Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
Mu karere ka Musanze mu murenge wa Nyange mu kagali ka Ninda abaturage baratabariza abana bo mu miryango y’Abasigajwe inyuma n’amateka aho bavuga ko kubera ikibazo cy’umwanda amavunja agiye kubica, usanga aya mavunja yiganje ku bana bari munsi y’imyaka 10 bityo bakabona Leta idahagurukiye iki kibazo, cyane inzego z’ibanze aba bana bamwe bahitanwa n’amavunja.
Bamwe mu babyeyi bo muri iyi miryango bavuga ko impamvu aya mavunja adacika ari uko bayahandura (…)
Yanditswe na Mutesi Scovia
Banki nkuru y’u Rwanda iratangaza ko itumbagira ry’ibiciro rikomeje kugaragara mu Rwanda kimwe n’ahandi ku isi rizakomeza kugaragara no mu mezi ari imbere bitewe n’impamvu zitandukanye zitera iryo tumbagira harimo ibiciro by’ubwikorezi, ibikomoka kuri peteroli n’intambara y’uburusiya na Ukraine. Gusa Guverineri John Rwangombwa avuga ko hari ikizere ko mu mwaka utaha ibi biciro bishobora kuzatangira kumanuka bigatanga agahenge.
Mukiganiro n’Itangazamakuru (…)
Amakuru arimo guturuka mu Bwongereza ni uko abimukira bariyo barimo kwihisha birinda koherezwa mu Rwanda.
Ubwongereza n’u Rwanda baherutse gushyira umukono ku maseserano yo kujya Ubwongereza bubanza kohereza mu Rwanda abimukira n’impunzi bajya gushakirayo ubuhunzi n’amaramuko kuko muri icyo gihugu babayeyo benshi no mu rwego rwo gukumira icuruzwa ry’abantu ryakorerwaga mu bihugu bitandukanye cyangwa bamwe bakarohama mu nyanja bagana ku mugabane w’Uburayi.
BBC yanditse ko hari ibirego (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Hari abaturage bo mu karere ka Kicukiro mu Murenge wa Kagarama bashima akarere ko kabubakiye umuhanda mwiza uzenguruka mu kagari ka Muyange, gusa bavuga ko ahagenewe inzira z’abanyamaguru hatubatse neza cyangwa ngo harangire, hamwe hakaba hasigaye hateza impanuka ku bana bajya banava ku ishuri mu gihe babisikana n’imodoka.
Ubwo umunyamakuru wa Mamauurwagasabo yazengurukaga uwo muhanda wa kaburimbo, yasanye uko neza ariko kuva mu mudugudu wa Mugeyo usanga (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze, Umurenge wa Gashaki bahoze batuye mu birwa byo mu Kiyaga cya Ruhondo kuri ubu batujwe hanze yacyo, baravuga ko batewe impungenge n’ingendo za buri munsi bakorera muri iki kiyaga bagiye ku matongo yabo, bakifuza ko bahabwa imirima aho batujwe kuko bahora barohama mu kiyaga bamwe bakahasiga ubuzima kuko nta bwirinzi mu bwato bwa gakondo bakoresha.
Ubwo umunyamakuru wa Mamaurwagasabo yageraga kuri ibi birwa biri (…)
Yanditswe Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Burera mu mirenge ya a Kinoni , Rugarama na Gahunga hari abana usanga bakoreshwa imirimo ivunanye ijyanye n’ubwikorezi, bamwe baba bambaye imyenda y’ishuri bari mu mirimo.
Ubwo umunyamakuru wa Mamaurwagasabo yageraga muri iyi mirenge yasanze aba bana mu mirimo mu masaha yo kwiga. Bamwe bameye kuganiriza umunyamakuru yavuze ko baba baje gushaka amafaranga yo kugura ibikoresho by’ishuri.
Kwizera Eric yagize ati, "Nasibye naje gushaka (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Abatuye mu mudugudu wa Nyakwibereka mu Kagari ka Kayumba mu murenge wa Nyamata mu karere ka Bugesera, barashima itangazamakuru rya Mamaurwagasabo ryabakoreye ubuvugizi bakabona iriba ry’amazi meza ryiyongera ku ivomo naryo rishya bagejejweho vuba, mu gihe baherukaga amazi meza mu myaka igera kuri 36.
Mu ntangiriro z’uyu mwaka, muri Mutarama 2022, nibwo bamwe mu batuye umudugudu wa Nyakwibereka batangarije Mamaurwagasabo ko barambiwe kuvoma ibiroha bibatera (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Mu murenge wa Gatenga mu kagari ka Nyanza, mu karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, hari umubyeyi witwa Uwimana Gaudence, afite abana 6 nawe wa 7 akaba acumbikanye na nyina ushaje wa 8 mu nzu nto itagira icyumba (Chamblette).
Uwimana yatangarije Mamaurwagasabo ko afite ikibazo kimubuza amahwemo cy’uko yenda gusohorwa muri ako kazu abamo kubera amadeini menshi agezemo kandi ntaho kwerekeza afite.
Ku rundi ruhande abaturage bo mu mudugudu atuyemo bavuga (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bangankira Jean Bosco, Umunyamabanga Nshingwabikorwa (Gitifu) w’Akagari ka Gasiho mu murenge wa Minazi, mu karere ka Gakenke afungiwe kuri sitasiyo ya RIB ya Ruli, akekwaho gusambanya umwangavu w’imyaka 16 wari umunyeshuri.
Amakuru yizewe agera kuri Mamaurwagasabo aravuga ko uyu muyobozi yari asanzwe ashinzwe imyitwarire mu rubyiruko rw’abakorerabushake ruzwi nka Youth Volunteers, ku rwego rw’Akarere ka Gakenke akaba yaratawe muri yombi tariki ya 05 (…)
Nyampinga w’u Rwanda mu 2017, Iradukunda Elsa, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akurikiranyweho ibyaha byo kubangamira iperereza ku birego bishinjwa Ishimwe Dieudonné.
Miss Iradukunda Elsa yatawe muri yombi ku Cyumweru tariki 8 Gicurasi 2022, afungiye kuri Station ya RIB i Remera.
Umuvugizi wa RIB, Murangira B.Thierry, yatangarije IGIHE dukesha iyi nkuru ati, “Akurikiranweho ibyaha birimo gukoresha inyandiko mpimbano no kubangamira iperereza.”
Bivugwa ko RIB (…)
Mu irushanwa ryo kwibuka padiri Kayumba ikipe ya UTB niyo yegukanye byinshi
11 February 2019, by MUTESI Scovia
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















