Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Ubwo urugamba rwo kubohora u Rwanda hamwe n’ibiganiro by’amahoro hagati ya FPR Inkotanyi na Guverinoma y’u Rwanda byari birimbanyije mu 1993, Perezida Habyarimana n’inzego ze z’iperereza bari bakataje mu kongera guca umugongo FPR-Inkotanyi.
Aho kwita ku kibazo cy’impunzi z’Abanyarwanda zari zandagaye hirya no hino ku Isi, guhagarika akarengane no guhohotera Abatutsi imbere mu gihugu, Guverinoma ya Habyarimana yahisemo guca undi muvuno, wo kugerageza kwica Maj Paul Kagame wari ukuriye (…)
Nyuma yuko yemeye gusubira inyuma ngo hubahirizwe agahenge kateguraga ibiganiro bya Guverinoma ya DRC n’Ihuriro rya AFC/M23 imbere y’umwami wa Qatar, iri huriro ryatangaje ko ingabo za Leta n’abambari bazo basubiye kugaba ibitero ku baturage barimo n’abop muri Walikale kandi itazakomeza kurebera bicwa.
Itangazo rya AFC/M23 ryo kuri uyu wa kane, tariki ya 10 Mata 2025, rivuga ko ingabo za RDC (FARDC) ziri kwifatanya n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, ingabo z’u Burundi n’imitwe wa Wazalendo (…)
Mu gihe hirya no hino hagenda hagaragaraga abagifite ingenga bitekerezo ya Jenoside, aho bahakana bakanapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi bifashishe by’umwihariko imbuga nkoranyambaga, urubyiruko rurasabwa gufata ishingiro mu guhangana nabo, banyuze muri izo mbuga.
Ibi byanagarutswe kuri uyu wa Gatatu, ubwo mu Murenge wa Nyundo mu Karere ka Rubavu, hibukwaga abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka 1994, by’umwihariko, abiciwe ku Nyundo ndetse no mu nkengero zaho.
Umutoni Nelly na (…)
Uwari Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda Bernard yasezeweho bwa nyuma n’inshuti, abavandimwe n’abandi batandukange.
Ni umuhango wabereye kuri Paruwasi Gatolika ya Rulindo, mu Karere ka Rulindo, Intara y’Amajyaruguru, hari kubera Misa yo gusabira no gusezera bwa nyuma, Alain Mukuralinda wari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, uherutse kwitaba Imana.
Ni misa yitabiriwe n’abo mu muryango we, inshuti, abo bakoranye ndetse n’abayobozi mu nzego (…)
Tariki ya 19 Gicurasi 2024 ni bwo Igisirikare cya RDC, FARDC cyatangaje ko cyaburijemo umugambi wo guhirika ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi, wateguwe n’abagabo barangajwe imbere na Christian Malanga wari ufite ubwenegihugu bwa RDC na Amerika icyarimwe.
Ni inkuru yavugwaga nk’ikinamico, ukurikije uko urugendo rw’abo bagabo rwagenze kugeza ubwo Malanga ahasize ubuzima, nk’uwari iuyoboye itsinda.
Malanga uwo yamanukanye n’umuhungu we Marcelle baje gukuraho ubutegetsi bwa Perezida (…)
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bacana urumuri rw’icyizere cyerekana ahazaza h’Abanyarwanda.
Ni igikorwa cyabereye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ku Gisozi, ruruhukiyemo imibiri ibihumbi 259 yakuwe mu turere twa Gasabo, Kicukiro na Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali.
Tariki ya 7 Mata ni Umunsi Mpuzamahanga Ngarukamwaka Isi yose yibukaho Jenoside yakorewe Abatutsi, yahitanye abasaga miliyoni (…)
Nyuma y’umunsi umwe bihwihwiswa, Guverinoma y’u Rwanda yemeje urupfu rwa Mukurarinda Alain Bernard, wari umuvugizi wa guverinoma wungirije.
Ibiro by’Ubuvugizi bwa Guverinoma y’u Rwanda, OGS, byatangaje ko Alain Mukuralinda wari Umuvugizi wungirije wa Guverinoma, yitabye Imana azize uburwayi bwo guhagarara k’umutima.
Itangazo ryashyizwe hanze na OGS, Mukuralinda yakoreraga, kuri uyu wa Gatanu tariki 4 Mata, rigira riti “Tubabajwe no gutangaza urupfu rw’Umuvugizi wa Guverinoma wungirije, (…)
Nyuma yo kubitangaza ikanagaragaz ako yavuye mu mugi wa Walikale ariko nyuma ikaza konghera kuhagaruka kuko na Leta itubahirije kurekera kubatera, Ingabo za AF/M23 noneho zemeye kuva Santere ya Walikale.
Amakuru ava mu Burasirazuba bwa RDC ahamya ko abarwanyi ba AFC/M23 batangiye kuva muri uyu mujyi mu ijoro ryo ku wa 1 Mata rishyirwa uwa 2 Mata 2025 kandi ko nta mirwano yabayeho.
Nyuma y’aho abarwanyi ba AFC/M23 batakigaragara muri uyu mujyi, mu gitondo cyo kuri uyu wa 3 Mata ingabo za (…)
Intumwa z’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya DRCongo, zigiye guhurira mu biganiro n’abahagarariye leta ya Congo i Doha muri Qatar.
Ni ibiganiro biteganyijwe kuba kuwa 9 Mata 2024, mu rwego rwo gushaka amahoro n’umutekano mu Burasirazuba bwa Congo nkuko ikinyamakuru Nation kivuga ko gifite amakuru gikesha impande zombi kibitangaza.
Kuwa 28 Werurwe uyu mwaka abahagarariye ihuriro AFC/M23 nabwo bagiye i Doha muri Qatar, kuganira na Emir wa Qatar (…)
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, DRC, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakuriyeho igihano cy’urupfu Abanyamerika batatu bari mu itsinda ryagerageje kumuhirika ku butegetsi umwaka ushize, tariki ya 19 Gicurasi 2024.
Iki cyemezo cyatangajwe n’Umuvugizi we, Tina Salama, mu rukerera rwo kuri uyu wa 2 Mata 2025 ubwo yari kuri radiyo na Televiziyo by’igihugu, RTNC. Yasobanuye ko igihano bari barakatiwe cyahinduwe igifungo cya burundu.
Marcel Malanga Malu, Taylor Christa (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















