Tuesday . 26 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Micomyiza ukekwaho ibyaha bya Jenoside yageze i Kigali
Micomyiza ukekwaho ibyaha bya Jenoside yageze i Kigali

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 27 Mata 2022, Ubutabera bwa Sweden bwohereje Umunyarwanda Jean Paul Micomyiza ukurikiranyweho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, kugira ngo aburanishirizwe mu Rwanda.
Indege ya RwandAir yari itwaye Micomyiza yageze ku Kubuga Mpuzamahanga cya Kanombe i Kigali ahita atabwa muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha.
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda buvuga ko bwashyiriyeho impapuro zo guta muri yombi uyu Jean Paul Micomyiza kubera (…)

424 Shares 4 Comments
Amajyaruguru : Ababyeyi baratungwa agatoki mu kutita ku myigire y'abana babo
Amajyaruguru : Ababyeyi baratungwa agatoki mu kutita ku myigire y’abana babo

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ubwo yatangizaga icyumweru cyahariwe uburezi mu Ntara y’Amajyaruguru, Guverineri w’iyi ntara Nyirarugero Dancilla yasabye ababyeyi kutigira ’ntibindeba’ ahubwo bakagira uruhare mu myigire y’abana babo kuko byamaze kugaragara ko inshingano bazikuraho bakaziharira abarezi gusa.
Ni kuri uyu Mbere tariki ya 25 Mata 2022 ubwo muri iyi ntara hatangijwe icyumweru cyahariwe uburezi, kizibanda ku bukangurambaga bwo kugarura abana mu ishuri baritaye ndetse no (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ikoranabuhanga rigiye kwihutisha u Rwanda kugera ku ntego yo Kurandura Malaria mu 2030
Ikoranabuhanga rigiye kwihutisha u Rwanda kugera ku ntego yo Kurandura Malaria mu 2030

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko yashyize imbaraga mu ikoranabuhanga ryifashisha utudege tutagira abapilote, twa Drones, mu kwihitisha gahunda yo kurwanya Malaria, hagamije kugera ku ntego Isi yihaye yo kurandura Malaria kugera mu 2030.
Ku Isi umwaka wonyine abantu bagera kuri bihumbi 600 bapfuye bazize indwara ya Malaria, mu bagera kuri miliyoni 240 bayirwaye.
Mu Rwanda abarenga miliyoni 1 barwara malaria buri mwaka, gusa abo ihitana bakomeje (…)

424 Shares 4 Comments
Burera: Isoko rya Gahunga ririmo kwangirika ubuyobozi burebera
Burera: Isoko rya Gahunga ririmo kwangirika ubuyobozi burebera

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abacururiza mu isoko rya Gahunga, mu karere ka Burera batangaza ko iryo soko ryatangiye kwangirika ku buryo bugaragara, ubuyobozi bwaba ubw’isoko n’inzego z’ibanze barebera bakaba bibaza amaherezo yaryo.
Babitangarije umunyamakuru wa Mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Gahunga, aho iri soko ryubatse.
Abaturage bavuga ko usibye kuba ikijyanye n’umwanda muri iri soko cyarabaye agatereranzamba, none bigeze n’aho abajura n’abandi bantu batangiye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kicukiro: Nyuma yo gutabaza ntibatabarwe ibiza byatangiye kubahitana
Kicukiro: Nyuma yo gutabaza ntibatabarwe ibiza byatangiye kubahitana

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Hashize igihe gito Mamaurwagasabo ibagejejeho inkuru y’abaturage bo mu karere ka Kicukiro, mu Murenge wa Gatenga, akagari ka Nyanza mu mudugudu wa Juru, ahitwa mu Gakoki batabaje Leta ko amazi ava mu muhanda urimo gukorwa wa Sonatubes-Gahanga yayobowe muri ako kage ari menahi bityo iyo imvura nyinshi iguye abasanga mu nzu akabasenyera, agatwara n’ibikoresho byabo byo mu nzu, bategereza ko ubuyobozi bugira icyo bubikoraho gifatika amaso ahera mu kirere none (…)

424 Shares 4 Comments
Burera: Batewe impungenge n'ikiraro cya Bahimba cyamaze kwangirika ntigisanywe
Burera: Batewe impungenge n’ikiraro cya Bahimba cyamaze kwangirika ntigisanywe

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Burera hari abaturage batuye n’abakoresha ikiraro cya Bahimba kuri ubu cyamaze kuvaho ibyuma byo mu mpande byarindaga umuntu kugira ngo atagwamo bakaba bifuza ko cyongera kugisanwa kikaba nyabagendwa.
Iki kiraro gihereye mu mudugudu wa Ntenyo, mu kagari ka Nyangwe, Umurenge wa Gahunga.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge wa Gahunga, aho bavuga ko ibyuma by’ikiraro cya Bahimba bimaze igihe kirekire (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gakenke: Abacuruzi babangamiwe nuko imbuga z'imbere y'inzu zabo zahinduwe gare y'imodoka
Gakenke: Abacuruzi babangamiwe nuko imbuga z’imbere y’inzu zabo zahinduwe gare y’imodoka

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bafite inzu z’ubucuruzi muri sentere ya Gakenke barifuza ko hakubakwa gare y’imodoka kuko imbuga z’inzu zabo zitakabaye ari zo zihindurwa gare zitegerwamo abagenzi, cyane ko bibatera akajagari gakabije kandi ntibishyurwe amahoro ya parikingi.
Babitangarije umunyamakuru wa Mamaurwagasabo ubwo yageraga muri aka karere, bamubwira ko aho bamaze imyaka myinshi bizezwa kubakirwa gare ariko bikaba byarabaye agateranzamba .
Kamali Eric (…)

424 Shares 4 Comments
Ngororero: Nyuma yo gukorerwa ubuvugizi abasigajwe inyuma n'amateka bishimiye ko abana babo basubiye mu mashuri
Ngororero: Nyuma yo gukorerwa ubuvugizi abasigajwe inyuma n’amateka bishimiye ko abana babo basubiye mu mashuri

Yanditswe na Umugiraneza Alice
Ubwo Mamaurwagasabo iheruka kubagezaho inkuru y’abana n’ababyeyi begereye ishyamba rya Gishwati higanjemo abasigajwe inyuma n’amateka bo mu karere ka Ngororero, mu Murenge wa Muhanda, mu Kagali ka Bugarura, bavuga ko kubera ubukene bukabije babuze ibikoresho by’ishuri, imyenda ndetse n’ikweto bituma abana bata ishuri. Aba babyeyi babwiye mamaurwagasabo ko bashima ubuvugizi bwakozwe kandi ko abana bahawe ibikoresho ubu bakaba barimo kwiga neza.
Umuturage (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
U Rwanda rwakiriye abarimu 45 bagiye guhugura abandi ku myigishirize y'Igifaransa
U Rwanda rwakiriye abarimu 45 bagiye guhugura abandi ku myigishirize y’Igifaransa

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Ku bufatanye n’Umuryango mpuzamahanga w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa, OIF, u Rwanda rwakiriye abandi barimu 45 baje gufasha abo mu gihugu kumenya uko bigisha ururimi rw’igifaransa mu mashuri abanza, ayisumbuye no mu mashuri nderabarezi mu gihe cy’imyaka ibiri.
Ni abarimu bafatwa nk’abakorerabushake, baturutse mu bihugu 11 byo ku mugabane w’Afurika, mu gice cy’Iburengerazuba, ahiganje ibihugu byakoronijwe n’Ubufaransa bikaba bikoresha urwo rurimo (…)

424 Shares 4 Comments
Uburusiya bwatangaje igisabwa ngo buhagrike intambara kuri Ukraine
Uburusiya bwatangaje igisabwa ngo buhagrike intambara kuri Ukraine

Ubutegetsi bw’Uburusiya bwatangaje ko bwiteguye guharika intambara igihe cyose umuryango w’ubutabazi wa OTAN/NATO uzahagarika gukoresha ubutaka bwa Ukraine mu kubangamira Uburusiya.
Byatangajwe n’Umutegetsi Mukuru wo muri Minisiteri y’ububanyi n’Amahanga w’Uburusiya, Alexey Polishchuk mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru cya Leta, Tass.
Polishchuk yagize ko igikorwa kidasanzwe kizahagarara mu gihe integoo zacyo zizaba zigezweho.
Akomeza agira ati, “Muri zo harimo kurinda abenegihugu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru