Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)
Urugereko Rwihariye rw’Urukiko Rukuru ruburanisha imanza mpuzamahanga n’izambukiranya imbibi rwakatiye Rusesabagina Paul igihano cyo gufungwa imyaka 25 nyuma yo guhamwa n’ibyaha bifitanye isano n’ibikorwa by’iterabwoba byagabwe ku butaka bw’u Rwanda mu bihe bitandukanye.
Rusesabagina mu kwezi kwa Gatatu uyu mwaka yikuye mu iburanisha bigeze mu mizi y’urubanza, avuga ko abona nta butabera azahabwa muri urwo rubanza. Ibyo ariko ntibyahagaritse iburanisha kuko umuburanyi abyemererwe (…)
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho Minisitiri MUSHYA w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Dr. Ugirashebuja Emmanuel wasimbuye Busingye Johnston.
Byatangajwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Nzeri uyu mwaka, mu ibaruwa yashyizwe ahagaragara n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe.
Dr. Ugirashebuja ni Perezida w’Urukiko rwa Afurika y’Iburasirazuba.
Ugirashebuja yigeze kuba Perezida w’Urukiko rw’Ibihugu by’Umuryango w’Ibihugu by’Afurika y’i Burasirazuba, EAC.
Dr. Ugirashebuja (…)
Abadepite bagize komisiyo yo kugenzura imikireshereze y’umutungo wa Leta PAC bibajije uko Umujyi wa Kigali ushobora kugera ku ntego zawo mu gihe ukomeje kwigwizaho amadeni akubye hafi Gatatu ibyo winjije, bikiyongeraho no kuba utazi abasoreshwa bose bawukoreramo.
Kuri uyu wa Kane ni bwo Komite nyobozi n’Abagize Inama y’Ubutegetsi y’Umujyi wa Kigali bari bagezwehi muri gahunda PAC irimo yo kubaza ibigo bya Leta na za Minisiteri amakosa Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta yabonye muri raporo (…)
Mutungirehe Samuel
Abahujinkindi Josephine, ni umunbyeyi wubatse, atuye mu murenge wa Fumbwe, akagari ka Sasabirago mu mudugudu wa Urukaya ho mu karere ka Rwamagana, avuga ko yanyuze mu kigerageza kitoroshye ubwo umwana we w’umwangavu yahohoterwaga afite imyaka 14 y’amavuko, bikozwe n’umukozi wo mu rugo rwabo wari ufite imyaka 23.
Yabitangaje mu buryo bwo guha urugero ababyeyi uko babyitwaramo baramutse bahuye n’ikibazo gishobora gutuma umwana wahohotewe adahungabana, bikamufasha (…)
Mutungirehe Samuel
Urwego rw’igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha RIB, rwafunguye ku mugaragaro icyumba kihariye (Child Friendly Space), cyagenewe kwakirirwamo abana bakurikiranyweho icyaha cyangwa bakorewe ihohoterwa, bakabasha gutanga amakuru babohotse, bikabasha korohereza ubugenzacyaha.
Ni icyumba cyashyizeho na RIB ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana UNICEF, cyubatse ku ishami rya RIB rikorera Kicukiro, ejo hashize ku wa Gatatu.
Ni ahantu hateguwe ku buryo (…)
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko umusaruro mbumbe w’igihugu wazamutse ku gipimo cya 20.6% mu Gihembwe cya Kabiri cy’umwaka wa 2021, mu gihe mu 2020 wari wasubiye inyuma ku gipimo cya 12.4%.
Ni raporo yayishyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 15 Nzeri 2021, igaragaza ko umusaruro muri serivisi wari 47% by’umusaruro mbumbe wose mu gihe ubuhinzi bwatanze 25%, inganda zitanga 19% by’umusaruro mbumbe wose.
Iyo urebye mu mwaka ushize, imibare (…)
Mutungirehe Samuel
Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, CG Gasana Emmanuel yibikuje inzego zose zikorera abaturage kugaragaza uruhare rwazo mu kurengera umwana, yibaza icyatuma hari abana bagihohoferwa mu buryo butandukanye kandi abo kumurengera bose bamukikije.
Yabitangarije mu murenge was Fumbwe wo mu karere ka Rwamagana ubwo hatangizwaga ubukangurambaga bwiswe "Tujyanemo mu kurengera umwana" bwatangirijwe ku mbuga ngari y’ibiro by’umurenge wa Fumbwe ahahurijwe Ibyiciro bitandukanye (…)
Mutungirehe Samuel
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi n’iIterambere ry’icyaro muri Repubulika ya Santarafurika (Central Africa Republic) Mathieu Éric ROKOSSE-KAMOT, yahamagariye uruganda Nyarwanda Inyange kujya kubyaza umusuaruro amahirwe y’imyembe yera ku bwinshi mu gihugu cyabo, bayakitunganyiriza mu ruganda kuko iwabo nta ruganda rwabigenewe ruhari.
Yabitangarije i Kigali kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Nzeri 2021 ubwo yari amaze gusura no gutemberezwa mu ruganda rw’Inyange ruherereye i (…)
Mutungirehe Samuel
Umugenzuzi Mukuru w’Ubushinjacyaha, Marius Jules Ntete, yatangaje ko Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda bumaze gukora byinshi bikomeye mu gutuma umutungo wa Leta ucungwa neza no kugaruza uwanyerejwe, aho mu myaka itanu ishize, 2015-2020, bumaze kugaruza miliyari zirenga 12, zirimo amafaranga y’u Rwanda, amadolari y’Amerika n’Amayero, mu bantu 348 hatabayeho kubanza kujya mu nkiko.
Yabitangaje kuri uyu wa Gatandatu kuri radio y’igihugu ubwo yasobanuraga intambwe zimaze (…)
Mutungirehe Samuel
Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel yatangaje ko u Rwanda rwakoze ishoramari mu guhangana na Covid19 bituma ruzamura ubushobozi bwo gukora umwuka wa Oxygen ukene n’indembe kwa Muganga, ruva ku gukora amacupa 600 ya litiro 50 ku munsi rugera ku macupa 2400.
Yabitangaje kuri uyu wa Gatanu mu nama yahuje inzobere zibumbiye mu ishyirahamwe ry’abakora mu rwego rw’ubuzima mu Muryango w’Afurika y’Iburasirazuba wongeyeho na Ethiopia imaze iminsi ibiri ibera ku (…)
NST2: Ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka ku 9.3% buri mwaka
9 September 2024Gisagara: Imirasire n’umuriro w’amashanyarazi bihabwa abifite
17 September 2025, by Valens Nzabonimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















