Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Kuwa gatandatu tariki ya 24 Nzeri 2022, ahagana saa 8h30’ zishyira saa 9h00’ umuturage witwa Semivumbi Felicien wo karere ka Musanze, mu murenge wa Shingiro, Akagari ka Mugali , umudugudu wa Kabeza , yakomerekejwe bikomeye n’imbogo ebyiri zatorotse Pariki y’Ibirunga.
Bikimara kuba, uyu muturage yahise ajyanwa ku kigo nderabuzima cya Shingiro nabo bahise bamwohereza ku bitaro bikuru bya Ruhengeri kugeza ubwo nabo babonye batabishobora kumuvura (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Hari abaturage bo mu karere ka Musanze, umurenge wa Nyange, mu Kagari ka Ninda barataka ikibazo cy’ivuriro rito (Post de Sante) rya Ninda ryafunze imiryango.
Ibi ngo bituma basigaye bakora urugendo rw’amasaha arenga abiri bagiye gushaka irindi vuriro.
Abaganiriye na Mamaurwagasabo bavuga ko bibangamiye, bagasaba ko ivuriro bagenewe ryakongera gukora.
Umwe muri aba baturage yitwa Mujawamariya Vestine yagize ati: "Dukeneye ko ivuriro rya Ninda (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
Urubyiruko rwo mu karere ka Musanze rushamikiye ku Muryango FPR Inkotanyi biyemeje gutanga umusanzu mu gusobanurira abakigoreka amateka kuri Jenoside yakorewe Abatutsi cyane cyane abazwi nk’Ibigarasha’ bakorera ku mbuga nkoranyambaga.
Babyiyemeje ubwo basozaga amasomo y’icyiciro cya kabiri hanatangizwa icyiciro cya gatatu cy’amasomo atangirwa mu Irerero rya FPR Inkotanyi.
Bavuga ko bahungukiye byinshi ku binjyanye n’amateka yaranze u Rwanda mu gihe (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we wa Congo Felix Tshisekedi Chilombo, biyemeje ko imitwe yitwaje intwaro ya M23 na FDLR igomba guhagarara.
Babyemeranyije ku buhuza bwa perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron ubwo bahuriraga mu nama y’Inteko Rusange ya 77 y’Umuryango w’Ababibumbye, yabaye ku wa 21 Nzeri i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Ibiro bya Perezida w’Ubufaransa, byatangaje ko aba baperezida bombi bababajwe n’ikibazo cy’umutekeno (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Rubavu, umurenge wa Kanzenze, Akagari ka Nyirabigogo hari umuturage witwa Imanishimwe Olive usaba Leta kubona aho kurambika umusaya akava mu gisa n’inzu abamo.
Uyu mubyeyi ufite umwana umwe, inzu basanzwe babamo ishaje cyane kandi igiye kubagwa hejuru, ku buryo niyo aryamye aba areba inyenyeri mu kirere bikarushaho kuba bibi iyo imvura iguye kuko atabarwa no kwitwikira umutaka kugira ngo atanyagirwa.
Mu kiganiro n’Umunyamakuru wa (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Muhanga, umurenge wa Nyamabuye, mu gace kazwi nko mu ’Kibiligi’, baravuga ko bahangayikishijwe n’abajura bitwikira umwijima wo ku mugoroba bakabambura utwabo.
Uyu mwijima, nk’uko babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo, uterwa nuko amatara yo ku muhanda agenewe kumurika nijoro amaze amezi abiri yarapfuye.
Umwe mu bafite iki kibazo, Uwihoreye Ignace, utuye mu kagari ka Gitarama yagize ati: "Abajura baraturembeje; (…)
Uwahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, ashinzwe umuco, Hon. Bamporiki Edouard yemeye kuburana yemera icyaha.
Uyu mugabo w’imyaka 39 amaze iminsi ategereje kuburana ku cyaha aakurikiranyweho cyo kwaka no kwakira indonke, cyatumye ahagarikwa mu kazi tariki ya 5 Gicurasi 2022 yirukanwa muri Guverinoma.
Bamporiki kuva icyo gihe yari afungiye mu rugo iwe aho yategetswe n’Umugenzacyaha kutarenga imbago z’urugo rwe, mu gihe hari hagikusanywa ibikemyetso ku (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro (Rwanda TVET Board ), Umukunzi Paul asaba urubyiruko kwiga ibikenewe ku isoko ry’umurimo ahanini bijyanye n’ikoranabunga kugira ngo bajye batanga akazi aho kugasaba.
Yabitangaje ubwo iki kigo cyari mu bukangurambaga bugamije gukomeza gushishikariza urubyiruko rurangije amashuri y’icyiciro rusange (o’ level ) kugana amasomo y’ikoranabunga ashingiye kuri Tekinoloji (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Perezida Paul Kagame wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umuyobozi wa Commonwealth mu myaka ibiri iri imbere, yageze London mu Bwongereza gutabariza Umwamikazi Elizabeth II.
Twitter y’ibiro bya perezida ivuga ko ubu Perezida Paul Kagame, kuri ubu unayoboye Commonwealth yanditse ubutumwa mu gitabo cyateguwe mu nyubako yakirirwamo abanyacyubahiro, izwi nka Lancaster House, bwo kwihanganisha umuryango w’Ubwami.
Muri iki Cyumweru Perezida Kagame yaganiriye kuri (…)
Gisagara: Imirasire n’umuriro w’amashanyarazi bihabwa abifite
17 September 2025, by Valens Nzabonimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.




















