Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)
Yanditswe Ndayambaje Jean Claude
Mu gihe Leta y’u Rwanda ikataje mu cyerekezo 2050, muri gahunda yuko buri mu mwana wese agomba kwiga mu rwego rwo guca ubujiji, imiryango imwe n’imwe y’Abasigajwe inyuma n’amateka bo mu karere ka Nyabihu, iravuga ko bahangayikishijwe n’uburyo abana babo batabasha kujya ku ishuri ntibanabone ubufasha kugira ngo bagane ishuri.
Ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga mu murenge wa Mukamira mu kagari ka Jaba ahtujwe abo banyarwanda bamubwiye ko bifuza ko (…)
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyabihu mu murenge wa Jenda mu Kagari ka Gasizi baravuga ko barembejwe n’indwara zituruka ku mwanda bitewe nuko bavoma amazi mabi, bakifuza ko bagezwaho amazi meza.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge, bagasaba ubuyobozi ko barambiwe kuvoma ibirohwa bituma barwara indwara zirimo inzoka zo munda.
Mukeshimana Dativa yagize ati: "Tumaze igihe kirekire tuvoma ibiziba, abana bacu inzoka zarabazahaje leta, idufashije (…)
Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Rishi Sunak wahoze ari minisitiri w’Imari niwe umaze gutorerwa kuba Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza.
Ni nyuma y’iminsi mike uwari kuri uwo mwanya, Liz Truss yeguye kuri izo nshingano.
Kuri uyu wa kabiri, Sunak w’imyaka 42, yabaye minisitiri w’intebe ku mugaragaro nyuma yo kubonana n’umwami Charles ku ngoro ya Buckingham, aho yahawe uruhushya mu muhango uzwi cyane mu Bwongereza nko gusomana amaboko.
Sunak ni minisitiri w’intebe wa gatanu w’Ubwongereza (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ubwo batahaga ku mugaragaro Inyubako nshya izajya itangirwamo amasomo ajyanye n’ikiciro cyisumbuye cya Kamini (Post graduate) ishuri rya Ines Ruhengeri ryashimangiye ko bagiye kongera imikoranire yisumbuyeho ku yari isanzwe mu gufatanya n’akarere ka mu kurandura burundu igwingira mu bana.
Umuyobozi w’iri shuri Padiri Jean Bosco Baribeshya yashimye uruhare rwa buri wese mu gushyigikira iri shuri, avuga ko bakomeje gushima Imana ikomeje kwagura ibikorwa (…)
Guverinoma yafunze by’agateganyo Ishuri Rikuru ry’Ubumenyingiro n’imyuga IPRC Kigali mu gihe cy’ibyumweru bibiri, mu gihe harimo gukorwa iperereza ku bujura n’imyitwarire mibi yo kwiha umutungo rusange wa Leta.
Itangazo rifunga iri shuri ryasohotse kuri iki Cyumweru, rivuga ko “Nyuma y’icyemezo cyafashwe na Guvenoma y’u Rwanda, Minisiteri y’Uburezi iramenyesha abanyeshuri, abakozi b’ishuri rikuru rya RP-IPFC ishami rya Kigali ndetse n’Abaturarwanda muri rusange, ko iryo shuri rifunze (…)
Yamditswe na Mutungirehe Samuel
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Inama y’Igihugu y’Abafite ubumuga, Ndayisaba Emmanuel yatangaje ko bamaze kubona umuterankunga ugiye kubafasha gukemura ikibazo cy’abakenera amagare ariko bikajyana no kuriha urikeneye atari iryo kumwongerera ubumuga.
Yabitangaje ubwo i Kigali hasozwaga amahugurwa y’abakozi bo kwa muganga mu bitaro bita ku bafite ibibazo by’ingingo (Phisiotherapy), bamaze guhugurwa uko batanga insimburangingo n’inyunganirangingo ku (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Abagize Urugaga rw’Abagore rushamikiye ku Muryango FPR Inkotanyi mu kagari ka Muyange mu murenge wa Kagarama mu karere ka Kicukiro, bishimiye byinshi bamaze kugeraho mu myaka ibiri ishize birimo gutanga mituweli ku batishoboye, guha igishoro abagore bifuza gukora ubucuruzi buciriritse n’ibindi birimo gukangurira urubyiruko kwirinda inda zitifujwe.
Babigarutseho mu Birori by’Inteko Rusange y’Urugaga rw’Abagore bagize Umuryango FPR Inkotanyi ku rwego (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ubwo Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda yagiriraga uruzinduko mu karere ka Rubavu, umuyobozi w’ako karere, Kambogo Ildephonse yahaswe ibibazo bijyanye n’idindira ry’isoko rishya ry’akarere rimaze imyaka 12 ryubakwa rikaba ryaranze kuzura, arya indimi abura ibisobanuro.
Ni isoko ryatangiye kubakwa mu 2010 rifitwe n’akarere ka Rubavu ndetse nako kahisemo kuryegurira abikorera kabasinyisha nk’abegukanye isoko rya Gisenyi, kugeza n’ubu ryanze kuva aho riri. (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Musanze, mu Murenge wa Muko, mu kagari ka Mburabuturo umudugudu wa Musenyi hari umubyeyi w’imyaka 30 witwa Izabayo Alliance Gloria ufite abana batatu urara asembera akaryama aho ageze.
Umubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga mu murenge wa Muko ku isaha ya saa 18h30’ z’umugoroba, yahuye n’uyu mubyeyi ari kumwe n’abana batatu, abahungu babiri n’umukobwa umwe, avuga ko atagira aho kuba ndetse ngo kuri ubu abana ntabwo banditse mu (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.



















