Tuesday . 26 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Leta ya Congo yise M23 Umutwe w'Iterabwoba ihagarika by'igitaraganya RwandAir
Leta ya Congo yise M23 Umutwe w’Iterabwoba ihagarika by’igitaraganya RwandAir

Repubulika Iharanira demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ku mugaragaro ko umutwe witwaje Intwaro wa M23 ari ‘Umutwe w’Iterabwoba’ ndetse inahagarika by’igitaraganya ingendo za RwandaAir ku butaka bwayo.
Ni nyuma y’imirwano imaze iminsi, guhera tariki ya 23 uku kwezi yashyamiranyije M23 n’ingabo za Leta FARDC, imirwano yagize ingaruka ku Rwanda kuko mu Kinigi mu karere ka Musanze haguye ibisasu 4 bikomeretsa abantu binasenya inzu z’ubucuruzi.
Leta ya Congo yahise kandi inatangaza ko (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Hari abaturage batabaza Perezida Kagame, bamaze imyaka 5 abayobozi birengagiza ikibazo bafite
Musanze: Hari abaturage batabaza Perezida Kagame, bamaze imyaka 5 abayobozi birengagiza ikibazo bafite

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Musanze, mu Murenge wa Cyuve, mu kagari ka Rwebeya mu mudugudu wa Nganzo hari abaturage bavuga batabaza Perezida wa Repubulika Paul Kagame, nyuma yuko bamaze imyaka 5 barara bahagaze kubera ikibazo cy’amazi yaretse mu muhanda ari menshia akaba asigaye abasanga mu mazu zabo, muri iyo myaka yose niko bandikiraga ubuyobozi bw’Akarere babwereka ikibazo bafite batabonera ubushobozi bwo kwikemurira ariko bwabimye amatwi.
Babitangarije (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Amajyaruguru: Ikibazo cy'amakimbirane mu miryango gikomeje kuba intandaro y'igwingira mu bana
Amajyaruguru: Ikibazo cy’amakimbirane mu miryango gikomeje kuba intandaro y’igwingira mu bana

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Prof. Bayisenge Jeannette yasabye abayobozi b’inzego z’ibanze mu turere tugize Intara y’Amajyaruguru kugira uruhare mu gushakira umuti ikibazo cy’amakimbirane mu miryango, ahanini gifatwa nka nyirabayazana w’ibibazo bitandukanye birimo n’igwingira mu bana.
Ni ubutumwa yatanze kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Gicurasi 2022 ahbuha abayobozi b’Intara y’Amajyaruguru, abagize amatorero n’amadini n’indi (…)

424 Shares 4 Comments
Guverinoma y'u Rwanda yahakanye ibyo gushyihikira imirwano hagati ya M23 na FARDC
Guverinoma y’u Rwanda yahakanye ibyo gushyihikira imirwano hagati ya M23 na FARDC

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo yatangaje ko u Rwanda rwirinda kwivanga mu bibazo by’abaturanyi barwo,. ubwo yavugaga ku birego bya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ko u Rwanda rufite akaboko mu mirwano iri kubahanganisha n’umutwe wa M23.
Ni ibirego bije nyuma y’uko hari intambara imaze igihe gito yubuye hagati y’ingabo za Repubulika ya Demukarasi n’inyeshyamba z’umutwe wa M23, hakumvikana amajwi ashinja u Rwanda kuba inyuma ibitero byanagize ingaruka ku Rwanda (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Inzego z'umutekano zagarutsweho mu batangabuhamya mu rubanza rwa Bucyibaruta
Inzego z’umutekano zagarutsweho mu batangabuhamya mu rubanza rwa Bucyibaruta

Yanditswe na Mutesi Scovia
Mu rubanza rwa Bucyibaruta Laurent rurimo kubera i Paris mu Bufaransa, abatangabuhamya batandukanye bagaragaje uruhare rw’inzego z’umutekano mu iyicwa ry’Abatutsi bari i Murambi.
Amazina yagarutsweho cyane muri uru rubanza rurimo kubera mu rukiko rwa Rubanda, i Paris, mu Bufaransa, ni Capitaine Sebuhura, abajandarume na Burugumesitiri Semakwavu wayoboraga komini Nyamagabe.
Bagaragaje uruhare rwabo mu iyicwa ry’Abatutsi bo muri Gikongoro cyane cyane abiciwe i (…)

424 Shares 4 Comments
Ingingo Ishimwe Diedonne atsimbarayeho asaba ko akurikiranwa adafunze
Ingingo Ishimwe Diedonne atsimbarayeho asaba ko akurikiranwa adafunze

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Kuri uyu wa kane ni bwo umusore w’imyaka 34 Ishimwe Diedonne yagejejwe imbere y’inteko y’abacamanza mu rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ruherereye i Nyamirambo kugira ngo aburane ku ifungwa n’iifungurwa ry’agateganyo ry’iminsi 30 mu gihe agikurikiranwa n’ubutabera ku byaha akurikiranyweho.
Uyu musore usanzwe atuye mu Busanza muri Kanombe, mu karere ka Kicukiro, aheruka kujuririra umwanzuro umufunga w’urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ruherereye mu murenge wa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Abanyamahoteli n'abakira ba mukerarugendo hari ibyo biyemeje kuri CHOGM
Musanze: Abanyamahoteli n’abakira ba mukerarugendo hari ibyo biyemeje kuri CHOGM

Yanditswe na Ndayambaje Jean Clause
Mu nama nyungurana bitekerezo yari igamije kureba aho imyiteguro yo kwakira inama mpuzamahanga y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma b’Umuryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza (CHOGM) igeze, yahuje abanyamahoteli n’abandi bakora ibikorwa by’ubukerugedo bo mu karere ka Musanze, basabwe kuzakira neza abaabagana kugira ngo bazajyane isura nziza y’u Rwanda mu gihugu hose.
Ni inama biteganijwe ko izakira abazaba barenga ibihumbi bitandatu, ikaba (…)

424 Shares 4 Comments
Urukiko rufunguye Miss 2017 Iradukunda Elsa
Urukiko rufunguye Miss 2017 Iradukunda Elsa

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Gicurasi 2022 urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rurekuye Miss Rwanda 2017, Iradukunda Elsa, ukurikiranyweho ibyaha byo guhimba inyandiko hagamijwe gushinjura Ishimwe Diedonne, AKA, Prince Kid ku byaha akurikiranyweho byo gushaka inshimishamubiri.
Ni umwanzuro urukiko rufashe nyuma yo gusuzuma dosiye irega Miss Rwanda 2017 Iradukunda Elsa no kumva ubusabe b’ubushinjacyaha bwasabye ko butagikurikiranye dosiye y’uwo bwashinjaga, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Urubanza rwa Miss Iradukunda narwo rwashyizwe mu muhezo
Urubanza rwa Miss Iradukunda narwo rwashyizwe mu muhezo

Kuri uyu wa Kabiri, nibwo Nyampinga w’u Rwanda, Miss Rwanda 2017, Iradukunda Elsa yagejejwe ku rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ruherereye mu murenge wa Kagarama, kugira ngo aburane ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo, birangira umucamanza ashyize urubanza mu muhezo ku mpamvu y’ibishobora kuzavugirwa mu iburanisha.
Miss Iradukunda yatawe muri yombi, ku wa Gatanu tariki 13 Gicurasi 2022 nibwo dosiye yashyikirijwe urukiko, aregwa ibyaha bitatu: guhimba, guhindura inyandiko cyangwa gukoresha (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Hari umubyeyi utagira aho arara, ahora mu bayobozi b'umurenge bamwe bakamuteragirana
Musanze: Hari umubyeyi utagira aho arara, ahora mu bayobozi b’umurenge bamwe bakamuteragirana

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mukamana olive w’imyaka 26 uboneka mu murenge wa Kinigi aravuga ko hagiye gushira hafi imyaka ibiri asembera atagira aho gikinga umusaya, none arasaba ko Leta yagira icyo imufasha akabona aho kuraza urubyaro rwe nawe ubwe.
Ubwo umunyamakuru wa Mamaurwagasabo yageraga mu murenge wa Kinigi yasanze hari umuturage wari umaze gusohorwa mu biro by’umuyobozi ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu murenge wa Kinigi (Affaire social) arimo kurira, abajijwe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru