Saturday . 21 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Amanota y'abakoze ibizamini by'amashuri yisumbuye agiye gutangazwa
Amanota y’abakoze ibizamini by’amashuri yisumbuye agiye gutangazwa

Amanota agiye kujya hanze ni ay’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta mu mwaka w’amashuri wa 2020/2021 bagera ku 52.145 barimo abahungu 22.894 n’abakobwa 26.892.
Amanota y’abakoze ibizamini bya Leta bisoza umwaka wa 6 w’amashuri yisumbuye agiye kujya hanze.
Mu kwezi gushize k’Ukwakira 2021, ni bwo amanota y’abanyeshuri bakoze ikizamini cya leta gisoza amashuri abanza n’ayisumbuye ikiciro rusange yashyizwe ahagaragara.
Muri uyu mwaka wa 2021 ibi bizamini byombi icyo bihuriyeho ni uko (…)

424 Shares 4 Comments
Amavubi yongeye kugaragaza urwego ariho anyagirwa na Mali 3-0 mu gushaka tike y'ihikombe cy'Isi
Amavubi yongeye kugaragaza urwego ariho anyagirwa na Mali 3-0 mu gushaka tike y’ihikombe cy’Isi

Ndayambaje Jean Claude
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi ikomeje kuba insina ngufi mu mikino nyafurika nyuma yo gustindwa na Mali ibitego 3-0 i kigali , mu mukino Wari umeze nko gushaka ishema ry’igihugu Ku Rwanda kuko nubundi rwamaze gusezererwa muri aya marushanwa ndetse mu itsinda E U Rwanda nirwo ruza Ku mwanya wa nyuma.
Umukino wabaye kuri uyu wa Kane tariki ya 11 Ugushyingo 2021,Ku isaha ya saa 18h00’ z’umugoroba kuri Kane, kuri stade ya Kigali i Nyamirambo, u Rwanda rwakiriye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burera: Kwangirika kw'igishanga cya Kamiranzovu birimo gutera ubukene abaturage bagihingamo
Burera: Kwangirika kw’igishanga cya Kamiranzovu birimo gutera ubukene abaturage bagihingamo

Alice Umugiraneza
Abaturage bahinga mu gishanga cya Kamiranzovu cyo mu karere ka Burera barataka ubukene nyuma yaho gitangiye gutunganywa bigakorwa hirengagijwe gukumira isuri iva ku misozi igateza imyuzure.
Ni igishanga gifite hegitari 465, ubusanzwe gihingwaho ibihingwa bitandukanye birimo, ibirayi, ibigori ndetse n’imboga.
Kimaze amezi icyenda kirimo gutunganwa kuko umwuzure uterwa n’amazi aturuka mu misozi akirohamo kigasiba imirima bahingagamo.
Abaturage bahinga muri iki (…)

424 Shares 4 Comments
Ishusho y'izamuka ry'ubukungu mu mezi 9 bwazamuwe na banki zatanze inzuzanyi nyinshi
Ishusho y’izamuka ry’ubukungu mu mezi 9 bwazamuwe na banki zatanze inzuzanyi nyinshi

Banki Nkuru y’Igihugu yatangaje ko ubukungu bw’u Rwanda bukomeje kuzamuka, by’umwihariko bikaba byagizwemo uruhare na banki zatanze inguzanyo ndetse n’ikigero cy’izitishyurwa cyagabanutse ugereranyije n’indi myaka yashize.
Hagati ya Mutarama na Nzeri, inguzanyo zatanzwe n’amabanki zingana na miliyari 942 Frw ugereranyije na miliyari 791 Frw zatanzwe mu gihe nk’icyo mu mwaka ushize wa 2020.
Kugeza muri Nzeri, inguzanyo zitishyurwa neza zari kuri 5,1% bigaragara ko zagabanutse ugereranyije (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rayon sports yasinye amasezerano ya miliyoni 40Frw n'umufatanyabikorwa mushya
Rayon sports yasinye amasezerano ya miliyoni 40Frw n’umufatanyabikorwa mushya

Jean claude Ndayambaje
Rayon Sports yabonye umufatanyabikorwa mushya akaba ari ikigo gicuruza amashusho "Canal+" ku masezerano y’imikoranire ya miliyoni 40 z’amanyarwanda azamara umwaka umwe nibiba ngobwa yongerwe.
Aya amasezerano y’imikoranire yasinywe kuri uyu wa Kane tariki ya 11 Ugushyingo 2021, ku ruhande rwa Rayon Sport yahagarariwe na Uwayezu Jean Fidèle naho Canal + ihagararirwa na Sophie Tchatchoua usanzwe ayobora Canal+ Rwanda.
Umuyobozi w’ikigo gicuruza amashusho (…)

424 Shares 4 Comments
Kicukiro: Abagore bacuruzaga ibitari ibiribwa muri COVID19 batabawe n'inkunga yo kuzahura ubucuruzi
Kicukiro: Abagore bacuruzaga ibitari ibiribwa muri COVID19 batabawe n’inkunga yo kuzahura ubucuruzi

Mutungirehe Samuel
Hari abagore n’abakobwa bakora ubucuruzi buciriritse mu isoko rya Gahanga ryo mu karere ka Kicukiro ryubakiwe abahoze mu bikorwa by’ubuzunguzayi mu mihanda bavuga ko nk’abacuruzaga ibicuruzwa bitari ibiribwa mu gihe cya za Guma mu Rugo batakoraga bakagwa mu bihombo none batangiye kongera ibicuruzwa babikesha inkunga bahawe zitandukanye zo kuzahura ubucuruzi.
Kimwe n’abandi bacuruzi, bavuga ko mu gihe Inama y’Abaminisitiri yabaga yafashe ingamba zidasanzwe zo gusaba (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Hongiriya igiye gufungura ibiro byayo mu Rwanda
Hongiriya igiye gufungura ibiro byayo mu Rwanda

Mutungirehe Samuel
Mu ruzinduko ari kugirira mu Rwanda, Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Hongiriye (Hungary), Szijjártó Péter yatangaje ko igihugu cye kigiye gufungura ibiro bya ambasaderi wacyo mu Rwanda mu rwego rwo gushimangira umubano uri Hagati y’ibihugu byombi.
Yabitangaje kuri uyu wa Gatatu ubwo yatangiraga uruzinduko arimo mu Rwanda, guhera ku mugoroba ushyira uyu munsi.
Yavuze ko kugira ngo ibikorwa by’ubutwererane Hagati y’ibihugu byombi birusheho kwihuta ndetse Hongiriya (…)

424 Shares 4 Comments
Ba bagabo babohewe ku musaraba n'Umushinwa bavuga ko batarabona ubutabera
Ba bagabo babohewe ku musaraba n’Umushinwa bavuga ko batarabona ubutabera

Mu kwezi Kwa munani uyu mwaka, ku rubuga nkoranyambagarwa Twitter hagaragaye amafoto ya Bihoyiki Deo ndetse na Baributsa Thomas bo mu Murenge wa Rubengera, Akarere ka Karongi basaba guhabwa ubutabera nyuma yo gukorerwa iyicarubuzo n’Umushinwa wari uyoboye kompanyi ALI GROUP HOLDING LTD icukura amabuye y’agaciro aba bombi bari basanzwe bakorera.
Hari tariki ya 30 Kanama 2021, ubwo amashusho n’amafoto agaragaramo Umushinwa ari kumwe n’abandi baturage, akubita umuntu aziritse ku giti (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Byinshi wamenya ku nkoni y'Umwamikazi w'uBwongereza iri kuzengurutswa mu Rwanda
Byinshi wamenya ku nkoni y’Umwamikazi w’uBwongereza iri kuzengurutswa mu Rwanda

Ndayambaje Jean Claude
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 9 Ugushyingo 2021, Inkoni y’Umwamikazi w’u Bwongereza, Queen Elizabeth II, nibwo ageze mu Rwanda kugeza ubu ikaba igomba kuzamara iminsi itatu mu rwego rwo kuzenguruka ibihugu bitandukanye byibumbiye mu muryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’icyongereza "Commonwealth".
Ku gicamusi nibwo iyi nkoni yageze ku Kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali ahagana saa 12h26’ z’amanywa, ivuye mu gihugu cya Uganda ikaba igeze mu Rwanda ku (…)

424 Shares 4 Comments
Minisitiri w'Intebe Dr. Ngirente yahawe amezi atandatu yo gukora amavugurura muri WASAC
Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yahawe amezi atandatu yo gukora amavugurura muri WASAC

Aho ntibizadindiza gahunda yo kugeza amazi meza ku baturage bose nk’uko biri mu mihigo wa Nyakuhabwa Perezida #Kagame muri manda y’imyaka 7, NST1 (2017-2024)?

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru