Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Minisiteri y’Ibikorwa remezo yemereye Perezida Kagame ko mu mezi abiri bazaba bagabanyije ibiciro by’ubwishingizi bw’impanuka ku bamotari.
Hashize igihe kitari gito abamotari mu Mujyi wa Kigali n’abandi mu gihugu bagaragaza ko ibiciro by’ubwishingizi bw’impanuka bwa moto bwazamutse, bugeze ku bihumbi 165 buvuye ku bihumbi 45.
Ubwo Perezida Kagame yasuraga abaturage bo mu karere ka Ruhango, kuri uyu wa Kane, umwe mu bamotari baho, Bizimana Piere, (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Nyiransabimana Perusi ni umugore w’abana batatu utagira umugabo, avuga ko ubuyobozi bwanze kumuha ubufasha bwo kumwubakira icumbi mu kibanza yasigiwe n’ababyeyi.
Atuye Mu karere ka Musanze, umurenge wa Nyange AKagari ka Kabeza mu Mudugudu wa Gahama, yahoze mu cyiciro abarizwa cya mbere cy’ubudehe agikurwamo ubu ari mu cyaKabiri.
Yabwiye Mamaurwagasabo ko we n’abana be Barbara imbeho ibica ndetse igihe imvura iguye barara bahagaze kuko inzu yabo (…)
Yanditswe na Habimana Bonavanutre
Abayobozi biganjemo abakozi b’uturere turindwi tugize Intara y’Iburasirazuba bahawe amahugurwa mu buryo bw’imikorongiro agamije kubongererera ubumenyi mu guhangana n’ibiza ndetse n’ingaruka zabyo.
Ni amahugurwa y’iminsi itatu abera mu kigo cy’amahugurwa cya Polisi i Gishari, by’umwihariko akaba ahabwa abagize Komite z’Imicungire y’Ibiza z’Uturere tugize iyi ntara (District Disaster Management Committees (DIDIMAC).
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Laboratwari y’igihugu y’Ibimenyetso bya Gihanga, RFL, ikomeje ubukangurambaga bwiswe "Menya RFL", bwo kumenyekanisha ibikorwa byayo ku bantu benshi, abo mu ntara y’Amajyepfo mu Karere Ka Huye bakaba bavuze ko kumenya serivisi iki kigo gitanga bizakuraho urujijo mu butabera bahabwaga mu nkiko.
Ni ubukangurambaga buri gukorwa hagamije ku menyekanisha imikorere na serivise zitangwa n’iki kigo, ubu bukangurambaga buzakorwa mu byiciro bitatu, aho Ku (…)
Imiryango icyenda (9) igizwe n’abantu 80 bo mu cyiciro cy’abasigajwe inyuma n’amateka mu Kagari ka Rusura mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Rubavu, iba mu nzu yahoze yororerwamo inkoko nyuma yo kubura ahandi ho kurambikka umusaya.
Ni inzu ynini ariko y’umurangara hejuru kuko ituzuye, iherereye munsi y’Ishuri rya Rusura.
Umunyamakuru wa RADIOTV10 wasuye iyi miryango igizwe n’abantu barenga 80, yasanze aba baturage bari mu turimo two mu rugo ariko bigaragara ko batishimye.
Kwinjira (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Nyuma yo gusobanurirwa imikorere y’iki kigo cya (Rwanda Forensic Laboratory), bamwe mu bayobozi b’inzego z’ibanze mu turere tw’Intara y’Amajyaruguru bashimangiye ko benshi muri bo batari bazi imikorere ya RFL bavuga ko biteze umusaruro ufatika, ku buryo umuturage atazongera kugira ikibazo cy’ibimenyetso biba byatanzwe mu butabera ko ahubwo azajya anyurwa n’ubutabe yahawe.
Babitangaje kuri uyu wa Gatatu mu karere ka Musanze ubwo hatangirizwaga (…)
Burabyo Yvan, Umuhanzi Nyarwanda wamenyekanye nka Yvan Buravan yitabye Imana mu rucyerera rwo kuri uyu wa 17 Kanama 2022 aguye mu bitaro byo mu Buhinde aho yari yaragiye kwivuriza.
Itangazo ryasohowe n’abashinzwe kureberera inyungu ze, bahamije ko Buravan yazize indwara ya Kanseri yari amaranye iminsi.
Kuva yasohora indirimbo iheruka (Big time), Yvan Buravan yahise afatwa n’indwara atangira kwivuza mu kwezi gushize, tariki 2 Nyakanga uyu mwaka.
Nyuma y’icyumweru kimwe kirenga ari (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Musanze hatangiye amahugurwa y’Aba Ofisiye mu ngabo baturutse mu bihugu 10 birimo n’u Rwanda, bagiye kongererwa ubumenyi, buzatuma barushaho kugira ubunararibonye mu guhugura abandi mu bijyanye no kurinda abasivile ndetse no kubungabunga amahoro cyane mu bihugu bikirimo intambara.
Abo basirikari bakuru uko ari 23, barimo guhugurirwa mu Kigo cy’Igihugu cy’Amahoro (Rwanda Peace Academy), giherereye i Nyakinama mu Karere ka Musanze, ni (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu gihe u Rwanda rwitegura kwita Izina Ku nshuro ya 18 abana b’ingagi bavutse, bamwe mu baturage baturiye Pariki y’ibirunga by’umwihariko abibumbiye mu ishyirahamwe rya Sacola baravuga ko imibereho yabo yahindutse babikesha iri shyirahanwe ryabagejeje kuri byinshi.
Sacola" Sabyinyo Community Lavilihood Association" ni Ishyirahamwe ry’abaturiye pariki y’ibirunga bayobowe na Nsengiyumva Pierre Celestin, uhamya neza ko hari ibikorwa byinshi bamaze (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abaturage batujwe muri wa mudugudu w’Icyitegerezo wa Kazirankara uherereye mu Murenge wa Shyira mu karere ka Nyabihu, Intara y’iburengerazuba, baravuga ko inzu bahawe n’umukuru w’Igihugu zimaze gusaza babura uzitaho ndetse bamwe muri bo bakaba basigaye barara banyagirwa.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yari ageze muri uyu mudugudu uherereye ahitwa muri Vunga mu kagari na Mpinga, aho bemeza ko ubuyobozi bwakomeje kubasura inshuro (…)
NST2: Ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka ku 9.3% buri mwaka
9 September 2024Gisagara: Imirasire n’umuriro w’amashanyarazi bihabwa abifite
17 September 2025, by Valens Nzabonimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















