Saturday . 21 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Amajyaruguru: Ikibazo cy'amakimbirane mu miryango gikomeje kuba intandaro y'igwingira mu bana
Amajyaruguru: Ikibazo cy’amakimbirane mu miryango gikomeje kuba intandaro y’igwingira mu bana

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Prof. Bayisenge Jeannette yasabye abayobozi b’inzego z’ibanze mu turere tugize Intara y’Amajyaruguru kugira uruhare mu gushakira umuti ikibazo cy’amakimbirane mu miryango, ahanini gifatwa nka nyirabayazana w’ibibazo bitandukanye birimo n’igwingira mu bana.
Ni ubutumwa yatanze kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Gicurasi 2022 ahbuha abayobozi b’Intara y’Amajyaruguru, abagize amatorero n’amadini n’indi (…)

424 Shares 4 Comments
Guverinoma y'u Rwanda yahakanye ibyo gushyihikira imirwano hagati ya M23 na FARDC
Guverinoma y’u Rwanda yahakanye ibyo gushyihikira imirwano hagati ya M23 na FARDC

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo yatangaje ko u Rwanda rwirinda kwivanga mu bibazo by’abaturanyi barwo,. ubwo yavugaga ku birego bya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ko u Rwanda rufite akaboko mu mirwano iri kubahanganisha n’umutwe wa M23.
Ni ibirego bije nyuma y’uko hari intambara imaze igihe gito yubuye hagati y’ingabo za Repubulika ya Demukarasi n’inyeshyamba z’umutwe wa M23, hakumvikana amajwi ashinja u Rwanda kuba inyuma ibitero byanagize ingaruka ku Rwanda (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Inzego z'umutekano zagarutsweho mu batangabuhamya mu rubanza rwa Bucyibaruta
Inzego z’umutekano zagarutsweho mu batangabuhamya mu rubanza rwa Bucyibaruta

Yanditswe na Mutesi Scovia
Mu rubanza rwa Bucyibaruta Laurent rurimo kubera i Paris mu Bufaransa, abatangabuhamya batandukanye bagaragaje uruhare rw’inzego z’umutekano mu iyicwa ry’Abatutsi bari i Murambi.
Amazina yagarutsweho cyane muri uru rubanza rurimo kubera mu rukiko rwa Rubanda, i Paris, mu Bufaransa, ni Capitaine Sebuhura, abajandarume na Burugumesitiri Semakwavu wayoboraga komini Nyamagabe.
Bagaragaje uruhare rwabo mu iyicwa ry’Abatutsi bo muri Gikongoro cyane cyane abiciwe i (…)

424 Shares 4 Comments
Ingingo Ishimwe Diedonne atsimbarayeho asaba ko akurikiranwa adafunze
Ingingo Ishimwe Diedonne atsimbarayeho asaba ko akurikiranwa adafunze

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Kuri uyu wa kane ni bwo umusore w’imyaka 34 Ishimwe Diedonne yagejejwe imbere y’inteko y’abacamanza mu rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ruherereye i Nyamirambo kugira ngo aburane ku ifungwa n’iifungurwa ry’agateganyo ry’iminsi 30 mu gihe agikurikiranwa n’ubutabera ku byaha akurikiranyweho.
Uyu musore usanzwe atuye mu Busanza muri Kanombe, mu karere ka Kicukiro, aheruka kujuririra umwanzuro umufunga w’urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ruherereye mu murenge wa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Abanyamahoteli n'abakira ba mukerarugendo hari ibyo biyemeje kuri CHOGM
Musanze: Abanyamahoteli n’abakira ba mukerarugendo hari ibyo biyemeje kuri CHOGM

Yanditswe na Ndayambaje Jean Clause
Mu nama nyungurana bitekerezo yari igamije kureba aho imyiteguro yo kwakira inama mpuzamahanga y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma b’Umuryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza (CHOGM) igeze, yahuje abanyamahoteli n’abandi bakora ibikorwa by’ubukerugedo bo mu karere ka Musanze, basabwe kuzakira neza abaabagana kugira ngo bazajyane isura nziza y’u Rwanda mu gihugu hose.
Ni inama biteganijwe ko izakira abazaba barenga ibihumbi bitandatu, ikaba (…)

424 Shares 4 Comments
Urukiko rufunguye Miss 2017 Iradukunda Elsa
Urukiko rufunguye Miss 2017 Iradukunda Elsa

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Gicurasi 2022 urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rurekuye Miss Rwanda 2017, Iradukunda Elsa, ukurikiranyweho ibyaha byo guhimba inyandiko hagamijwe gushinjura Ishimwe Diedonne, AKA, Prince Kid ku byaha akurikiranyweho byo gushaka inshimishamubiri.
Ni umwanzuro urukiko rufashe nyuma yo gusuzuma dosiye irega Miss Rwanda 2017 Iradukunda Elsa no kumva ubusabe b’ubushinjacyaha bwasabye ko butagikurikiranye dosiye y’uwo bwashinjaga, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Urubanza rwa Miss Iradukunda narwo rwashyizwe mu muhezo
Urubanza rwa Miss Iradukunda narwo rwashyizwe mu muhezo

Kuri uyu wa Kabiri, nibwo Nyampinga w’u Rwanda, Miss Rwanda 2017, Iradukunda Elsa yagejejwe ku rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ruherereye mu murenge wa Kagarama, kugira ngo aburane ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo, birangira umucamanza ashyize urubanza mu muhezo ku mpamvu y’ibishobora kuzavugirwa mu iburanisha.
Miss Iradukunda yatawe muri yombi, ku wa Gatanu tariki 13 Gicurasi 2022 nibwo dosiye yashyikirijwe urukiko, aregwa ibyaha bitatu: guhimba, guhindura inyandiko cyangwa gukoresha (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Hari umubyeyi utagira aho arara, ahora mu bayobozi b'umurenge bamwe bakamuteragirana
Musanze: Hari umubyeyi utagira aho arara, ahora mu bayobozi b’umurenge bamwe bakamuteragirana

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mukamana olive w’imyaka 26 uboneka mu murenge wa Kinigi aravuga ko hagiye gushira hafi imyaka ibiri asembera atagira aho gikinga umusaya, none arasaba ko Leta yagira icyo imufasha akabona aho kuraza urubyaro rwe nawe ubwe.
Ubwo umunyamakuru wa Mamaurwagasabo yageraga mu murenge wa Kinigi yasanze hari umuturage wari umaze gusohorwa mu biro by’umuyobozi ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu murenge wa Kinigi (Affaire social) arimo kurira, abajijwe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Nkurikiyinka arabyinira ku rukoma nyuma yo gukorerwa ubuvugizi
Musanze: Nkurikiyinka arabyinira ku rukoma nyuma yo gukorerwa ubuvugizi

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Nkurikiyinka Emmanuel, ni umusaza uri mu kigero cy’imyaka 70 arashimira kinyamakuru Mamaurwagasabo giherutse kumukorera aho yararaga anyagirwa none kuri ubu akaba inzu ye yatangiye kubakwa bahereye ku isakaro.
Ubwo duherutse kubagezaho inkuru y’uyu muturage wari umaze imyaka irenga 5 anyagirwa, atuye mu murenge wa Cyuve, nyuma y’icyumweru kimwe ari kubyinira ku rukoma kuko inzu ye yamaze gusakarwa n’ubuyobozi bw’umurenge wa Cyuve n’umufatanyabikorwa (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Ibisasu byibasiye agace ka kinigi biturutse muri Congo bikomeretsa abaturage n'imitungo yabo
Musanze: Ibisasu byibasiye agace ka kinigi biturutse muri Congo bikomeretsa abaturage n’imitungo yabo

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude.
Mu Karere ka Musanze mu mirenge ya Kinigi na Nyange n’uwa Gahunga mu karere ka Burera munsi ya pariki y’Ibirunga abaturage batunguwe n’ibisasu bigera kuri 4 byatewe ku butaka bw’u Randa ahagana saa 10h00’ z’amanywa.
Ni ibisasu byaturutse ku mirwano ikomeje guhanganisha umutwe wa M23 n’ingabo za FARDC ifatanyije na MONUSCO, Mai Mai na FDLR yagize ingaruka ku mutekano wa Kinigi, ahamaze kugwa ibisasu 4 byangije ibikorwa remezo by’u Rwanda ndetse bikaba (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru