Ntara y’Iburengerazuba, mu karere ka Nyabihu baravuga ko bishimira kuba baregerejwe ibigo mbonezamikurire y’abana bato kuri ubu ngo bakaba baremeye gutunganya indyo yuzuye.
Babisabwe kuri uyu wa Gatatu tariki 08 Gashyantare 2023, ubwo hizihizwaga Umunsi wahariwe imbonezamikurire y’abana bato (ECD day) mu Ntara y’Iburengerazuba wizihirijwe mu Karere ka Nyabihu.
Bamwe mu babyeyi bavuga ko bishimira kuba bafite ingo mbonezamikurire zaje (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yijeje Isi ko nta Jenoside na FDLR bizongera kugera mu Rwanda
Perezida Kagame yijeje Isi ko nta Jenoside na FDLR bizongera kugera mu Rwanda

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yasezeranyije Abanyarwanda n’Isi muri rusange ko azakora ibishoboka byose umutwe w’Iterabwoba wa FDLR ntukomeze kugaba ibitero ku Rwanda, kandi ko na Jenoside itazongera kuba ukundi.
Yabivuze kuri uyu wa Gatatu ubwo yakiraga Abahagarariye Ibihugu byabo n’Imiryango Mpuzamahanga mu Rwanda, mu musangiro usanzwe uba mu ntangiriro z’umwaka.
Wabaye mu gihe umwuka mubi hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuzamba, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rutsiro: Hari Akagari kamaze umwaka urenga katagira umunyabanga nshingwabikorwa
Rutsiro: Hari Akagari kamaze umwaka urenga katagira umunyabanga nshingwabikorwa

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abaturage bo mu kagari ka Rukaragata mu karere ka Rutsiro mu murenge wa Kigeyo baravuga ko umwaka ugiye gushyira batagira umunyabanga nshingwabikorwa w’akagari.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri ako kagari, bibaza icyabuze kugira ngo Gitifu aboneke bakabura igisubizo.
Umwe muri aba baturage witwa Habiyambere Jean Pierre yagize ati: "Nta Gitifu hano muri Rukaragata tugira, imyaka igiye kuba ibiri kandi utundi tugari (…)

424 Shares 4 Comments
Congo ishinje M23 ko ariyo yahanuye indege ya MONUSCO
Congo ishinje M23 ko ariyo yahanuye indege ya MONUSCO

Guverinoma ya Congo imaze kwemeza ko kajugujugu ya MONUSCO yahanuwe n’inyeshyamba za M23 arizo zahanuye indege ya MONUSCO.
Iyi ndege y’ingabo z’Umuryango w’Abibumbye yarashwe ivuye i Beni igana i Goma.
M23 yahakanye ibyo kurasa kuri iyi ndege ivuga ko yarasiwe mu gace kagenzurwa n’ingabo za Leta ya Congo, ndetse ko byakozwe n’ingabo za Leta mu rwego rwo gushora MONUSCO mu ntambara na M23.
Guverinoma ya Congo ivuga ko yamaganye iki gikorwa cyo kurasa ku ndege ya MONUSCO mu gihe ku wa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Hari agace abaturage bongeye gushyingura mu ngo
Musanze: Hari agace abaturage bongeye gushyingura mu ngo

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abaturage bo mu karere ka Musanze mu murenge wa Kinigi baravuga ko irimbi bifashishaga mu gushyingura ababo ryuzuye bakaba barasubiye gushyingura mu rugo.
Bamwe mu baganiye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo basabye ubuyobozi bw’Akarere ko bwabafasha bukabashakira ahandi bajya bashyingura.
Umwe muri aba baturage yitwa Alphonsine Mukamana yagize ati: "Irimbi ryacu hano mu kinigi rimaze igihe ryaruzuye, ubu nta muntu wemerewe kurishyinguramo nawe (…)

424 Shares 4 Comments
Abatuye Goma mu myigaragambyo bashaka ibintu bibiri ku ngabo za EAC
Abatuye Goma mu myigaragambyo bashaka ibintu bibiri ku ngabo za EAC

Kuva mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere tariki ya 06 Gashyantare Abakongomani batuye i Goma babyukiye mu mihanda bigaragambya basaba ko ingabo z’Umuryango wa Afurika ’Iburasirazuba EAC (EACRF) zimesa kamwe, zikarwana na M23 cyangwa zigataha.
Ni imyigaragambyo ikorwa n’abiganjemo urubyiruko, itewe inkunga na sosiyete sivile yaho, yatangiye ku wa Gatanu ubwo bumvaga ko Abakuru b’Ibihugu bya EAC batumijwe igitaraganya na Perezida Nkurunziza uyoboye EAC muri uyu mwaka, mu mama idasanzwe yiga ku (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yasabye ikintu cy'ingenzi mu iterambere rya Afurika
Perezida Kagame yasabye ikintu cy’ingenzi mu iterambere rya Afurika

Ubwo yari mu nama yiga ku Iterambere ry’Ibikorwaremezo muri Afurika, Perezida Kagame yasabye ko hakorwa ibishoboka byose hagakusanya ubushobozi bugamije kubaka ibikorwaremezo ku mugabane wa Afurika kuko ari rumwe mu nzego zikiri inyuma.
Ni inama ikomeye iri kubera i Dakar muri Sénégal, ariyo kandi nk’Umuyobozi wa gahunda ya AUDA-NEPAD yashinzwe mu buryo bwo kwimakaza intego ya Afurika y’uko mu 2063 uyu mugabane uzaba warageze ku iterambere rirambye.
Kagame yavuze ko mu myaka myinshi (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze-Kinigi: Abaturage ngo ntibateze gutatira Igihango bafitanye n'Inkotanyi
Musanze-Kinigi: Abaturage ngo ntibateze gutatira Igihango bafitanye n’Inkotanyi

Yanditswe na Jean Claude Ndayambaje
Abatuye mu Murenge wa Kinigi mu karere ka Musanze batangaje ko badateze gutezuka ku gihango bafitanye n’Inkotanyi zabakijije bitero by’abacengezi bitwikiraga Pariki y’Ibirunga.
Babitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya Mbere Gashyantare ubwo Abanyarwanda n’ishuti z’u Rwanda bizihizaga umunsi w’Intwari, ku nsanganyamatsiko igira iti "Ubutwari mu Banyarwanda Agaciro Kacu"
Ku rwego rw’akarere ka Musanze ibirori byabereye mu murenge wa kinigi, mu kagari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Hari icyizere ko U Rwanda ruzakomeza kugira Intwari-CHENO
Hari icyizere ko U Rwanda ruzakomeza kugira Intwari-CHENO

Umunyambanga Nshingwabikorwa w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Intwari z’Igihugu, Nkusi Deo, yatangaje ko u rwanda rugifite abaturage bazavamo intwari muri ibi bihe ndetse n’ibizaza hakurikijwe indangagaciro bagaragaza.
Yabitangarije RBA ubwo Umukuru w’igihugu Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bari bamaze gushyiraga indabo ku kimenyetso cy’Intwari giherereye ku Gicumbio cy’intwari i Remera mu Mujyi wa Kigali mu muhango wo kwizihiza Intwari z’u rwanda uba buri tariki ya Mbere (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame na Madam bashyize indabo ku kimenyetso cy'Intwari
Perezida Kagame na Madam bashyize indabo ku kimenyetso cy’Intwari

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bashyize indabo ku kimenyetso cy’Ubutwari bunamira Intwari nk’icyimenyetso cyo kuziha icyubahiro kubwo kwitangira u Rwanda.
Ni umuhango wabereye ku Gicumbi cy’intwari i Remera mu Mujyi wa Kigali, mu kwizihiza Umunsi w’Intwari ku nshuro ya 29.
Umuhango wo kwizihiza Intwari wabereye mu gihugu hose ku rwego rw’umudugudu, aho abaturage baganirijwe ku butwari bwaranze Abanyarwanda n’intwari zitangiye igihugu mu bihe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru