Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yise mugenzi we w’Uburusiya Vladmir Putin "Umunyagitugu" ndetse amushinja ku mugaragaro gukora Jenoside muri Ukraine.
Yabitangaje kuri uyu wa Kabiri mu ijambo yavugiye muri Leta ya Iowa ku bijyanye n’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bikomeje kubura ku isoko mpuzamahanga bigatuma ibiciro bizamuka, mu mvugo ye Biden yagejeje aharenze ah’undi muntu uwo ari we wese wo mu butegetsi bwe yari yarageze mbere yaho mu kuvuga ku bwicanyi bwakorewe (…)
[[Abana n’urubyiruko rwo mu Muryango Fondation Ndayisaba Fabrice (NFF) bibutse abana n’ibibondo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bazira uko batiremye, biyemeza kuzakora ibishoboka ngo Jenoside ntizongere ukundi.
Ni indahiro abo bana bagize ubwo basuraga Urwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza ruherereye mu Karere ka Kicukiro, bari kumwe na Nyampinga w’u Rwanda, Miss Rwanda 2022, Nshuti Muheto Divine, Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA, Muhire Henry Brulart, ndetse n’Umuyobozi wa (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Nyabihu, umurenge wa Rugera, akagari ka Nyagahondo, mu mudugudu wa Musenyi hari umukobwa uhora asaba ubutabera nyuma yo gusambanywa n’umugabo w’imyaka 35 akanamutera inda, arafatwa arafungwa RIB yo ku murenge yoroshya icyaha arafungurwa none kuri ubu ukomeje kuza kumuhohotera iwabo ashaka kongera kumufata ku ngufu ashaka kongera kumusambanya.
Uyu mukobwa twamuhaye izina rya Kamariza kubw’umutekano we, mu kiganiro kihariye yahaye (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu bakozi ba Vision up company Ltd ikora ibijyanye n’isuku mu muhanda wa Rwankeri-Gatovu bararira ayo kwarika nyuma yamezi 4 badakora ku mushahara, none iwabo mu rugo inzara n’amadeni biravuza ubuhuha.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu mirenge ya Kintobo na Mukamira, Ku muhanda uturuka Rwankeri ukagera Gatovu basanzwe bakoreramo ibijyanye n’isuku.
Nkamiyabanga Perusi ni umwe muri abo bakozi twasanze bakora isuku mu (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Bamwe mu barokokeye ku Kiliziya cya Paruwasi ya Gikondo, mu murenge wa Gikondo mu karere ka Kicukiro, batangaje ko bifuza ko urwibutso ruri muri iyo kiliziya rwakitabwaho by’umwihariko nk’urwibutso rwa Kiliziya ya mbere mu Rwanda yiciwemo Abatutsi bwa mbere, bari baje bahahungira abicanyi muri Jenoside, aho kuhakirira bakahatikirira.
Urwibutso rwa Gikondo ruherereye neza muri Paruwasi ya Palloti Gikondo, rubitse amateka akomeye ya Kiliziya Gatukika na (…)
Nyuma y’iminsi igera kuri 13 hari gukorwa ubutabazi bwihuse bwo gusana igice gito cy’umuhanda Mpuzamahanga Kigali-Huye, ubu noneho wabaye Nyabagwndwa.
Kuva mu gitondo cya tariki ya 30 Werurwe, Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda yatangaje ko umuhanda Kigali-Huye wangirikiye hagati ya Santere ya Ruyenzi n’isoko rya Bishenyi bityo ukaba utari Nyabagendwa.
Kuva ubwo ibinyabiziga byavaga Kigali byatangiye kwifashisha umuhanda Kigali-Ruyenzi-Nkoto, mu rwego rwo gukomeza (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Kamashazi Dina ni umwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, atuye mu karere ka Musanze, kimwe n’abandi bana barokotse, bamwiciye ababyeyi abireba n’amaso, babicira ahahoze hitwa muri Komine Mukingo, ubu ni mu murenge wa Busogo.
Mu buhamya bugaragaza inzira y’umusaraba yanyuzemo, Kamashazi Dina yabwiye umunyamakuru wa mamaurwagasabo ko ubwicanyi bwatangiye mu 1990 ubwo Jenoside yari itangiye kugeragezwa, icyo gihe abahoze bitwa ba (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Rutayisire Thelesphore, ni umwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bo mu murenge wa Gikondo mu karere kaKicukiro, mu gice cy’ahazwi nka Camp Zaire, avuga ko nanubu atarabasha kubabarira abamwiciye ababyeyi n’abavandimwe bitewe nuko kugeza magingo aya bataravuga aho babajugunye ngo abashyingure mu cyubahiro babavukije abone kuruhuka mu mutima igihe abona abandi bashyingura ababo."
Mu buhamya bw’uyu mugabo, ufite ibikomere ku mutima no ku mubiri (…)
Perezida Paul Kagame yahuye na mugenzi we wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni i Nairobi muri Kenya nagirana ibiganiro byihariye.
Ni ku nshuro ya Mbere kuva bahurira ku mupaka wa Gatuna/Katuna mu biganiro byakurikiye ubuhuza bwo kuzahura umubano w’ibihugu byombi umaze igihe urimo agatotsi.
Bahuriye muri Kenya bitabiriye umuhango wo gushyira umukono ku masezerano yinjiza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu Muryango w’Ibihugu byo muri Afurika y’Iburasirazuba.
Abinyujije kuri (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu gihe u Rwanda n’Isi yose muri rusange bibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, mu Karere ka Musanze hari hamwe na hamwe inzibutso zibitse imibiri zitarubakwa mu buryo bwiza ku buryo bifuza ko zubwakwa uhageze wese akamenya amateka mabi yaranze Igihugu.
Mu murenge wa Kinigi ni hamwe habereye Jenoside yaranzwe n’ubwicanyi ndenga kamere ndetse ni hamwe hageragerejwe Jenoside yakorewe Abatutsi kuva mu 1990-1994, Abatutsi (…)
Mu irushanwa ryo kwibuka padiri Kayumba ikipe ya UTB niyo yegukanye byinshi
11 February 2019, by MUTESI Scovia
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















