Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abanyeshuri biga ku ishuri ribanza rya Gahondongo riherereye mu Murenge wa Musanze, mu karere ka Musanze biga bicaye hasi abandi bakigira hanze kubera ubuke bw’ibyumba by’amashuri.
Byabonywe n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga kuri iri shuri riherereye mu kagari ka Cyabagarura, rikaba kimwe mu bigo by’amashuri Kiliziya Gatulika ifatanyije na Leta y’u Rwanda.
Bamwe mu barimu baganiye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo birinze ko amazina yabo (…)
Yanditswe na Umugwaneza Alice
Hari abaturage bo mu karere ka Musanze bavuga ko ivomo bakoreshaga rimaze hafi umwaka rifunze batazi impamvu.
Ni abaturage bo mu Murenge wa Musanze mu kagari ka Cyabagarura.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Musanze, basaba ko ivomo ryakongera gukora, ngo kuko byaboroherezaga kubona amazi meza badakoze urugendo rurerure.
Umwe mu baturage waganiye na Mamaurwagasabo yitwa Tuyishime.
Yagize ati: "Iri vomo ryacu (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Mutarama 2023 mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare i Nyakinama mu karere ka Musanze hamurikiwe umuco w’ibihugu 11 n’u Rwanda rurimo.
Ni umunsi usanzwe uba buri mwaka, aho ingabo zituruka mu bihugu bitandukanye zimurika imico itandukanye y’Ibihugu baturukamo binyuze mu mbyino, guteka, imyambarire ndetse bakiga n’amateka n’umuco wa buri Gihugu hagamijwe kumenyana, kwiyumvanamo mu gihe baba bahuriye ahantu hatandukanye mu (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Bamwe mu babyeyi bo mu Murenge wa Rwaza, Akagari ka Nturo mu karere ka Musanze bavuga ko baheruka biyandika ku ma lisite y’abazafata ifu y’inyunganiramirire izwi nka Shisha Kibondo ngo ariko amaso yaheze mu kirere.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge wa Rwaza binubira uburyo
Ni ababyeyi bari mu kiciro cya mbere n’icya Kabiri cy’Ubudehe bavuga ko bamaze igihe kirekire biyandikishije ku rutonde rw’abazafata iyi (…)
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu itsinda ry’Abayobozi n’abaturage bo mu Burundi riyobowe na Musitanteri wa Komine Ntega bashyikirije u Rwanda inka y’umuturage witwa Nsanzimfura Tharcisse yibwe igafatirwa muri icyo gihugu.
Iyo nka yari yaribwe n’Umurundi kuwa 12/07/2021, hashize umwaka n’igice.
Umuhango w’ihererekanya wabereye mu Murenge wa Gishubi ku nkombe z’umugezi utandukanya u Rwanda n’u Burundi. Wayobowe n’Umuyobozi w’akarere ka Gisagara, Rutaburingoga Jerome, ari kumwe n’abandi (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Hashize igihe kirekire abagenzi n’abanyura mu karere ka Gakenke binubira kuba nta gare ijyanye n’igihe ihari ndetse bamwe bagiye babifata nko kwirengagizwa ku cyifuzo cyabo, kuri ubu ubuyobozi bwatangaje igisubizo.
Mu kiganiro cyihariye umuyobozi w’Akarere ka Gakenke, Nizeyimana Marie Vianney yagiranye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo, yavuze ko kuba badafite gare nabo ari ikibazo kibahangayikishije ariko ngo byatewe n’ingengo y’imari.
Yakomeje agira (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abaturage bo mu Kagari ka Gitare mu murenge wa Base mu karere ka Rulindo baravuga ko batazi impamvu ivuriro ry’amatungo bifashshaga ritagikora.
Bavuga ko Iri vuriro rigikora bazaga gukingiza inka ndetse bakaza no guterezamo intanga ku buryo byaboroheraga kubona imiti yaba iy’amatungo maremare n’amagufi.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge wa Base, basaba ko ubuyobozi bwajya bubanza kubasobanurira (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ubwo abanyamuryango ba FPR Inkotanyi bo mu Murenge wa Kinigi mu kagari ka Nyabigoma bizihizaga imyaka 35 uyu muryango umaze uvutse bavuze ko batacyikanga abacengezi bagiye bibasira aka gace mu myaka yo hambere.
Aba banyamuryango ba FPR Inkotanyi bongeye gushimangira ko baryama bagasinzira neza kubera imiyoborere myiza ya Perezida Kagame wabasezeranyije icyizere cyo kugira umutekano usesuye.
Bamwe mu baganiriye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo bavuze (…)
Abasirikare b’ingabo z’u Rwanda batangiye kwambara amapeti mu gituza ku myambaro isanzwe, bitandukanye n’uko yajyaga yambarwa ku ntugu.
Ni icyemezo cyatangiye kubahirizwa kuri uyu wa Mbere tariki 9 Mutarama 2023, kuri ba ofisiye n’abasirikare bato ku myambaro isanzwe y’akazi, yifashishwa nko mu gucunga umutekano cyangwa ku rugamba (combat uniform / field uniform).
Gusa ku bambara impuzakano yagenewe kwambarwa mu biro cyangwa mu birori ho amapeti azakomeza kwambarwa ku ntugu.
Haba kuri (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ku wa kane tariki ya 5 Mutarama 2023, mu masaha y’ikigoroba mu karere ka Musanze haturutse inkuru y’incamugongo ko Ndamiyabo Ferdinand wari umukozi muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga yitabye Imana nyuma kugwa mu nzu isanzwe ikorerwamo imyitozo ngororamubiri, ahazwi nko kwa Mujomba (Up town GYM).
Yari mugabo w’imyaka 41 wari ushinzwe kuyobora ba mukerarugendo (Guide), bivugwa ko yuriye imashini yo kwiruka kubera umuvuduko yari iriho, imukubita hasi (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















