Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Hari abaturage bo mu tugari dutandukanye two mu murenge wa Cyuve mu karere ka Musanze Barbara hanze nyuma yo gusenyerwa n’ibiza ntibahabwe ubufasha.
Abaturage basenyewe n’ibiza by’imvura mu kwezi kwa Nzeli 2022, ubu barasaba ko bahabwa ubufasha kuko bamaze igihe kirekire banyagirwa.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga aho izo nzu zubatse, asanga ibisenge byazo byaragurutse.
Nyiransabimana ni umwe mu basenyewe n’ibiza yagize (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abacururiza mu isoko rishaje rya Gisenyi mu Mujyi w’akarere ka Rubavu baravuga ko babangimiwe n’umunuko uterwa n’ikimoteri kiri rwagati mu isoko.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri iri soko bigaragara ko rushaje, bakifuza cyahavanwa kikimurirwa ahandi.
Ucyinjira mu marembo y’isoko rya Rubavu usanga ikimoteri cy’ibishingwe, ibibora n’ibitabora mu isoko hagati, ku buryo hatagize igikorwa abaturage bashobora kuzahura (…)
Mu nama nyungurana bitekerezo yahuje inzego zitandukanye mu ntara y’Amajyaruguru ndetse n’abafatanyabikorwa batandukanye yari igamije kureba icyakorwa ku kubibazo cy’igwingira mu bana gikomeje guteza impagarara muri iyi ntara ,aho abana bagera kuri 41% bafite ikibazo cy’igwingira mu gihe 48% bafite ikibazo cy’impiswi zituruka ku mwanda.
Baganiriye ku mpamvu ki intara y’Amajyaruguru ifite ibiribwa byose ariko usanga ihora ku mwanya wa mbere mu kugira abana bari mu mirire mibi nyamara ari (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu babyeyi baturiye ikimoteri cy’Akarere ka Musanze, giherereye mu Murenge wa cyuve mu kagari ka Bukinanyana, umudugudu wa Bubandu baravuga ko bahangayikishijwe n’abana birirwa bashakisha icyo kurya mu kimoteri ntibajye ku ishuri.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge wa cyuve ahashyizwe iki kimoteri cy’Akarere ka Musanze.
Nzabandira Philibert ni umuturage utuye ahegereye iki kimoteri yagize ati: "Ubundi (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abikorera bo mu Ntara y’Amajyaruguru basabwe kongera ishoramari mu bijyanye no guhanga udushya duteza imbere iyi ntara bikagukira no hanze y’igihugu.
Ni inama yahuje abahagarariye abikorera PSF, mu nzego zitandukanye bo mu turere dutanu tugize Intara y’Amajyaruguru, aho barimo baganira ku ruhare rw’Abikorera mu iterambere ry’intara Y’Amajyaruguru n’iry’Igihugu no kuzamura imibereho y’abayituye.
Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru Nyirarugero Dancille (…)
Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Bamwe mu batishoboye bafatira ifu ya Shisha Kibondo ku kigo nderabuzima cya Busigari giherereye mu Murenge wa Cyanzarwe, mu karere ka Rubavu baravuga ko bamaze amezi arenga ane badahabwa iyo fu y’inyunganira mirire, bakibaza niba bitarateganyijwe mu ngengo y’imari igenerwa abana mu mikurire myiza.
Shisha Kibondo ni ifu nyunganiramirire igenerwa abana bari munsi y’imyaka ibiri n’ababyeyi batwite bari mu cyiciro cya mbere mu Rwanda kimwe n’abari mu cyiciro (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko guhindura imyumvire ku babyeyi byagabanya imfu z’abapfa babyara zigeze kuri 203 mu babyeyi 100.000.
Byatangajwe kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Ugushyingo 2022 , ubwo mu karere ka Rubavu hatangizwaga icyumweru cyahariwe kwita ku buzima bw’umubyeyi n’umwana mu nsanganyamatsiko igira iti: "Nta mubyeyi ukwiye gupfa abyara."
Ni umunsi watangijwe mu gihugu hose by’umwihariko ku rwego rw’Igihugu wabereye mu karere ka (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu borozi n’abahinzi b’icyayi bo mu Murenge wa Muhanda n’ahandi mu karere ka Ngorerero baravuga ko bakomeje kugorwa no kugeza umusaruro wabo ku isoko kubera ko imihanda bakoresha yangiritse.
Ibi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Muhanda, aho yasanze binubira ko batagira umuhanda uborohereza kugeza umusaruro ku isoko, bagasaba ko wakubakwa.
Bizimungu Elise yagize ati: "Murabona ko uyu muhanda wuzuyemo (…)
Yanditswe na Nimugire Fidelia Yatunganyijwe na Mutungirehe Samuel
Umwarimu wigishaga mu Rwunge rw’Amashuri GS Gitabura yasezeye akazi nyuma yo kubona ko kwigisha isoma ry’ikorananuhanga ntamashyanyarazi bitakunda.
Uyu musore Ndikumana Eduard yigishaga isomo rya ICT mu cyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye muri iki kigo gihererye mu karere ka korongi.
Mu ibaruwa yandikiye Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi REB, yavuze ko nyumo yo gutangira akazi ke ko kwigisha ICT muri GS Gitabura ku wa (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abahisi n’abagenzi bategera muri Gara ya Kabaya baravuga banyagirirwa muri gare iyo imvura iguye bateze imodoka, bakifuza ko yakubakwa neza.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri iyo Gale iherereye mu karere ka Ngorerero aho urebesheje amaso ubona ko isa n’ishaje cyane ndetse ku buryo ushakisha ahantu wakugama imvura ukahabura.
Umwe muri aba bagenzi twasanze muri iyi gare ya Kabaya witwa Mutuyimana Jean de Dieu yagize ati: (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















