Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Urwego rw’Igigugu rushinzwe Ubugenzacyaha, RIB, yataye muri yombi inafunga Habineza Longin, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Karama mu Karere ka Nyagatare na Twiringiyimana Jean Chrysostom, Perezida wa koperative KOHIIKA ihinga ibigori muri uwo murenge bakurikiranweho icyaha cyo gutanga ruswa y’amafaranga kugira ngo imodoka ya koperative irekurwe kandi yafatiwe mu cyaha.
Abatawe muri yombi bafungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Nyagatare mugihe iperereza rikomeje kugira ngo hakorwe (…)
Umugiraneza Alice
Ubwo hakorwaga amatora y’abagize inama njyanama z’uturere mu karere ka Musanze ho mu Ntara y’amajyaruguru, abaturage basabye komite nyobozi izatorwa kuzita cyane ku bikorwa remezo cyane imihanda n’amaziq.
Kimwe nahandi hose mu gihugu, kuri uyu wa Kabiri Tariki ya 16 Ugushyingo 2021, abagize njyanama z’imirenge bazindukiye mu gikorwa cy’amatora hatorwa abajyanama rusange 8 muri buri karere bazishakamo Komite nyobozi zizava muri aba batowe ndetse na 30% by’abagore (…)
Mutungirehe Samuel
Minisiteri y’Ubuzima yategetse ko buri mukozi ukora mu rwego rw’ubuvuzi mu bitaro bya Leta agomba kuba yikingije, ishyiraho iminsi 10 yo kuba utarabikora agomba kubyihutira.
Byasohotse mu itangazo rishyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 16 Ugushyingo 2021 rigenewe abakora muri urwo rwego bose.
Nyuma y’iyo minsi 10 umukoresha wese mu bitaro n’ibigo by’ubuzima ategetswe gutanga urutonde rw’abanze kwikingiza covid 19.
Mutungirehe Samuel
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 16 Ugushyingo 2021, hafi y’Ingoro y’inteko ishinga amategeko ya Uganda, mu Murwa Mukuru wa Kampala, haturikiye Ibisasu bibiri bihitana abantu barindwi, (7) mu gihe abarenga 17 bakomerekejwe nabyo barembeye mu bitaro, 12 muri bo bihutishirijwe mu bitaro bikuru bya Mulago. Byanangije imodoka nyinshi nk’uko byagaragaye mu mashusho ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru byaho.
Kimwe cyaturikiye mu modoka hafi y’Ingoro y’Inteko (…)
Mutungirehe Samuel
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Karongi by’umwihariko mu Murenge wa Murambi, bari gutabaza itangazamakuru ngo ribabarize impamvu Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’uwo Murenge ari gushyira imbara z’umurengera zirimo n’inkoni ku baturage batarasobanukirwa neza urukingo rwa COVID 19 bitewe n’imyumvire runaka.
Abari gutabaza itangazamakuru batavuga ko mu minsi ishize babonye impapuro zizwi nka Convocation, zihamagaza umuntu ku biro bya Leta cg by’umugenzacyaha, rwanditseho (…)
Ndayambaje Jean Claude
Igihugu cya Uganda cyohereje abandi Banyarwanda icyenda bari bafungiye mu magereza yo muri icyo gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 15 Ugushyingo, abo Banyarwanda bagejejwe ku mupaka wa Kagitumba mu Karere ka Nyagatare bavuye mu gihome mu bigaragarira amaso bananiwe.
Mu barekuwe harimo abigitsina gabo 8 n’umugore umwe, bakimara kugera ku mupaka wa Kagitumba bakiriwe n’urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka, bavuga ko bari (…)
Mutungirehe Samuel
Amanota yavuye mu bizamini byakozwe n’abanyeshuri barangije amashuri yisumbuye, aho abo mu cyiciro cy’ubumenyi rusange (General Education) batsinze ku kigero cya 85.3%, bakaba baragabanutse ugereranyije n’umwaka ushize kuko ho bari 89.5%.
Mu banyeshuri 47,638 biyandikishije gukora ibizamini mu cyiciro cy’ubumenyi rusange, abakoze ni 47399, hatsinda 40.435 bangana na 85.3% mu gihe 14.7% batigeze bagira inota fatizo.
Abiyandikishije mu mashuri y’inderabarezi (TTC) ni (…)
Mutungirehe Samuel
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu Cyumweru kimwe abantu barenga miliyoni 11 barimo abana n’abakuru bagiye guhabwa ibinini by’inzoka zo mu nda.
Byatangajwe na Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel, ubwo yatangiraga gahunda ngarukamwaka y’icyumweru cy’Ubuzima bw’umwana n’umubyeyi yatangijwe mu gihugu hose kuri uyu wa Mbere tariki ya 15 Ugushyingo 2021.
Iyi gahunda isanzwe itangwamo ibinini by’inzoka ku bana bato, ibinini bya Vitamin A birinda ubuhumyi, gupima (…)
Ndayambaje Jean Claude
Federasiyo y’umukino wa Volleyball mu Rwanda "FRVB" itegereje umwanzuro w’Ishyirahamwe Mpuzamahanga rya Volleyball (FIVB) yahagaritse u Rwanda nyuma y’uko rukinishije abakinnyi bane bakomoka muri Brésil mu buryo bw’uburiganya ubwo habaga imikino ya shampiyona nyafurika y’abagore yabere mu Rwanda mu kwezi kwa Nzeri 2021.
Abakinnyi bivugwa ko bakiniye u Rwanda batujuje ibyangombwa ni Apolinario Caroline Taiana, Mariana Da Silva na Moreira Bianca Gomes,Siqueira (…)
Alice Umugiraneza
Hashize imyaka irenga ibiri mu Kagari ka Rwebeye mu Murenge wa Cyuve ho mu karere ka Musanze hari ikizenga cy’amazi cyarafunze umuhanda ku buryo kuhanyura bitoroshye aho kugeza ubu n’ibinyabiziga bitakibasha kuhanyura bitewe niyangirika ry’umuhanda.
Abaturage, abagenzi ndetse na bakoresha ibinyabiziga banyura muri uwo muhanda babwiye mamaurwagasabo.rw ko ikibazo cy’aya mazi cyabaye agatereranzamba kuko ngo ukurikije igihe aya mazi amaze kuyashakira igisubizo Atari uko (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















