Wednesday . 27 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Lebanon: Leta yeguye kubera umujinya rubanda yatewe no guturika i Beirut
Lebanon: Leta yeguye kubera umujinya rubanda yatewe no guturika i Beirut

Guverinoma ya Liban yeguye nyuma y’uko umujinya wa rubanda ukomeje kwiyongera kubera guturika kwabayeho kuwa kabairi ushize ku cyambu cya Beirut hagapfa abantu barenga 200.
Itangazo ryo kwegura kw’iyi guverinoma ryasomwe na minisitiri w’intebe Hassan Diab kuri televiziyo y’igihugu kuri uyu wa mbere nijoro.
Abantu benshi bashinje ubutegetsi bw’iki gihugu uburangare na ruswa nk’impamvu zateye iri turika rikomeye. Abigaragambya mu mihanda bahanganye n’abapolisi ku munsi wa gatatu (…)

424 Shares 4 Comments
Abadepite basabye ko hajyaho uburyo bwo gutanga pansiyo ku batarageza imyaka 60
Abadepite basabye ko hajyaho uburyo bwo gutanga pansiyo ku batarageza imyaka 60

Abadepite basanga hakwiye kubaho uburyo abantu batakaje akazi kubera impamvu zitandukanye zirimo amavugurura, guhagarikwa mu kazi n’izindi, bajya bahabwa pansiyo yabo kabone n’iyo baba batarageza imyaka iteganywa n’itegeko 60.
Babisabye ubwo kuri uyu wa Mbere bakomezaga gutora ingingo zigize umushinga w’itegeko rigena sitati rusange igenga abakozi ba Leta.
Ingingo ya 85 y’iri tegeko, iteganya ko umukozi wa leta wujuje imyaka 65 y’amavuko afata ikiruhuko cy’izabukuru, iki gihe nibwo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Coronavirus kuwa 22 Kamena: Mu masaha 24 ku isi handuye abantu basaga ibihumbi 180
Coronavirus kuwa 22 Kamena: Mu masaha 24 ku isi handuye abantu basaga ibihumbi 180

By Imfurayabo Pierre
Umuryango Mpuzamahanga wita ku Buzima (OMS) watangaje ko mu masaha 24 ashize umubare w’abantu banduye Coronavirus wiyongereye, kuko handuye abantu 183 020.
Umubare munini w’abantu bashya banduye ni abo muri Amerika y’Amajyepfo n’iy’Amajyaruguru kuko ho handuye abantu 116 000 nk’uko Aljazeera yabitangaje.
Mu gihugu cya Brésil umubare w’abantu bamaze guhitanwa na Coronavirus warenze ibihumbi 50 bagera ku 50 617, mu gihe abamaze kwandura muri rusange ari 1085038.
Ku (…)

424 Shares 4 Comments
I Kigali abamotari bagaragaye mu bashya bafite ubwandu bwa COVID-19
I Kigali abamotari bagaragaye mu bashya bafite ubwandu bwa COVID-19

By Imfurayabo Pierre
Amakuru yaraye atangajwe na Minisiteri y’Ubuzima agaragaza ko ku Cyumweru tariki 21 Kamena 2020 mu Rwanda habonetse abarwayi bashya makumyabiri na batandatu (26) ba COVID-19.
Abo barwayi 26 babonetse mu bipimo 3,252 byafashwe kuri iki Cyumweru, abamaze kuboneka mu Rwanda banduye icyo cyorezo bose hamwe ni 728.
Minisiteri y’Ubuzima iravuga ko abo barwayi bashya barimo abagaragaye muri Rusizi(18), Rusumo (2) na Kigali (6), hakaba harimo abapimwe mu baturage aho (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Minisitiri Shyaka yasobanuye impamvu gusaba no gukwa bitakomorewe
Minisitiri Shyaka yasobanuye impamvu gusaba no gukwa bitakomorewe

Mu gihe gahunda yo kwirinda COVID-19 igikomeje, bimwe mu bikorwa byari byafunzwe bikaba byaratangiye gukomorerwa nko gusezerena mu nsengero, gusezerana mu murenge no kwiyakira nyuma y’iyi mihango byemewe na Leta, hari ibindi bigisabwa n’abakomeye ku muco.
N’ubwo gusezerana mu kiriziya ubundi byakorwaga nyuma yo gusaba no gukwa ndetse mu murenge bakabaza abagiye gusezerana niba inkwano yaratanzwe, kugeza magingo aya ntabwo biremerwa mu rwego rwo kwirinda ikwirakwizwa rya coronavirus. (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Gitifu na bagenzi be basabye urukiko gutesha agaciro icyemezo cyo kongera kubafunga
Musanze: Gitifu na bagenzi be basabye urukiko gutesha agaciro icyemezo cyo kongera kubafunga

By Imfurayabo Pierre
Uwahoze ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Cyuve mu Karere ka Musanze, Sebashotsi Gasasira Jean Paul n’ uw’Akagari ka Kabeza ndetse n’abandi babiri bashinzwe umutekano ku rwego rwa Dasso muri uyu murenge, basabye Urukiko rwisumbuye rwa Musanze gutesha agaciro icyemezo cyo kongera kubafunga bavuga ko kinyuranyije n’amategeko.
Kuri uyu wa Kane saa Cyenda n’iminota 40 nibwo Sebashotsi na bagenzi be kuri iyi nshuro bakekwaho icyaha cya ruswa bageze mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kigali: Imishinga y'urubyiruko yagaragaje udushya twihariye yahembwe
Kigali: Imishinga y’urubyiruko yagaragaje udushya twihariye yahembwe

By Imfurayabo Pierre
Ku bufatanye n’Umujyi wa Kigali, Ikigo 1000 Alternatives Rwanda cyahembye imishinga itatu ya mbere y’urubyiruko yifitemo udushya mu igera kuri 17 yitabiriye irushanwa.
Binyuze mu Kigo cy’Umujyi wa Kigali gishinzwe guteza imbere umurimo (Kigali Employment Service Centre), Umujyi wa Kigali ushakira amahirwe urubyiruko binyuze mu bafatanyabikorwa bawo kugira ngo rwiyungure ubumenyi, rubone ubushobozi, akazi ndetse n’abaterankunga.
Ni muri ubwo buryo, kuri uyu wa 18 (…)

424 Shares 4 Comments
Kenya yatorewe kuba umunyamuryango w'Akanama ka Loni gashinzwe Umutekano
Kenya yatorewe kuba umunyamuryango w’Akanama ka Loni gashinzwe Umutekano

By Imfurayabo Pierre
Kenya yatorewe kuba umwe mu banyamuryango b’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano, itsinze Djibouti mu cyiciro cya kabiri cy’amatora yabaye kuri uyu wa Kane.
Ni ukuvuga ko guhera muri Mutarama 2021, Kenya izasubira muri ako kanama nyuma y’imyaka 23, igatangira manda y’imyaka ibiri hamwe n’ibindi bihugu byose hamwe 15, bigira uruhare mu ifatwa ry’ibyemezo bikomeye bireba amahoro n’umutekano ku Isi.
Nyuma y’uko abadipolomate bakoreraga mu buryo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
USAID-Gikuriro yashyikirije ibikorwa by'isuku n'isukura mu karere ka Nyarugenge
USAID-Gikuriro yashyikirije ibikorwa by’isuku n’isukura mu karere ka Nyarugenge

By Imfurayabo Pierre
Abaturage biganjemo n’abanyeshuri bo mu karere ka Nyarugenge bashimishijwe n’ibikorwa by’isuku n’isukura byiganjemo, akazu k’amazi, amavomo (Kano), urukarabiro, ubwiherero bugezweho ndetse n’icyumba cy’umukobwa bagejejweho n’umushinga wa USAID-Gikuriro kuri uyu wa kane tariki 18 Kamena 2020.
Ubwo umuyobozi w’Akarere ka Nyarugenge yashyikirizwaga ibi bikorwa
Abagenerwa bikorwa buyu mushinga bakaba baturuka mu mirenge itandukanye yo mu karere ka Nyarugenge, ndetse (…)

424 Shares 4 Comments
Inganda zikora imyenda zahawe imashini na NIRDA zitezweho kongera umusaruro w'ibikorerwa mu Rwanda
Inganda zikora imyenda zahawe imashini na NIRDA zitezweho kongera umusaruro w’ibikorerwa mu Rwanda

By Mamaurwagasabo.rw
Ubwo yumvaga gahunda y’Ikigo cy’Ubushakashatsi n’Iterambere ry’Inganda (NIRDA) yo gupiganira kubona imashini zigezweho n’amahugurwa byamufasha kuzamura umusaruro mu ruganda rwe rudoda imyenda binyuze muri gahunda ya Open Calls, Kabera Joy ntiyazuyaje kwinjira mu ipiganwa.
Kabera ufite Uruganda rwa Promota Creations rukorera imyenda mu Mujyi wa Kigali, ni umwe mu banyenganda 50 bagiye mu ipigana ndetse anasoza mu banyamahirwe batandatu bafite inganda baritsinze. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru