Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Nyabihu , umurenge wa Karago baravuga ko bagiharikwa n’abagabo babo Ku buryo usanga umugabo afite abagore barenga babiri.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge wa karago binubira aka karengane gatuka rimwe na rimwe abana bandangara Kubera kubura ise ubitaho uko bikwiye.
Nyiramugisha twamusanze mu gasantere atubwira uburyo umugabo we amaze ibyumweru bibiri atagera mu rugo gusa ngo (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu Karere ka Musanze hamwe na hamwe na hakomeje kugaragara amarerero ECDs yubatswe yo gufasha abana kuva mu mirire mibi ariko haribazwa impamvu adakora nkuko bikwiye ndetse benshi bakabifata nk’intandaro y’ikibazo cy’imirire mibi mu bana ibatera no kugwingira.
Ni kimwe mu bibazo byagarutsweho mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ku gucamusi cyo kuri uyu Gatatu tariki ya 1 Kamena 2022, ikiganiro cyahuje abayobozi b’akarere n’abanyamakuru.
Hirya no hino (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Ubwo umunyamakuru wa Mamaurwagasabo yageraga mu isantere ya Vunga mu murenge wa Shyira mu karere ka Nyabihu, yasamiwe hejuru n’abaturage biganjemo abatwara abagenzi kuri moto, imodoka n’amagare mu muhanda uhuza Nyabihu na Musanze, bamusaba kwibutsa Umukuru w’Igihugu ko batarabona umuhanda yabemereye mu 2017 ubwo aheruka gutaha ibitaro bya Shyira.
Ni umuhanda bakunda kwirahira Perezida Kagame ko ubwo aheruka kubasura yasize utsindagiwe, ukoze mu buryo (…)
Urugendo rwa mbere rw’indege yerekeza mu Rwanda itwaye abimukira bambuka umuhora wa Channel wo mu Bwongereza byitezwe ko ruba mu byumweru bibiri biri imbere, ku itariki ya 14 y’uku kwezi kwa gatandatu, nkuko byatangajwe na minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu.
Abategetsi batangiye gutanga ibyerekezo ku cyiciro cya mbere cy’abo bantu bazajyanwa mu Rwanda.
Byitezwe ko hazaba imanza kuri iyi gahunda.
Iyi gahunda itavugwaho rumwe yanenzwe n’abanyapolitiki, imiryango y’abagiraneza na (…)
Guverinoma y’u Rwanda yasabye abaturage bayo bajya muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) muri iyi minsi kwitwararika, nyuma y’amagambo n’ibikorwa by’urwango bikomeje kuvugwa n’abaturage b’icyo gihugu agaragaza urwango bafitiye Abanyarwanda.
Ni icyemezo cyafahswe cyafashwe nyuma y’uko abanye-Congo benshi barimo abanyapolitiki, abaturage basanzwe ndetse n’abakora mu nzego zishinzwe umutekano, bakomeje guhamagarira abandi gufata imihoro no gutera u Rwanda.
Byatangajwe na (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga n’Ubutwererane, Dr. Biruta Vincent yatangaje ko mu gihe u Rwanda rwaba rukomeje kugabwaho ibitero n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demikarasi ya Kongo (RD Congo) rufite uburenganzira n’ubushobozi bwo kwitabara nk’uko n’ibindi bihugu byabikora.
Yavuze ko ibyo ari ibintu yavuze no mu Nama y’Ubumwe bwa Afurika yabereye i Malabo, ko igihugu gifite uburenganzira bwo kwirwanaho igihe gitewe.
Yabitangarije mu kiganiro yagiranye (…)
Nta minsi ibiri irashira ku rubuga rwa Twitter hagaragaye amashusho y’Umuyobozi w’akarere ka Musanze wungirije ushinzwe imibereho y’abaturage, Kamanzi Axelle, yumva ikibazo cy’umunyamakuru wa Televiziyo Flash amubaza ikibazo cy’abasigajwe inyuma n’amateka bo mu murenge wa Shingiro bubakiwe inzu zigatangira gusenyuka bakizigeramo, akamureba akamwihorera kugezs ubwo umunyamakuru amushimiye undi akikubita akagenda.
Ni imyitwarire yabanje gutungura abanyamakuru bari muri icyo kiganiro kigufi (…)
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta, yatangaje ko nyuma y’ibisasu ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), zarashe ku Rwanda, Perezida w’u Rwanda yabwiye mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi ko byashobokaga ko ingabo z’u Rwanda zisubiza ko kandi iyo bikorwa byari kuba byubahirije amategeko.
Ibi Minisitiri Biruta yabigarutseho mu ijambo yagejeje ku bayobozi bitabiriye inama yiga ku kibazo cy’iterabwoba yabereye i Malabo ku wa 28 Gicurasi 2022.
Iyi nama (…)
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Mukuralinda Allain, yahakanye ibyo leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo ishinja iy’u Rwanda ko itera inkunga umutwe wa M23, mu ntambara icyo gihugu gihanganyemo n’umutwe yise uw’Iterabwoba wa M23 mu Burasirazuba bwacyo.
Umuvugizi wungirije wa guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda yatangarije RBA ko iki ari ikibazo kiri hagati y’Abanyekongo ubwabo, bakwiye kwicara hamwe bakagishakira ibisubizo.
Hashize iminsi mike guverinoma ya (…)
Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda (MINADEF) yatangaje ko abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bafatanyije n’umutwe ushaka guhirika bw’u Rwanda wasize ukoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 (FDLR) bashimuse abasirikare b’u Rwanda babiri, ku wa Mbere taliki 23, Gicurasi, 2022.
Itangazo ry’Ingabo z’u Rwanda (RDF) rivuga ko kiriya gikorwa ari icy’ubushotoranyi, bise mu Cyongereza Provocative Aggression.
Ingabo z’u Rwanda zivuga ko bariya basirikare ari Cpl (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















