Wednesday . 27 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Virusi nshya ya COVID-19 yatumye u Rwanda rufata izindi ngamba
Virusi nshya ya COVID-19 yatumye u Rwanda rufata izindi ngamba

Minisiteri y’Ubuzima yamenye ko hari ubwoko bushya bwa COVID19 bwagaragaye muri Afurika bituma ifata umwanzuro wo kujya ishyira mu kato abantu bose baje mu Rwanda, bakajya bamara amasaha 24 bari muri Hoteli zabugenewe biyishyurira igiciro byagaragara ko nta virusi bafite bakabona kujya mu cyabazanye.
Ni ingamba zitangira kubahirizwa kuri iki cyumweru nyuma yuko hagaragaye ubwoko bushya bwa virusi ya covid19 kandi bufite ubukana bwinshi bwabonetse muri Afurika y’Amajyepfo.
Isi yongeye (…)

424 Shares 4 Comments
Kicukiro: Umuryango warwaye COVID19 waburiye abagikirensa iki cyorezo
Kicukiro: Umuryango warwaye COVID19 waburiye abagikirensa iki cyorezo

Mutungirehe Samuel
Kimwe n’ahandi mu gihugu hatandukanye icyorezo cya COVID19 cyageze, mukarere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali hari umuryango ugizwe n’umugabo n’umugore bakuze barwaye COVID19 mu buryo bavuga ko bwabatunguye ariko uburyo babyitwayemo ngo byatumye n’abaturanyi bahigira isomo ubu bakaba baburira abagikerensa icyo cyorezo.
Mamaurwagasabo yasuye umwe mu miryango yo mu murenge wa Gatenga mu kagari ka Nyanza mu mudugudu wo Juru ho mu karere ka Kicukiro wagize ibyago yinjirwamo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
African Feminists want taxation systems to work for women
African Feminists want taxation systems to work for women

Mutesi Scovia
Kampala, Uganda, 26th Nov 2021 - African Governments must deliberately and sustainably review and streamline their taxation policies to ensure equity and progressive distribution of the tax burden across gender lines.
While Uganda, like other developing countries grapples with the continuing impacts of the pandemic and also tries to rebuild its economy, addressing the existing structural, systemic and intersecting inequalities in the socio-economic and political systems is (…)

424 Shares 4 Comments
Koreya ya Ruguru yakatiye urwo GUPFA uwinjije filime ya "Squid Game" mu gihugu
Koreya ya Ruguru yakatiye urwo GUPFA uwinjije filime ya "Squid Game" mu gihugu

Leta ya Koreya y’Amajyaruguru yahanishije igihano cy’urupfu umugabo winjije flash disque iriho filime ya “Squid Game” akayigurisha abanyeshuri.
RFA (Radio Free Asia) yatangaje ko iyi flash disque yinjijwe muri Koreya y’Amajyaruguru iturutse mu Bushinwa.
Uwayinjije mu gihugu yayigurishije umunyeshuri, na we atumira inshuti ze barebana iyi filime ya Squid Game yakozwe n’abo muri Koreya y’Amajyepfo.
Leta ya Koreya y’Amajyaruguru yahanishije uwinjije iyi filime igihano cyo kwicwa arashwe, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Tanzania yakuyeho itegeko ryabuzaga abangavu batwite gukomeza kwiga
Tanzania yakuyeho itegeko ryabuzaga abangavu batwite gukomeza kwiga

Mutungirehe Samuel
Reta ya Tanzania yatangaje ko hakuweho itegeko ryari rimaze imyaka 19 ribuza abana b’abakobwa basamye inda gusubira ku ishuri.
Itegeko ryavugaga ko umukobwa wiga mu mashuri abanza n’ayisumbuye igihe bigaragaye ko yasamye inda ahita yirukanwa burundu ku ishuri.
Mu kiganiro n’abanyamakuru ejo ku wa gatatu mu Murwa Mukuru Dodoma, Minisitiri w’uburezi, Prof Joyce Ndalichako yatangaje ko abanyeshure bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye birukanywe ku ishuri kubera impamvu (…)

424 Shares 4 Comments
Ingimbi n'abangavu barenga ibihumbi 900 ni bo bazahabwa urukingo rwa COVID 19
Ingimbi n’abangavu barenga ibihumbi 900 ni bo bazahabwa urukingo rwa COVID 19

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko gahunda yo gukingira abaturage Covid 19 igiye gukomereza mu kiciro cy’ingimbi n’abangavu bari hagati y’imyaka kuva kuri 12 kugeza kuri 17 basaba ibihumbi 900 mu gihugu hose bari mu mashuri.
Ni igikorwa cyatangijwe ku mugaragaro ku rwego rw’Igihugu mu bigo bimwe na bimwe byo mu Mujyi wa Kigali ku wa Kabiri tariki 23 Ugushyingo 2021.
MINEDUC ivuga ko kuba iyi gahunda yatangirijwe ku bigo bitatu byatewe n’uko ari byo bigo byagaragaje umubare (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Hari abatangabuhamya bagize ihungabana bitewe n'ibibazo babarijwe mu rukiko rwa ARUSHA
Hari abatangabuhamya bagize ihungabana bitewe n’ibibazo babarijwe mu rukiko rwa ARUSHA

Umuyobozi W’Umuryango uharanira inyungu z’abacitse ku icumu IBUKA Egide Nkuranga, yagaragaje ko hari bamwe mu batanze ubuhamya mu Rukiko mpuzamahanga Mpanabyaha rwari rwarashyiriweho u Rwanda, bagize ikibazo cy’ihungabana bitewe n’ubibazo barizwaga mu rukiko.
Yabitangaje ku munsi wa Kabiri w’inama mpuzamahanga yari igamije kurebera hamwe ibyakozwe mu butabera bw’u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi yateguwe n’ Umuryango w’Ababiligi uharanira ubutabera mu Rwanda RCN (Réseau des (…)

424 Shares 4 Comments
Ethiopia: Minisitiri w'Intebe agiye kwishora mu ikosa ryagejeje Perezida Idriss Deby ku rupfu
Ethiopia: Minisitiri w’Intebe agiye kwishora mu ikosa ryagejeje Perezida Idriss Deby ku rupfu

MUTUNGIREHE Samuel
Minisitiri w’intebe wa Ethiopia Abiy Ahmed yatangaje ko noneho agiye kuyobora ingabo ze ari imbere "ku rubuga rw’imirwano", mu tambara ahanganyemo n’Ingabo z’umutwe w’ishyaka rya TPLF ryo mu ntara ya Tigray, zirimo kwegera umurwa mukuru Addis Ababa.
Dr. Ahmed giye gukora ikintu atibuka ko cyashyize mu kaga mugenzi we wategekaga Tchad, Idriss Deby Itno, wigeze kwiyemeza kujya ku murongo w’imbere ku rugamba ngo ajye kwihanganira n’inyeshyamba zashakaga kumuhirika ku (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ba njyanama b'uturere na Nyobozi batowe bahuriye mu mwiherero i Gishari
Ba njyanama b’uturere na Nyobozi batowe bahuriye mu mwiherero i Gishari

Mutungirehe Samuel
Abayobozi 500 baherutse gutorerwa kujya mu Nama Njyanama na Nyobozi mu Turere twose wongeyeho na komite nyobozi ku rwego rw’intara n’Umujyi wa Kigali bahurijwe i Gishari mu karere ka Rwamagana mu Ishuri rya Polisi y’u Rwanda mu mwiherero mbere yo gutangira imirimo mishya ku batowe.
Aya mahugurwa aje nyuma y’umunsi umwe abayobozi bashya mu nzego z’ibanze barahiriye inshingano, muri manda y’imyaka itanu bagiye kuyobora.
Bagaragaye bose mu mpuzankano ya Polisi y’u (…)

424 Shares 4 Comments
Why Tax Justice matters for women's wellbeing and dignity
Why Tax Justice matters for women’s wellbeing and dignity

By Eunice Musiime
The Covid-19 Pandemic has undoubtedly disproportionately affected women and girls due to the existing structural, systemic and intersecting inequalities in the socio-economic and political systems. Aside from the health impacts, the pandemic is revealing and exacerbating economic inequality. For developing countries such as Uganda, initiatives to build forward transformatively will require key stakeholders re-examining, re-imagining and reforming the current economic (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru