Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Hari bamwe mu baturage batuye mu kagari ka Gasiza Umurenge wa Cyanika w’Akarere ka Burera bibaza impamvu ibiro by’Akagari bimaze igihe nta kirango cy’Igihugu(Ibendera
bi babibwiye umunyamakuru wa Mamaurwagsabo tv ubwo yarageze mu murenge wa Cyanika w’Akarere ka Burera ku biro by’aka kagari. Twizerimana ni umwe mu baturage twahasanze yaje gushaka serivisi yagize ati”Ubundi ibiro by’Akagari bigomba kugira ibendera ry’Igihugu Ubuse twakwizera gute ko serivisi zitangirwamo arı iza Leta, (…)
Bamwe mu baturage batuye mu Mudugudu wa Rwankuba mu Kagari ka Kora ho mu Murenge wa Bigogwe mu Karere ka Nyabihu, bavuga ko bafite ikibazo cyo kubura amazi, bityo bakaba bakoresha amazi y’ibiroha bakura mu bigenga bikozwe muri shitingi, ibyo nabo babona bifite ingaruka mbi ku buzima bwabo, kuko ayo mazi hari abayakoresha bakanayanywa aba yanduye. Usibye kuba badafite amazi ahagije, ngo hari n’ikibazo kitiyo ntoya ibagezaho amazi, ku buryo bitakunda ko iyabasaranganye ngo babashe bose uko (…)
Ibi babisabwe n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye ubwo yari yaje kwifatanya n’abo mu gutaha ibi bikorwa byakozwe n’Ingabo ndetse na polisi kubufatanye n’Ingabo za EAC.
Umuturage wahawe inzu witwa Uwimana Claudine wo mu kagari ka Rubona, Umurenge wa Rusarabuye yashimiye Perezida Kagame wamutuje aheza.
Ati ”Ndishimye cyane kuba Nyakubahwa Perezida Kagame ampaye inzu nziza nabaga ahantu habi , ndi mubukode , Polisi, Ingabo n’Ingabo za Afurika (…)
Kuri uyu wa Kane mu karere ka Nyagatare, Umugaba Mukuru w’Inkeragutabara Maj Gen Alex Kagame ari kumwe na Guverineri Pudence Rubingisa, Abayobozi b’ingabo na Polisi n’Ubuyobozi bw’Akarere bifatanyije n’abaturage bo mu murenge wa Nyagatare mu kagari ka Barija, mu mudugudu wa Kinihira mu birori byo gutaha amazu 16 yubatswe muri gahunda y’ibikorwa by’Ingabo na Polisi bigamije guteza imbere imibereho myiza y’abaturage.
Nzabonimana Valens
Amafoto yaranze igikorwa
Bamwe mu baturage bafite ubumuga, butandukanye bo mu Karere ka Rubavu, basaba abagifite imyumvire yo kubaheza cyangwa kubafata nk’abadashoboye kuyihindura kuko nabo bafite ibyo bashoboye kandi by’ingirakamaro. Ni nyuma yaho, byagiye bivugwa ko hari ubwo abafite ubumuga butandukanye bakumirwa hamwe na hamwe bagafatwa nk’abadashoboye, ibyo bagenderaho aba baturage, bagasaba abagifite iyo myumvire basanga idakwiriye kuyireka, ahubwo bakabafa nk’abandi baturage bashoboye ndetse bakajya bahabwa (…)
Mu Ntara y’Iburengerazuba hari gutegurwa Iserukiramucogurisha ryiswe Kivu Beach Expo & Festival 2025, ryitezweho kuzana udushya twinshi mu turere dutanu biteganyijwe ko rizaberamo.
Kivu Beach Expo & Festival 2025, yateguwe na kompanyi ya Yirunga Ltd ku bufatanye n’Intara y’Iburengerazuba, biteganyijwe ko izatangira ku itariki 03 Nyakanga kugeza 31 Kamena 2025, rikazajya ribera ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu.
Nkuko byasobanuwe na Iyaremye Yves, Umuyobozi wa YIRUNGA Ltd mu kiganiro (…)
Kuru uyu wa Kabiri ubwo hizihizwags Umunsi w’Umwana w’Umunyafurika mu Karere ka Rubavu, hagarutswe cyane ku kamaro ko gufasha umwana mu kumurinda igwingira, abona indyo yuzuye nka bumwe mu buryo bwatuma agera ku iterambera mu mibereho ye.
Mu kwizihiza uyu munsi, wizihirijwe mu Kagali ka Muhira mu Murenge wa Rugerero, abana baboneyeho kugaragaza impano zabo zitandukanye, mu isanganyamatsiko igira iti" Ndera Neza Nkure Nemye". Amubyeyi arashishikarizwa kandi kwita ku mwana akimutwita kandi (…)
Ingabo z’u Rwanda (RDF) zungutse icyiciro gishya cy’abasore n’inkumi basoje amahugurwa y’amezi atandatu y’amasomo y’ibanze ya gisirikare, yaberaga mu Kigo cy’Amahugurwa y’Ibanze cya Gisirikare giherereye i Nasho, mu Karere ka Kirehe.
Umuhango wo kubinjiza ku mugaragaro mu Ngabo z’u Rwanda wari uyobowe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’Igihugu, Jenerali Muganga Mubarakh. Wanitabiriwe n’abayobozi bakuru mu gisirikare barimo Abayobozi b’Amashami, Abajenerali, ndetse n’abandi basirikare bakuru (…)
Bamwe mu baturage batuye mu Murenge wa Nyamyumba, bavuga ko ikorwa ry’umuhanda muri uno Murenge batuyemo, byasize bibashyize mu manegeka, ngo aho mu ikorwa ryawo, abawukoze bagiye basiba inzira zigera mu makaristiye ndetse no mu masanteri y’ubucuruzi. Uyu muhanda uturuka ku ruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye rwa BRALIRWA, ugakomeza ugahura n’uva mu Mujyi wa Rubavu ugana mu Karere ka Karongi, hari abaturage bagaragaraza ko nubwo bishimiye ikorwa ryawo ariko nanone abawukoze (…)
Abibumbiye muri ( Association nationale des proprietaires des Auto-Ecoles au Rwanda) bigisha amategeko y’umuhanda no gutwara ibinyabiziga mu Rwanda basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Bisesero ndetse banoroza inka imiryango 15 y’abarokotse Jenoside batuye mu Karere ka Karongi.
Ni igikorwa cyabaye ku wa 14 Kamena 2025, aho cyitabiriwe n’umuyobozi wa (A.N.P.A.E.R, ) n’abibumbiye muri iyi Asosiyasiyo aborojwe n’abaturage b’umurenge wa Rugabano,Bwishyura na Rwankuba.
Bunamiye (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















