Tuesday . 26 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Ntibikiri itegeko kwambara Agapfukamunwa!
Ntibikiri itegeko kwambara Agapfukamunwa!

Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko guhera kuri uyu wa Gatanu bitakiri itegeko kwambara kwambara Agapfukamunwa kari kamaze imyaka irenga Ibiri nta muntu wemerewe kujya mu ruhame atambaye Agapfukamunwa n’amazuru
Ni umwe mu myanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Gicurasi 2022, iyobowe na Nyakubahwa Perezida Kagame Paul.
Icyakora abantu barashiahikarizwa kwambara agapfukamunwa igihe bari ahantu hafunganye kandi hahuriye abantu benshi.
Abaturage (…)

424 Shares 4 Comments
Burera: Umuhanda Perezida Kagame yemereye abaturage watangiye kubakwa muri 2016 ibikorwa bihagarara muri 2017 kugeza ubu
Burera: Umuhanda Perezida Kagame yemereye abaturage watangiye kubakwa muri 2016 ibikorwa bihagarara muri 2017 kugeza ubu

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Burera mu Ntara y’Amajyaruguru baravuga ko baheze mu rujijo ku ikorwa ry’umuhanda Base-Kirambo-Butaro bemerewe na Perezida Kagame, uyu muhanda watangiye kubakwa kuva mu mwaka 2016 ariko ibikorwa bihagarara muri 217, bakibaza amaherezo y’igihe uzubakirwa bikabayobera.
Ibi babitangarije Umunyamakuru wa Mamaurwagasabo ubwo yageraga muri aka karere.
Abenshi mu bakoresha uyu muhanda bashinja ubuyobozi bw’inzego z’ibanze (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Abaturage baratabariza abana b'abasigajwe inyuma n'amateka bagiye kicwa n'amavunja
Musanze: Abaturage baratabariza abana b’abasigajwe inyuma n’amateka bagiye kicwa n’amavunja

Yanditswe na Alice Umugiraneza
Mu karere ka Musanze mu murenge wa Nyange mu kagali ka Ninda abaturage baratabariza abana bo mu miryango y’Abasigajwe inyuma n’amateka aho bavuga ko kubera ikibazo cy’umwanda amavunja agiye kubica, usanga aya mavunja yiganje ku bana bari munsi y’imyaka 10 bityo bakabona Leta idahagurukiye iki kibazo, cyane inzego z’ibanze aba bana bamwe bahitanwa n’amavunja.
Bamwe mu babyeyi bo muri iyi miryango bavuga ko impamvu aya mavunja adacika ari uko bayahandura (…)

424 Shares 4 Comments
Banki nkuru y'u Rwanda iratangaza ko itumbagira ry'ibiciro rizakomeza kugeza mu mwaka wa 2023
Banki nkuru y’u Rwanda iratangaza ko itumbagira ry’ibiciro rizakomeza kugeza mu mwaka wa 2023

Yanditswe na Mutesi Scovia
Banki nkuru y’u Rwanda iratangaza ko itumbagira ry’ibiciro rikomeje kugaragara mu Rwanda kimwe n’ahandi ku isi rizakomeza kugaragara no mu mezi ari imbere bitewe n’impamvu zitandukanye zitera iryo tumbagira harimo ibiciro by’ubwikorezi, ibikomoka kuri peteroli n’intambara y’uburusiya na Ukraine. Gusa Guverineri John Rwangombwa avuga ko hari ikizere ko mu mwaka utaha ibi biciro bishobora kuzatangira kumanuka bigatanga agahenge.
Mukiganiro n’Itangazamakuru (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Bamwe mu bimukira barimo kwihisha birinda koherezwa mu Rwanda
Bamwe mu bimukira barimo kwihisha birinda koherezwa mu Rwanda

Amakuru arimo guturuka mu Bwongereza ni uko abimukira bariyo barimo kwihisha birinda koherezwa mu Rwanda.
Ubwongereza n’u Rwanda baherutse gushyira umukono ku maseserano yo kujya Ubwongereza bubanza kohereza mu Rwanda abimukira n’impunzi bajya gushakirayo ubuhunzi n’amaramuko kuko muri icyo gihugu babayeyo benshi no mu rwego rwo gukumira icuruzwa ry’abantu ryakorerwaga mu bihugu bitandukanye cyangwa bamwe bakarohama mu nyanja bagana ku mugabane w’Uburayi.
BBC yanditse ko hari ibirego (…)

424 Shares 4 Comments
Kicukiro: Umuhanda warubatswe ariko bawusiga inzira z'abagenzi zituzuye, ushobora kugwamo abana
Kicukiro: Umuhanda warubatswe ariko bawusiga inzira z’abagenzi zituzuye, ushobora kugwamo abana

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Hari abaturage bo mu karere ka Kicukiro mu Murenge wa Kagarama bashima akarere ko kabubakiye umuhanda mwiza uzenguruka mu kagari ka Muyange, gusa bavuga ko ahagenewe inzira z’abanyamaguru hatubatse neza cyangwa ngo harangire, hamwe hakaba hasigaye hateza impanuka ku bana bajya banava ku ishuri mu gihe babisikana n’imodoka.
Ubwo umunyamakuru wa Mamauurwagasabo yazengurukaga uwo muhanda wa kaburimbo, yasanye uko neza ariko kuva mu mudugudu wa Mugeyo usanga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Impuruza ku bahoze batuye mu birwa bya Ruhondo, batewe impungenge no kwambuka ikiyaga buri munsi
Musanze: Impuruza ku bahoze batuye mu birwa bya Ruhondo, batewe impungenge no kwambuka ikiyaga buri munsi

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze, Umurenge wa Gashaki bahoze batuye mu birwa byo mu Kiyaga cya Ruhondo kuri ubu batujwe hanze yacyo, baravuga ko batewe impungenge n’ingendo za buri munsi bakorera muri iki kiyaga bagiye ku matongo yabo, bakifuza ko bahabwa imirima aho batujwe kuko bahora barohama mu kiyaga bamwe bakahasiga ubuzima kuko nta bwirinzi mu bwato bwa gakondo bakoresha.
Ubwo umunyamakuru wa Mamaurwagasabo yageraga kuri ibi birwa biri (…)

424 Shares 4 Comments
Burera: Abana bata ishuri bakajya gukoreshwa imirimo ivunanye
Burera: Abana bata ishuri bakajya gukoreshwa imirimo ivunanye

Yanditswe Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Burera mu mirenge ya a Kinoni , Rugarama na Gahunga hari abana usanga bakoreshwa imirimo ivunanye ijyanye n’ubwikorezi, bamwe baba bambaye imyenda y’ishuri bari mu mirimo.
Ubwo umunyamakuru wa Mamaurwagasabo yageraga muri iyi mirenge yasanze aba bana mu mirimo mu masaha yo kwiga. Bamwe bameye kuganiriza umunyamakuru yavuze ko baba baje gushaka amafaranga yo kugura ibikoresho by’ishuri.
Kwizera Eric yagize ati, "Nasibye naje gushaka (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Bugesera: Abatuye Nyakwibereka barashima ubuvugizi bakorewe bagasanirwa ivomo ry'amazi
Bugesera: Abatuye Nyakwibereka barashima ubuvugizi bakorewe bagasanirwa ivomo ry’amazi

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Abatuye mu mudugudu wa Nyakwibereka mu Kagari ka Kayumba mu murenge wa Nyamata mu karere ka Bugesera, barashima itangazamakuru rya Mamaurwagasabo ryabakoreye ubuvugizi bakabona iriba ry’amazi meza ryiyongera ku ivomo naryo rishya bagejejweho vuba, mu gihe baherukaga amazi meza mu myaka igera kuri 36.
Mu ntangiriro z’uyu mwaka, muri Mutarama 2022, nibwo bamwe mu batuye umudugudu wa Nyakwibereka batangarije Mamaurwagasabo ko barambiwe kuvoma ibiroha bibatera (…)

424 Shares 4 Comments
Kicukiro: Abaturage bavuga ko batongera gufasha umuturage mugenzi wabo batarabona ibyo bamufashije mbere aho ubuyobozi bwabishyize
Kicukiro: Abaturage bavuga ko batongera gufasha umuturage mugenzi wabo batarabona ibyo bamufashije mbere aho ubuyobozi bwabishyize

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Mu murenge wa Gatenga mu kagari ka Nyanza, mu karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, hari umubyeyi witwa Uwimana Gaudence, afite abana 6 nawe wa 7 akaba acumbikanye na nyina ushaje wa 8 mu nzu nto itagira icyumba (Chamblette).
Uwimana yatangarije Mamaurwagasabo ko afite ikibazo kimubuza amahwemo cy’uko yenda gusohorwa muri ako kazu abamo kubera amadeini menshi agezemo kandi ntaho kwerekeza afite.
Ku rundi ruhande abaturage bo mu mudugudu atuyemo bavuga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru