Tuesday . 26 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Musanze: Imvura idasanzwe yangije imitungo ikomeretsa bamwe
Musanze: Imvura idasanzwe yangije imitungo ikomeretsa bamwe

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Imvura idasanzwe yaraye iguye mu karere ka Musanze hagati ya saa 19h30’ na Saa 20h00’ yangije imitungo y’abaturage irimo inzu n’imyaka ikomeretsa batatu.
Abaturage baganiriye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, bavuze ko bakeneye ubufasha bwihuse kugira ngo babone aho bari bukinga umusaya, cyane ko imvura ikomeje kugwa muri aka karere.
Umwe muribo witwa Mukanoheli Chantal utuye mu murenge wa Cyuve yagize ati: "Twagiye (…)

424 Shares 4 Comments
Nyabihu: Abacuruzi barasaba isoko ubuyobozi bukaribima
Nyabihu: Abacuruzi barasaba isoko ubuyobozi bukaribima

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abacururiza mu gasantere kazwi nko kuri "Bank" kari mu muhanda rwagati mu kagari ka Kijote mu murenge wa Bigogwe mu karere ka Nyabihu, bavuga ko bifuza ko bahabwa isoko ryo gucururizamo, ubuyobozi bwo buvuga ko nta gahunda bufite yo kuryubaka.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri iyi santere. Abacuruzi bavuga ko bamaze imyaka itari mike bacururiza imbere y’amaduka mu gasantere ndetse bakunze kugira impungenge z’abana (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
RDB yavuze ku muturage wishwe n'imbogo
RDB yavuze ku muturage wishwe n’imbogo

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Kuwa gatandatu tariki ya 24 Nzeri 2022, ahagana saa 8h30’ zishyira saa 9h00’ umuturage witwa Semivumbi Felicien wo karere ka Musanze, mu murenge wa Shingiro, Akagari ka Mugali , umudugudu wa Kabeza , yakomerekejwe bikomeye n’imbogo ebyiri zatorotse Pariki y’Ibirunga.
Bikimara kuba, uyu muturage yahise ajyanwa ku kigo nderabuzima cya Shingiro nabo bahise bamwohereza ku bitaro bikuru bya Ruhengeri kugeza ubwo nabo babonye batabishobora kumuvura (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Hari abarembera mu rugo kubera ivuriro ritagikora
Musanze: Hari abarembera mu rugo kubera ivuriro ritagikora

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Hari abaturage bo mu karere ka Musanze, umurenge wa Nyange, mu Kagari ka Ninda barataka ikibazo cy’ivuriro rito (Post de Sante) rya Ninda ryafunze imiryango.
Ibi ngo bituma basigaye bakora urugendo rw’amasaha arenga abiri bagiye gushaka irindi vuriro.
Abaganiriye na Mamaurwagasabo bavuga ko bibangamiye, bagasaba ko ivuriro bagenewe ryakongera gukora.
Umwe muri aba baturage yitwa Mujawamariya Vestine yagize ati: "Dukeneye ko ivuriro rya Ninda (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Itangazo ryo Kurangisha
Itangazo ryo Kurangisha

Itangazo ryo kurangisha

424 Shares 4 Comments
Musanze: Urubyiruko rushamikiye kuri FPR Inkotanyi rwiyemeje guhangana n'ibigarasha
Musanze: Urubyiruko rushamikiye kuri FPR Inkotanyi rwiyemeje guhangana n’ibigarasha

Yanditswe na Alice Umugiraneza
Urubyiruko rwo mu karere ka Musanze rushamikiye ku Muryango FPR Inkotanyi biyemeje gutanga umusanzu mu gusobanurira abakigoreka amateka kuri Jenoside yakorewe Abatutsi cyane cyane abazwi nk’Ibigarasha’ bakorera ku mbuga nkoranyambaga.
Babyiyemeje ubwo basozaga amasomo y’icyiciro cya kabiri hanatangizwa icyiciro cya gatatu cy’amasomo atangirwa mu Irerero rya FPR Inkotanyi.
Bavuga ko bahungukiye byinshi ku binjyanye n’amateka yaranze u Rwanda mu gihe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kagame na Tshisekedi bafashe umwanzuro umwe
Kagame na Tshisekedi bafashe umwanzuro umwe

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we wa Congo Felix Tshisekedi Chilombo, biyemeje ko imitwe yitwaje intwaro ya M23 na FDLR igomba guhagarara.
Babyemeranyije ku buhuza bwa perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron ubwo bahuriraga mu nama y’Inteko Rusange ya 77 y’Umuryango w’Ababibumbye, yabaye ku wa 21 Nzeri i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Ibiro bya Perezida w’Ubufaransa, byatangaje ko aba baperezida bombi bababajwe n’ikibazo cy’umutekeno (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Hari umuturage uba mu nzu isa no kurara hanze
Rubavu: Hari umuturage uba mu nzu isa no kurara hanze

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Rubavu, umurenge wa Kanzenze, Akagari ka Nyirabigogo hari umuturage witwa Imanishimwe Olive usaba Leta kubona aho kurambika umusaya akava mu gisa n’inzu abamo.
Uyu mubyeyi ufite umwana umwe, inzu basanzwe babamo ishaje cyane kandi igiye kubagwa hejuru, ku buryo niyo aryamye aba areba inyenyeri mu kirere bikarushaho kuba bibi iyo imvura iguye kuko atabarwa no kwitwikira umutaka kugira ngo atanyagirwa.
Mu kiganiro n’Umunyamakuru wa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Muhanga: Abajura bitwikira umwijima bakambura abaturage
Muhanga: Abajura bitwikira umwijima bakambura abaturage

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Muhanga, umurenge wa Nyamabuye, mu gace kazwi nko mu ’Kibiligi’, baravuga ko bahangayikishijwe n’abajura bitwikira umwijima wo ku mugoroba bakabambura utwabo.
Uyu mwijima, nk’uko babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo, uterwa nuko amatara yo ku muhanda agenewe kumurika nijoro amaze amezi abiri yarapfuye.
Umwe mu bafite iki kibazo, Uwihoreye Ignace, utuye mu kagari ka Gitarama yagize ati: "Abajura baraturembeje; (…)

424 Shares 4 Comments
Bamporiki yatangiye kuburana yemera icyaha
Bamporiki yatangiye kuburana yemera icyaha

Uwahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, ashinzwe umuco, Hon. Bamporiki Edouard yemeye kuburana yemera icyaha.
Uyu mugabo w’imyaka 39 amaze iminsi ategereje kuburana ku cyaha aakurikiranyweho cyo kwaka no kwakira indonke, cyatumye ahagarikwa mu kazi tariki ya 5 Gicurasi 2022 yirukanwa muri Guverinoma.
Bamporiki kuva icyo gihe yari afungiye mu rugo iwe aho yategetswe n’Umugenzacyaha kutarenga imbago z’urugo rwe, mu gihe hari hagikusanywa ibikemyetso ku (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru