Wednesday . 27 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Perezida Pierre Nkurunziza w'u Burundi yapfuye
Perezida Pierre Nkurunziza w’u Burundi yapfuye

By Imfurayabo Pierre
Guverinoma y’u Burundi yatangaje ko Perezida usoza manda ye muri iki gihugu, Pierre Nkurunziza, yapfuye aguye mu bitaro bizwi nka Hôpital du cinquantenaire Natwe Turashoboye bya Karuzi, akaba yishwe no guhagarara k’umutima.
Itangazo ryashyizweho umukono n’umunyamabanga Mukuru akaba n’umuvugizi wa Guverinoma, Prosper Ntahorwamiye, rivuga ko Nkurunziza kuwa Gatandatu yari muzima ndetse akareba umukino wa Volleyball i Ngozi ariko byagera nijoro akamererwa nabi akajyanwa (…)

424 Shares 4 Comments
Uhagarariye abapolisi bari mu butumwa bwa LONI muri Sudani y'Epfo yihanganishije umuryango wa PC Mbabazi
Uhagarariye abapolisi bari mu butumwa bwa LONI muri Sudani y’Epfo yihanganishije umuryango wa PC Mbabazi

By Imfurayabo Pierre
Unais Bolatolu-Vuniwaqa, umuyobozi uhagarariye abapolisi bari mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye babungabunga amahoro mu gihugu cya Sudani y’Epfo yanditse ubutumwa bw’akababaro ku bw’urupfu rwa Police Costable (PC) Mbabazi Enid. Umupolisikazi w’umunyarwanda uherutse kwitaba Imana azize Koronavirusi.
Mu itangazo rya Vuniwaqa yavuze ko abikuye ku mutima yihanganishije umuryango wa PC Mbabazi kandi akaba yifatanyije nawo mu kababaro.
Yagize ati “Sinabura kubabwira ko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze/ Kinigi: N'ubwo bazi ibibi bya COVID-19 baributswa n'ubuyobozi kuyirinda
Musanze/ Kinigi: N’ubwo bazi ibibi bya COVID-19 baributswa n’ubuyobozi kuyirinda

By Scovia Mutesi Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Kinigi mu karere ka Musanze usanga basobanukiwe ibijyanye n’icyorezo cya Covid 19 n’uburyo bwo kuyirinda ariko usanga bagisunikirizwa n’ubuyobozi mu kubahiriza amabwiriza yagenwe.
Abatuye muri uyu murenge mu kagari ka Kaguhu gaherereye hafi ya pariki y’igihugu y’ibirunga usanga bafite amakuru ku bijyanye na COVID -19, uko yandura n’uko bayirinda, ukurikije ibiganiro bagiranye na Mamaurwagasabo. Umusore wo muri aka kagari witwa Maniriho (…)

424 Shares 4 Comments
Abakora udupfukamunwa barataka, igihombo gikabije kubera abaturage basigaye batwikorera,udusaga Miliyoni eshatu twabuze abaguzi
Abakora udupfukamunwa barataka, igihombo gikabije kubera abaturage basigaye batwikorera,udusaga Miliyoni eshatu twabuze abaguzi

By Imfurayabo Pierre Romeo
Abafite inganda zahawe uburenganzira bwo gukora udupfukamunwa baravuga ko bari mu gihombo baterwa no kuba barakoze twinshi tukaba twaraheze mu bubiko kubera kubura isoko.
Tariki 18 Mata 2020, ubwo Minisitiri w’Ubuzima Dr. Daniel Ngamije yari kuri Televiziyo y’u Rwanda yasobanuye ingamba nshya z’ubwirinzi bwa COVID-19 zasabaga buri muturarwanda kwambara agapfukamunwa.
Yagize ati “Ingamba nshya turi gushishikariza Abanyarwanda muri iyi minsi ni uko twese (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze : Barasaba ubufasha kubera igihombo batejwe na Covid 19
Musanze : Barasaba ubufasha kubera igihombo batejwe na Covid 19

Yanditswe na Scovia Mutesi
Bamwe mu bagore bakora ubucuruzi buciriritse bo mu karere ka Musanze mu murenge wa Remera,baravuga ko bagizweho ingaruka n’icyorezo cya Coronavirusi, cyatumye igishoro bacungiragaho kibashirana , bagasaba ko bafashwa.
Muri uyu murenge hagaragara abagore bakoraga ubucuruzi buciriritse burimo gucuruza imboga n’imbuto, abadoda n’abakoraga ubundi bucuruzi bwatumaga babasha gutungwa n’inyungu nto babaga babonye. Aba nibo bavuga ko bakeneye ubwo bufasha.
Umwe (…)

424 Shares 4 Comments
Amafaranga y'ingoboka yahawe imwe mu miryango ikennye mu gihe cya guma mu rugo yatumye bikenura batangira n'ubucuruzi buciriritse
Amafaranga y’ingoboka yahawe imwe mu miryango ikennye mu gihe cya guma mu rugo yatumye bikenura batangira n’ubucuruzi buciriritse

By Imfurayabo Pierre
Imiryango igera ku bihumbi 9000 yo mu turere twa Nyarugenge na Kicukiro yatejwe imbere n’inkunga y’amafaranga yatanzwe na CathoricRelief Services (CRS) mugufasha abaturage bakorana n’u mushinga USAID-Gikuriro Program kugira ngo babashe guhangana n’ingaruka bagizweho no kuguma murugo kubera koronavirusi.
Bamwe mubahawe iyi nkunga y’amafaranga angana n’ibihumbi makumyabiri y’u Rwanda (20 000) nubundi bakaba ari n’abagenerwa bikorwa bahoraho ba gahunda ya Gikuriro, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Magufuli yashimiye byimazeyo abaturage ba Tanzania bakomeje kutambara Agapfukamunwa
Perezida Magufuli yashimiye byimazeyo abaturage ba Tanzania bakomeje kutambara Agapfukamunwa

By Imfurayabo Pierre
Perezida wa Tanzaniya, John Pombe Magufuli, yashimiye Abanyatanzaniya kuba batambara agapfukamunwa mu ruhame, ibintu bifatwa nkuburyo buhangayikishije bwo kutubahiriza amabwiriza yo kurwanya icyorezo cya Coronavirus yashyizweho n’umuryango wita k’ubuzima ku isi (OMS).
Perezida Magufuli ubwo yagezaga ijambo ku mbaga y’abantu i Dodoma, yatangiriye abashimira ku kuba batambaye udupfukamunwa, akomeza anenga abatwambara avuga ko ari tubi cyane ugereranije n’amabere yataye (…)

424 Shares 4 Comments
Ubwatsi bw'amatungo bushobora kuzagabanuka muri uku kwezi: Meteo Rwanda
Ubwatsi bw’amatungo bushobora kuzagabanuka muri uku kwezi: Meteo Rwanda

By Imfurayabo Pierre
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere, Meteo Rwanda, cyatangaje ko muri Kamena 2020, imvura izagabanuka ku buryo bizagira ingaruka ku bwatsi bw’amatungo.
Meteo Rwanda yatangaje ko mu ukwezi kwa Kamena 2020 hateganyijwe imvura nke iri hagati ya milimetero 0 na 30 mu Rwanda hose. Mu turere twa Rubavu n’ igice cy’uturere twa Musanze, Rutsiro, Nyabihu, Burera, Nyamagabe, Nyaruguru, Rusizi na Nyamasheke hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 20 na 30 muri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
abadipolomate babiri b'ububiligi bahamagajwe n'igihugu cyabo nyuma yo kunyuranya n'itegeko ryo kwibuka
abadipolomate babiri b’ububiligi bahamagajwe n’igihugu cyabo nyuma yo kunyuranya n’itegeko ryo kwibuka

By Imfurayabo Pierre
Umudipolomate wari ushinzwe ibikorwa bya gisirikare n’Umujyanama wa Mbere muri Ambasade y’u Bubiligi mu Rwanda, bahamagajwe n’igihugu cyabo nyuma yo kujya kwibuka abasirikare b’Ababiligi biciwe mu Rwanda mu 1994, bakabikora mu buryo bunyuranyije n’amategeko butashimishije ubuyobozi bw’u Rwanda.
Buri mwaka mu Rwanda haba igikorwa cyo kwibuka Abasirikare b’u Bubiligi icumi bari mu butumwa bwo kugarura amahoro mu Rwanda (MINUAR) mu 1994, bakicwa ku munsi wa mbere wa (…)

424 Shares 4 Comments
Biteganijwe ko hatangwa umwanzuro waho Kabuga azaburanishirizwa
Biteganijwe ko hatangwa umwanzuro waho Kabuga azaburanishirizwa

By Imfurayabo Pierre
Kabuga w’imyaka 84, ariko we wabwiye urukiko ko afite imyaka 87, abamwunganira bavuga ko ashaje kandi arwaye bityo ku mpamvu z’amagara ye adakwiye kuvanwa mu Bufaransa ko ari ho yaburanishirizwa.
Mu iburanisha riheruka, ku nshuro ya mbere mu myaka irenga 20 ishize ashakishwa ashinjwa ibyaha bya Jenoside, Bwana Kabuga yahakanye ibyaha aregwa abyita ibinyoma.
Abunganizi be bahanganye n’ingingo itegeka ubutabera bw’Ubufaransa gutanga abafashwe bisabwe n’ubutabera (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru