Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Urubyiruko rukora mu by’ubuhinzi rwasobanuriwe amahirwe ari mu guhitamo ubuhinzi bubungabunga ibidukikkije nk’ubuhinzi bugezweho bw’umwimerere bukoresha ifumbire y’imborera igezweho, buzagira uruhare mu gukemura ikibazo k’ibiribwa mu buryo burambye no guhanga imirimo ariko bugakorwa hanabungwabungwa ibidukikije n’urusobe rw’ibinyabuzima.
Byatangajwe mu nama y’iminsi ine yateraniye i Kigali ihuza n’abari ku mbuga nkoranyambaga, yiga ku buryo urubyiruko rwahitamo gukora ubuhinzi (…)
MUTUNGIREHE Samuel
Perezida wa Repubulika yashyizeho abasenateri bane bashya basimbura abahoze kuri uwo mwanya barimo na Me. Evode Uwizeyimana wahoze ari Umumyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubutabera ushinzwe itegekonshinga n’andi mategeko.
mu itangazo rya minisitiri w’intebe, ryo ku wa 16 Ukwakira 2020, rigaragaza ko Abashyizwe ku myanya ya senateri barimo kandi Dr. Dusingizemungu jean Pierre nawe yari Perezida wa Ibuka akaba n’umwalimu muri kaminuza.
abandi ni Kanziza Epiphanie (…)
Umuryango Save Generations werekanye uko COVID-19 ishobora gutuma hari abakobwa badasubira ku ishuri
Umuryango utari uwa leta Save Generations Organisation, uharanira iterambere ry’umwana, urubyiruko n’umugore, werekanye ibintu bitandukanye urubyiruko by’umwihariko rw’abakobwa banyuzemo kuva abanyeshuri bose basubira mu ngo hagamijwe kwirinda gukwirakwiza icyorezo cya Coronavirusi (COVID-19), bikaba byaratumye hari abatewe inda z’imburagihe n’abagiye mu yindi mirimo bishobora gutuma batazasubira ku ishuri nyuma y’amezi asaga arindwi bari iwabo.
byatangajwe mu nama y’ubuvugizi yabereye mu (…)
Bamwe mu babyeyi bakoraga ubucuruzi buciriritse biganjemo abacuruzaga imboga n’imbuto ku agataro batangaza ko nyuma y’aho icyorezo cya Coronavirusi kigereye mu Rwanda hagafatwa ingamba zitandukanye zo kugabanya ingendo na Guma mu Rugo ubuzima bwabo bwasubiye inyuma ku buryo benshi batakibasha gutunga imiryango yabo no kwitabira zimwe muri gahunda za Leta.
Mu baganiriye n’ikinyamakuru MamaUrwagasabo bo mu murenge wa Gatenga mu kagari ka Nyanza batangaje ko nubwo ubucuruzi abenshi bakoraga (…)
Abanyeshuri biga muri Kaminuza ya Mount Kenya ishami ry’u Rwanda batunguwe nuko kaminuza ibabujije gukora ikizamini gisoza igihembwe cy’ukwezi wa Mutarama-Mata 2019/2020 batakoze kubera COVID-19 ku mpamvu bavuga ko batazi kandi barishyuye amafaranga yo kubikora.
Ikinyamakuru MamaUrwagasabo cyageze kuri iyi kaminuza mu masaha y’igitondo ubwo aba banyeshuri basohorwaga hanze ya kaminuza kuri uyu wa gatatu tariki ya 14 Ukwakira 2020, gisanga bamwe bahagaze bumiwe bibaza ibibaye abandi bataha (…)
Minisiteri y’uburezi (MINEDUC) yatangaje ingengabihe y’amashuri abanza ku biga mu mwaka wa 5 n’uwa 6 , ayisumbuye n’ay’imyuga mu mwaka w’amashuri 2020-2021 nyuma y’amezi agera kuri arindwi afunzwe kubera kwirinda gukwirakwiza icyorezi cya COVID-19.
Iyi ngengabihe yashyizwe ahagaragara none tariki ya 13 Ukwakira 2020 ikaba inagaragaza gahunda y’amashuri y’inderabarezi azwi nka TTC.
Ku ikubitiro tariki ya 2 Ugushyingo 2021 hazatangira abanyeshuri biga mu mashuri abanza bo mu mwaka wa 5 no (…)
Komisiyo y’imibereho y’abaturage n’uburenganzira bwa muntu muri sena yagaragaje ko Gereza ya Rwamagana iri imbere kugira ubucukike bw’imfungwa n’abagororwa buri ku kigero cya 256% muri agereza z’u Rwanda uko ari 14.
Muri raporo iyi komisiyo yagejeje kuu nteko rusage ya sena ku kibazo cy’ubucukike muri za gereza, igaragaza ko icyo kibazo cyagaragajwe na komisiyo y’uburenganzira bwa muntu mu bikorwa by’umwaka wa 2018/2019 kandi icyo kibazo gihora kigaruka buri mwaka.
Perezida wa komisiyo (…)
Bamwe mu bayobozi b’ibigo by’imiryango yigenga yiyemeje gufasha abana bafite ubumuga bwo mu mutwe batangaza ko birengagijwe muri gahunda yo gukurikirana amasomo anyuzwa kuri radiyo na televiziyo n’imbuga nkoranyambaga mu gihe amasomo yasubitswe kubera icyorezo cya COVID-19.
Ikinyamakuru MamaUrwagasabo cyaganiriye na Ntibanyendera Elisam Salim uyobora impuzamiryango TUBAKUNDE, yita ku bana bafite ubumuga bwo mu mutwe, atangaza ko gahunda yo gukurikirana amasomo kuri radiyo na televiziyo (…)
Bamwe mu bajyanama b’ubuzima bo mu karere ka Kicukiro, mu murenge wa Gatenga by’umwihariko mu kagari ka Nyanza mu midugudu ya Juru n’Isonga, batangaje ko hari imbogamizi bagiye bahura nazo bigatuma bakora mu buryo budasanzwe, nk’ibihe igihugu kirimo byo guhangana n’icyorrezo cya COVID-19.
Ikinyamakuru MamaUrwagasabo cyaganiriye n’Umutoni Leatitia, umujyanama w’ubuzima wo mu mudugudu w’Isonga, mu kagari ka Nyanza, mu umurenge wa Gatenga, avuga ko mu ntangiriro z’umwaka ubwo igihugu (…)
Ni benshi bashobora kubona umuntu ahinga mu murima uri mu mujyi wa Kigali inyuma y’ibipangu by’abakire bakemera ko uwo muntu umuhaye akazi runaka atagafata bitewe n’icyo akura mu isuka ye.
Ikinyamakuru MamaUrwagasabo.rw cyasuye mu umubyeyi witwa Yankurije Vestine, aho yateraga ibigori bya Iburide (Hybrid) mu mirima iherereye mu bibanza byo mu murenge wa Kagarama mu kagari ka Kibatsi umudugudu wa Kibatsi ho mu karere ka Kicukiro, aho akorera akazi ka buri munsi k’ubuhinzi mu gihe (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















