Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Champs Elysee, ibi ni ibiro bya perezida w’ubufaransa Emmanuel Macron byahamije ko agatambaro kagaragaye ku meza imbere ya Macron atari cocaine ahubwo ari agatambaro ko kwihanagura kazwi nka Muchoir mu gifaransa. Amashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga yashimangiraga ko Perezida Macron, Friedrich Merz w’ubudage ndetse na minisitiri w’intebe wa Pologne Donald Tusk barimo basangira cocaine. Abavugaga ko yari cocaine bashingira ku kuba bimaze iminsi bivugwa ko muri Ukraine icyo (…)
Perezida wa Ukraine Volodymr Zelensky yatangaje ko yiteguye guhura amaso ku maso na perezida w’uburusiya Vladmir Putin kuri uyu wa kane istanbul muri Turkiya bakaganira ku masezerano y’amahoro no guhagarika intambara. Ibi perezida Zelensky yabyanditse ku rukuta rwe rwa X nyuma y’ibyatangajwe na Donald Trump wasabye ko Ukraine yakwemera ibyasabwe na Vladmir Putin by’uko habaho ibiganiro by’imbona nkubone muri Turkiya byahuza ibihugu byombi.
Zelensky yavuze ko igihugu cye cyari cyiteguye (…)
Abaturage bo mu mudugudu wa Nyundo , mu kagari ka Kibuguzo umurenge wa Shingiro w’Akarere ka Musanze bahawe gasopo nyuma yaho bahohoteye inzego z’ubuyobozi zarı zigiye gusenya inzu bubatse mu buryo butemewe.
Hari bamwe mu baturage batuye mu Mudugudu wa Bunnyari mu Kagari ka Murambi, mu Murenge wa Musasa w’AKarere ka Rutsiro, bavuga ko bajya bashyirwa mu kizima, biturutse ku kuba kashi pawa zibafasha kubona umuriro w’amashanyarazi bari bafite zarapfuye, zikaba zitagikora.
Abaturiye uruganda rukora sima rwa “CIMERWA”bo mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Rusizi bahangayikishijwe cyane n’intambi ziruturikirizwamo kuko byangiza inzu zabo, bagasaba ko bakwimurwa mu mbago zuru ruganda nkuko bari barabisezeranijwe.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwatangaje ko bwasubukuye imirimo yo kubaka ishuri ry’imyuga n’ubumenyi ngiro rya Rambo TVET riherereye mu Murenge wa Nyamyumba ryari rimaze imyaka hafi 12 ryaradindiye.
Nyuma yo gusura urwibutso rw’Akarere ka Musanze ruri mu cyahoze ari Ingoro y’ubutabera (cour d’Appel de Ruhengeri), bamwe mu rubyiruko rwo mu karere ka Burera bavuze ko bashenguwe na jenoside yakorewe Abatutsi bazira uko baremwe.
Ibi babigarutseho ubwo bari bamaze gusobanurirwa amateka ari muri uru Rwibutso, ruruhukiyemo imibiri isaga 800 y’Abatutsi biciwe muri iyi nzu, bari bahahungiye bazi ko babona ubutabera birangira bishwe urw’agashinyaguro.
Iribagiza Julienne yagize ati: ”Hari (…)
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bigiye kubona amahoro.
Umutegetsi wa Amerika atangaje icyizere cy’ayo mahoro nyuma y’aho Amerika ifashije DRC n;u Rwanda bikagirana amasezerano agena amahame y’ingenzi aganisha akarere ku mahoro n’umutekano birambye.
Tariki ya 25 Mata 2025, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, na mugenzi we wo muri RDC, Thérèse Kayikwamba (…)
Ubwpo minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prevot yari yasuye Perezida wa Uganda, Yoweli kaguta museveni, yamusabye gufasha mu gukemura ibibazo byo mu Burasirazuba bwa RDC, no kunga u Bubiligi n’u Rwanda.
Ikinyamakuru The East African cyanditse ko Minisitri Prévot yivugiye ko Perezida Museveni “ari umuhuza ukomeye mu biganiro bya dipoliomasi hagati y’impande zombi.”
Umubano w’u Rwanda n’u Bubiligi wahagaze mu kwezi gushize, ubwo rwafataga icyemezo cyo gucana umubano n’u (…)
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwongeyevrwataye muri yombi Turahirwa Moses usanzwe ari umuyobozi w’inzu y’imideli ya Moshions, nubundi azira gukoresha ibiyobyabwenge.
Byatangajwe n’Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry, aho yagize ati“Ni byo koko Turahirwa Moses yarafashwe akaba akurikiranyweho gukoresha ibiyobyabwenge nkuko bigaragazwa n’ibisubizo by’ibipimo byafashwe bikanapimwa n’abahanga bo muri RFI [Rwanda Forensic Institute].”
Dr. Murangira abajijwe niba ibiyobyabwenge (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.




















