Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Abakora kwa muganga bashyiriweho iminsi 10 yo kuba bikingije COVID 19 abatarabikora

Tuesday 16 November 2021
    Yasomwe na

Mutungirehe Samuel

Minisiteri y’Ubuzima yategetse ko buri mukozi ukora mu rwego rw’ubuvuzi mu bitaro bya Leta agomba kuba yikingije, ishyiraho iminsi 10 yo kuba utarabikora agomba kubyihutira.

Byasohotse mu itangazo rishyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 16 Ugushyingo 2021 rigenewe abakora muri urwo rwego bose.

Nyuma y’iyo minsi 10 umukoresha wese mu bitaro n’ibigo by’ubuzima ategetswe gutanga urutonde rw’abanze kwikingiza covid 19.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru