Tuesday . 26 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Musanze: Ibisasu bibiri byongeye kuraswa mu Kinigi bivuye muri RDCongo
Musanze: Ibisasu bibiri byongeye kuraswa mu Kinigi bivuye muri RDCongo

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Kamena 2022 ahagana saa 11h55’ nibwo ibisasu bibiri byarashwe mu Kagari ka Nyabigoma, mu murenge wa Kinigi, Akarere ka Musanze, Ingabo z’u rwanda zemeza ko byarashwe n’Igisirikare cya RDCongo (FARDC) ikomeje ushotoranyi ku Rwanda.
Ubwo Umunyamakuru wa Mamaurwagasabo yageraga ahatewe ibi bisasu abaturage bamutangarije ko babonye biza byitura mu mirima yabo ariko bakavuga ko bafite ubwoba, ko bari kurara badasinziriye. (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Bitewe no kutagira amasambu abasore n'inkumi mu basigajwe inyuma n'amateka bashakira mu nzu z'ababyeyi babo bagatera akabariro abana bumva
Musanze: Bitewe no kutagira amasambu abasore n’inkumi mu basigajwe inyuma n’amateka bashakira mu nzu z’ababyeyi babo bagatera akabariro abana bumva

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu babyeyi bo mu cyiciro cy’Abanyarwanda basigajwe inyuma n’amateka batuye mu karere ka Musanze mu Murenge wa Shingiro, mu kagari ka Mudende baravuga ko babangamiwe n’abana babo bashakira mu nzu z’ababyeyi byagera mu ijoro bagatera akabariro ababyeyi n’abana bari muri iyo nzu bumva, ibintu bavuga ko bikomeje kwica umuco nyarwanda.
Babitangarije umunyamakuru wa Mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge wa shingiro ufashe kuri Pariki (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Bari kwirukana indaya zitwara abagabo zigasenya ingo
Musanze: Bari kwirukana indaya zitwara abagabo zigasenya ingo

Ynditswe na Mutungirehe Samuel
Ubuyobozi bwo mu murenge wa Muhoza, mu Mujyi wa Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru bwafashe icyemezo cyo kwirukana abakobwa n’abagore bakora uburaya bakararura, bagatwara abagabo b’abandi bagore bigateza umutekano muke.
Abagore basanzwe bubatse muri aka karere bavuga ko basigaye babona uko iterambere ry’umugi wabo rirushaho kuzamuka ari nako basigaye babona amasura mashya y’abakobwa n’abagore muri uwo mugi bazwi nk’indaya ariko zikaba zibatwarira abagabo (…)

424 Shares 4 Comments
Nyabihu: Abaturiye ikiyaga cya Nyirakigugu ubuzima bwabo buri mu kaga
Nyabihu: Abaturiye ikiyaga cya Nyirakigugu ubuzima bwabo buri mu kaga

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage baturiye Ikiyaga cya Nyirakigugu giherereye mu karere ka Nyabihu, mu Murenge wa Jenda baravuga ko ubuzima bwabo buri mu kaga kuko iki kiyaga cyatangiye kubasanga mu nzu zabo bagasaba Leta kubatabara bakimurwa batarahasiga ubuzima.
Babitangarije umunyamakuru wa Mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge aho bavuga ko bahangayikishijwe n’iki kiyaga. Bavuga ko cyatangiye bazi ko ari amazi asanzwe yaretse ahantu ariko kuri ubu cyamaze (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyabihu: Bamwe mu bana banze kwiga bajya gukora imirimo ivunanye irimo no kuba abashumba
Nyabihu: Bamwe mu bana banze kwiga bajya gukora imirimo ivunanye irimo no kuba abashumba

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu bana bo mu karere ka Nyabihu by’umwihariko mu murenge wa Karago baracyakoreshwa imirimo ivunanye irimo no kuba abashumba b’amatungo, ku buryo badatinya kuvuga ko babiterwa n’ubukene bwo mu miryango yabo.
Ubwo umunyamakuru wa Mamaurwagasabo yageraga mu murenge wa Karago yasanze hari abana bamwe baretse ishuri bajya kuba abashumba b’inka n’andii matungo magufi, mu gihe bamwe bavuga ko babiterwa nuko mu miryango yabo babona ntamikoro bakajya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyabihu: Abaturage barasaba uruganda rwongerera agaciro umusaruro w'urutoki rwabo
Nyabihu: Abaturage barasaba uruganda rwongerera agaciro umusaruro w’urutoki rwabo

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Abaturage bo mu karere ka Nyabihu mu gice gihinwgamo urutoki nk’igihingwa ngandurarugo, batangaje ko babona hakenewe uruganda rutunganya umusaruro w’urutoki rukawongerera agaciro, ku buryo bava mu kunywa inzoga z’inkorano bakanywa izaciye mu ruganda zifite ubuziranenge n’urutoki rwabo rukarushaho kubona isoko ribabyarira umunsaruro wisumbuye.
Babitangarije umunyamakuru wa Mamauwragasabo ubwo aygeraga mu isantere izwi ya Vunga, mu murenge wa Mpinga hafi (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Byari ibirori ubwo Urukiko rwaheshaga Kajyambere isambu yari yambuwe n'umu-Holandi Noordam
Musanze: Byari ibirori ubwo Urukiko rwaheshaga Kajyambere isambu yari yambuwe n’umu-Holandi Noordam

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Byari ibisa n’ibirori mu gitindo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Kamena 2022 ubwo abaturage babyinaga abandi biruhutsa babonye umuhesha w’inkiko w’umwuga aje guhesha umusaza Kajyambere Sila isambu ye yari yarambuwe n’umunyamahanga w’Umu-Holandi Hendrick Noordam Jan yashimuse ku mbaraga ubwo yaguraga isambu ifatanye n’iy’uwo musaza.
Mbere yuko ibikorwa byo gusenya ibyari byubatse muri ubu butaka bitangira, habanje kuba ibiganiro byahuje uwo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ingingo zihejeje Prince Kid ku minsi 30 y'agateganyo
Ingingo zihejeje Prince Kid ku minsi 30 y’agateganyo

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
cy’iminsi 30 y’agateganyo Ishimwe Diedonne, uzwi nka Prince Kid, yakatiwe mu rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kugira ngo akomeze gukurikiranwa ku byaha ashinjwa.
Uyu musore w’imyaka 34 ni umuyobozi w’Ikigo gitegura amarushanwa ya Nyampinga w’u Rwanda kuva mu myaka 8 ishize, yarenzwe na Miss Muheto Divine Nshuti ibyaha bitatu birimo guhoza undi ku nkeke bifitanye isano n’imibonano mpuzabiitsina, ari na kimwe mu bitumye umucamanza amugumisha mu gihome kuko (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Haribazwa asaga Miliyoni 700 yashowe mu Kibaya cya Mugogo icyo yakoreshejwe
Musanze: Haribazwa asaga Miliyoni 700 yashowe mu Kibaya cya Mugogo icyo yakoreshejwe

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abahinga mu Kibaya cya Mugogo giherereye mu Murenge wa Busogo mu karere ka Musanze, baravuga ko ubu bari mu rungabangabo kubera imyaka yabo ikomeje kurengerwa n’amazi kandi cyari giherutse gutunganywa bakaba basaba Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi kugira icyo ikora kihutirwa.
Babitangarije umunyamakuru wa Mamaurwagasabo ubwo yageraga aho iki kibaya gihereye mu murenge wa Busogo, kuri ubu kikaba cyarongeye kuzura, bavuga ko bakomeje guhura n’igihombo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru