Monday . 25 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Ba perezida muri EAC na SADC bagiye kongera guhurira ku bibazo bya Congo na M23
Ba perezida muri EAC na SADC bagiye kongera guhurira ku bibazo bya Congo na M23

Abakuru b’ibihugu bigize imiryango ibiri, uwa Afurika y’iburasirazuba EAC n’uwa Afurika y’Amajyepfo SADC bagiye kongera guhurira mu nama, baganira ku kibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC).
Ni inama iza kuba hifashishijwe ikoranabuhanga, aho buri mukuru w’igihugu aza kuba ari imbere y’inyakiramashusho, baganira ku ngingo zitandukanye z’inama y’umunsi. Inama ya SADC na EAC ishobora kugaruka ku musaruro w’ibyavuye mu nama yahuje Perezida Tshisekedi (…)

424 Shares 4 Comments
FARDC yasabye ingabo zayo na Wazalendo kutongera gushotora M23
FARDC yasabye ingabo zayo na Wazalendo kutongera gushotora M23

Nyuma y’inama yahuje Perezida Kagame na Tshisekedi i Doha muri Qatar imbere y’umwami w’iki gihugu, hari impinduka zitangiye kwigaragaza mu gutanga agahenge ku bakongomani bari mu Burasirazuba bwa Congo n’akarere muri rusange.
Ku ikubitiro, hasohotse itangazo rya M23 rivuga ko yikuye mu gace ka Walikale yari imaze kugeramo.
Icyo cyemezo cyaje gushimangirwa n’itangazo ry’Ingabo za Leta ya Congo FARDC, zivuga ko zitazongera kurwanya M23/AFC.
Umuvugizi w’igisirikare cya Congo, FARDC yavuze (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
U Rwanda rwashimye umwanzuro wa M23 na FARDC
U Rwanda rwashimye umwanzuro wa M23 na FARDC

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yishimiye icyemezo cy’umutwe wa M23 cyo kuva mu Mujyi wa Walikale wo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, inashiira Leta ya RDC yavuze ko ibikorwa by’Ingabo zayo, FARDC na Wazalendo bigiye guhagarara muri ako gace.
Mu minsi ishize Ingabo za M23 zari zimaze kwigaragaza mu mujyi wa Walikale, bigaragara ko iyi Teritwari izwiho ikirombo cya mbere ku isi mu mabuye acukurwa na Canada irimo kuva mu maboko ya Leta ya Kinshasa.
Kuva M23 yagera i Walikale, byateye (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Basigaye baraza inka hafi y'uburiri kubera abajura
Musanze: Basigaye baraza inka hafi y’uburiri kubera abajura

Hari bamwe mu baturage bo mu murenge wa Musanze w’aka karere bavuga ko bahisemo kujya baraza inka n’andi matungo mu nzu kubera ubujura bukabije.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa MAMAURWAGASABO TV ubwo yageraga muri uyu murenge, by’umwihariko ahitwa Garuka.
Umwe muri aba baturage witwa Jean Pierre H. yagize ati: "Ikibazo cy’ubujura hano kiraduhangayikishije, twahisemo kujya turaza inka mu nzu; ntakundi twabigenza amatungo bayamaze hano muri Garuka.”
Bwanawili Fidele yagize (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
U Rwanda rwatangaje ibikurikira ku gusesa umubano n'Ububiligi
U Rwanda rwatangaje ibikurikira ku gusesa umubano n’Ububiligi

Nyuma y’iseswa ry’umubano wa dipolomasi n’u Bubiligi, ryemejwe ku wa 17 Werurwe 2025, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane yamenyesheje abantu bose ko hari ibikurikira icyo cyemezo

424 Shares 4 Comments
Gen. Muhoozi yagarutse mu Rwanda
Gen. Muhoozi yagarutse mu Rwanda

Nyuma y’iminsi itariki myinshi atangaje ko aza kongera kugaruka mu Rwanda, igihugu afata nk’icye, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda akaba n’umuhungu wa Perezida Museveni, Gen Kainerugaba Muhoozi yagarutse mu Rwanda.
Ni uruzinduko yagiriye mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane yariki ya 20 Werurwe 2025.
Ku kibuga cy’indege Gen Kainerugaba yakiriwe na mugenzi we w’ingabo z’u Rwanda, Gen Muganga Mubarak n’abandi bari mu rwego rw’ingabo.
Muri Gashyantare 2025 nibwo Gen Muhoozi, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rubavu: Abanyonzi bavuga ko babuzwa umutekano n'abashinzwe kuwubarindira
Rubavu: Abanyonzi bavuga ko babuzwa umutekano n’abashinzwe kuwubarindira

Hari bamwe mu bakora akazi ko gutwara abantu n’ibintu ku magare bazwi nk’abanyonzi bo mu Mujyi wa Rubavu, bavuga ko bajya bahohoterwa n’abasekirite bakorera mu muhanda, aho kubafasha kubacugira umutekano ahubwo hakaba aribo bawuhungabanya.
Usibye kubaca amafaranga rimwe na rimwe batamenya icyo bayatangiye cyangwa n’irengero ryayo, bavuga ko hari nubwo babakubita babahoye ubusa, nkuko ubwabo babyivugira.
Ndagijimana J. asanzwe ari umunyonzi mu Mujyi wa Rubavu, nawe avuga ko bajya (…)

424 Shares 4 Comments
NESA yatangiye ubukangurambaga ku isuzuma ry'ubushobozi bw'umunyeshuri
NESA yatangiye ubukangurambaga ku isuzuma ry’ubushobozi bw’umunyeshuri

Ikigo cy’igihugu Gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), bwatangiye ubukangurambaga ku isuzuma ry’ubushobozi bw’abanyeshuri (PISA2025).
Ubuyobozi bwa NESA buvuga ko amashuri 213 yo mu Rwanda afite abanyeshuri 7445 ariyo azitabira isuzuma Mpuzamahanga ry’abanyeshuri rya PISA 2025, rigamije gusuzuma ubushobozi bw’abanyeshuri mu guhatana n’ibindi bihugu byo ku Isi.
Ubwo yatangizaga ubu bukangurambaga Umuyobozi Mukuru wa NESA, Dr Bahati Bernard Yasobanuye ko iri suzuma (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyagatare: Ibikorwa bya Polisi na RDF byahereye ku buvuzi bw'abaturage
Nyagatare: Ibikorwa bya Polisi na RDF byahereye ku buvuzi bw’abaturage

I Nyagatare ku bitaro bikuru bya Gatunda, niho hatangirijwe ibikorwa byo kuvura abaturage ku buntu, bikozwe n’inzego z’umutekano ari zo Ingabo z’igihugu ndetse na Police.
Ibikorwa byahereye ku kuvura indwara z’amenyo, iz’uruhu, amagufa ndetse n’izindi zisaba ko abaturage bahabwa turansiferi, ibintu rimwe na rimwe bituma bashobora kumara igihe kinini bataravurwa.
Minisitiri w’ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana yavuze ko ibyakozwe biri mu rwego rwo kwegera abaturage kugira ngo boroherwe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru