Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Habayeho kugera ku bwumvikane mu biganiro hagati y’ubwami bw’ubwongereza ndetse n’umuryango w’ibihugu by’ubulayi mw’ijoro ryakeye, nkuko byemejwe n’amasoko ava muri leta y’ubwongereza.
Minisitiri w’intebe w’ubwongereza akaba yakiriye inama y’abayobozi b’ibihugu by’uburayi i Londres kuri uyu wa mbere.
Ubwongereza na EU bemeranije amasezerano anarimo imyaka igera kuri 12 yemerera ubwato bw’uburobyi bwo mu bihugu bya EU gukoresha amazi y’ubwongereza mu bikorwa byabo by’uburobyi nubwo byari (…)
Hari bamwe mu baturage bo mu kagari ka Kanyove,Umurenge wa Mukamira w’Akarere ka Nyabihu bavuga ko bakomeje gusembera ngo bitewe nuko inzu zabo zamaze kurengerwa n’amazi aturuka mu birunga.
Aba baturage babitangariije umunyamakuru wa Mamaurwagasabo Tv ubwo yari asanze bamwe muri aba baturage bicaye aho bahungiye aya mazi dore ko yamaze kurengera inzu ndetse yasendereye n’imirima yabo.
Umwe muri aba baturage witwa Nsengimana Francois yagize ati”Ikibazo cy’aya mazi kiduteye impungenge (…)
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, ntari mw’itsinda ry’intumwa z’u Burusiya ryitabira ibiganiro by’amahoro biteganyijwe kubera i Istanbul, muri Turukiya, kuri uyu wa 15 Gicurasi 2025.
Mu itangazo ryasohowe n’ibiro bya Perezida w’u Burusiya (Kremlin) ku wa Gatatu nimugoroba, hatangajwe ko Putin atarimo mu rutonde rw’abantu bazahagararira u Burusiya muri ibyo biganiro. U Burusiya burahagararirwa n’itsinda rigizwe n’abantu umunani, harimo uwahoze ari Minisitiri w’Umuco n’impuguke enye (…)
Hari bamwe mu baturage batuye mu Kagari ka Murambi, mu Murenge wa Musasa w’AKarere ka Rutsiro, bavuga ko bamaze igihe kigera ku mwaka barabuze amazi, aba baturage bagaragaza ko impamvu ibitera ari ukubera haciwe amatiyo yabagezagaho amazi, mu bikorwa byo gukora umuhanda Nkomero-Musasa. Aba baturage bagaragaza ko kubera kubura amazi meza byatumye basigaye bavoma ibirohwa akaba ariho bahera basaba ko bahabwa amazi meza. Ngendahimana Gérard, ni umwe muri aba baturage bafite iki kibazo (…)
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yafunguye ku mugaragaro Ambasade y’u Rwanda muri Hongrie. U Rwanda rwafunguye ambasade yarwo i Budapest, Hongrie, mu Ukuboza 2023. Muri Werurwe 2024, Ambasaderi Marguerite Françoise Nyagahura, ashyikiriza Perezida wa Hongrie, Tamás Sulyok, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu. Muri uru ruzinduko rw’akazi Minisitiri Ambasaderi Olivier Nduhungirehe ari kumwe na Minisitiri wa Siporo Madamu (…)
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump yamaze kugera mu gihugu cya Arabia Saoudite mu ruzinduko rwe rwa mbere agiriye hanze y’igihugu kuva yagaruka ku butegetsi muri Mutarama uyu mwaka. Donald Trump yizeye ko muri uru ruzinduko azabasha kugera ku masezerano ahambaye mu bucuruzi. n’ibihugu birimo Arabie Saoudite, Qatar ndetse na Leta zunze ubumwe z’Abarabu (UAE), muri uru ruzinduko ruzamara iminsi ine. Biteganyijwe ko kuri uyu mugoroba aza guhura n’umuragwa w’ubwami bwa Arabie (…)
Abatuye mu murenge wa Bushekeri bavuga ko batakibona aho bajyana amata kuko ikaragiro bahawe muri 2018 hashize imyaka 4 rifunze imiryango. Ni mu gihe abanyamuryango bakoperative Giramata bavuga ko igihombo bagitewe n’imicungire mibi, igiciro cy’urugendo bajyana amata ku ikaragiro rya giheke ndetse no kubuzwa gukora ikivuguto. Sirikare Sylvestre umwe mu banyamuryango b’iyi koperative Giramata yagize ati " Byatangiye neza dukusanya amata maze tukayakoramo ikivuguto kuburyo twayacuruzaga (…)
Ndayambaje Idrisa w’imyaka 23 yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka itanu ,kuri ubu akaba afungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Muhoza mu Karere ka Musanze. Ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 12 Gicurasi 2025 , Mu Mudugudu wa Gasanze, Akagari ka Cyabararika Umurenge wa Muhoza, aho bivugwa ko uyu mwana bari bamutumye ku muhanda hanyuma abaturage bakabona amubundamyeho aho ngo yanamusize umwana avirirana mu myanya y’ibanga. Umubyeyi wari (…)
Polisi y’u Rwanda yemeje ko yataye muri yombi ushinzwe umutekano ku kibuga wagaragaye mu mashusho atega umufana wa Rayon Sports wirukaga ava mu kibuga akitura hasi ku buryo bukomeye. Icyo gikorwa cyanenzwe na benshi cyabaye ku mugoroba wo kuri iki cyumweru ku mukino w’umunsi wa 27 wa Rwanda Premier League aho ikipe ya Rayon Sports yahuraga na Police Football Club. Amashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga yerekana umufana wiruka ava mu kibuga uwo ushinzwe umutekano wo ku kibuga (…)
Kuri uyu wa mbere, Nyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yamaze kugera i Abidjan muri Cote d’Ivoire aho yitabiriye nama y’Ihuriro ry’Abayobozi Bakuru b’Ibigo byigenga muri Afurika (Africa CEO Forum), igaruka ku iterambere ry’Umugabane wa Afurika binyuze mu nzego z’abikorera.
Ni inama yitabirwa n’abarenga 2000 barimo Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma, abayobora ibigo by’abikorera, abo mu nzego zifata ibyemezo n’abandi baturutse mu bihugu bisaga 70.
Perezida wa Mauritania, (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















