Wednesday . 27 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Abantu 17 bafashwe barenga ku mabwiriza yo kwirinda coronavirus, harimo n'abambukiranya imipaka
Abantu 17 bafashwe barenga ku mabwiriza yo kwirinda coronavirus, harimo n’abambukiranya imipaka

By Imfurayabo Pierre
Abantu 17 bari mu byiciro bine nibo Polisi yafashe mu bihe bitandukanye barenze ku mabwiriza yo kurwanya Koronavirusi. Beretswe itangazamakuru uyu munsi taliki ya 14 Kamena, muri bo harimo abantu batanu bafatiwe mu mujyi wa Kigali bawujemo bitemewe, batatu bari bavuye mu gihugu cya Uganda rwihishwa abandi babiri bari bavuye mu karere ka Rusizi. Uwabarengeye Vedaste avuga ko mu rukerera rwa tariki ya 13 yavuye mu karere ka Rusizi rwihishwa ajya mu karere ka Nyamasheke (…)

424 Shares 4 Comments
Byemejwe ko Perezida wu burundi azarahira kuwa kane taliki ya 18 kamena 2020
Byemejwe ko Perezida wu burundi azarahira kuwa kane taliki ya 18 kamena 2020

By Imfurayabo Pierre
Nyuma y’uko urukiko rurengera itegekonshinga mu Burundi rwemeje ko Evariste Ndayishimiye watowe ku mwanya w’umukuru w’igihugu ajya kuri uwo mwanya, ubu biteganyijwe ko azarahira kuwa kane w’iki cyumweru.
Umuvugizi wa guverinoma y’u Burundi ntiyahakanye cyangwa ngo yemeze aya makuru, gusa yeretse BBC abayatangaje yongeraho ati: “ufite amakuru”.
Kuwa gatanu, urukiko rurengera itegekonshinga mu Burundi rwategetse ko igihe cy’inzibacyuho kidakenewe – nyuma y’urupfu rwa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Hoteli 3 zo mu karere ka Musanze zafunzwe bitewe nabanu 5 basanganwe Coronavirus bazinyuzemo
Hoteli 3 zo mu karere ka Musanze zafunzwe bitewe nabanu 5 basanganwe Coronavirus bazinyuzemo

By Imfurayabo Pierre
Amakuru ava mu Karere ka Musanze aravuga ko hari hoteli eshatu zafunzwe, abakozi bazo bashyirwa mu kato ndetse barapimwa nyuma y’uko hari abantu batanu basanzwemo icyorezo cya Coronavirus kandi barahanyuze.
Umuyobozi w’aka Karere yabwiye Umuseke dukesha iyi nkuru ko bari gushakisha ababa barahuye na bariya bantu kugira ngo bashyirwe mu kato batanduza abandi.
Amakuru avuga ko hari abantu batanu basanzwemo COVID-19 kandi baranyuze muri hoteli 3 zo mu Karere ka (…)

424 Shares 4 Comments
Mu minsi 7 ishize i Kigali hamaze kuboneka abantu 4 banduye coronavirus
Mu minsi 7 ishize i Kigali hamaze kuboneka abantu 4 banduye coronavirus

By Imfurayabo Pierre
Icyorezo cya coronavirus cyugarije isi n’urwanda rurimo kigenda gifata indi ntera aho mu rwanda habarirwa abagera kuri 582 banduye iyindwara ya coronavirus.
Urwanda ruri mu bihugu byafashe ingamba zo guhashya icyorezo cya coronavirus gusa hagiye havuka ibibazo bimwe nabimwe byabantu bagenda baturuka hanze y’igihugu bigatuma mu rwanda umubare wabarwaye coronavirus wiyongera
Mu minsi 7 ishize i Kigali hamaze kuboneka abantu 4 banduye coronavirus
kuva kuri uyu wa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Mu rwanda hagaragaye ubwiyongere bwinshi bw'abantu barwaye coronavirus
Mu rwanda hagaragaye ubwiyongere bwinshi bw’abantu barwaye coronavirus

Kuri uyu wa Gatandatu mu Rwanda habonetse abantu 31 banduye coronavirus bituma umubare wose hamwe wabanduye ugera kuri 541
Aba Bose babonetse i Rusumo ho mu karere ka kirehe ndetse no mu karere ka rusizi gasanzwe kari muri gahunda ya guma murugo kubera icyorezo cya coronavirus cyakunze kuhagaragara
Kugeza ubu mu rwanda habarirwa abagera kuri 541 bamaze kwandura coronavirus naho abagera kuri 332 bamaze kuyikira hiyongereyeho 11 bakize uyu munsi, abakirwaye iyi ndwara murwanda ni 207. iyi (…)

424 Shares 4 Comments
umushakashatsi François Graner ashobora gushyira hanze zimwe mu nyandiko zigaragaza uruhare abafaransa bagize muri jenoside yakorewe abatutsi
umushakashatsi François Graner ashobora gushyira hanze zimwe mu nyandiko zigaragaza uruhare abafaransa bagize muri jenoside yakorewe abatutsi

By Imfurayabo Pierre
Ubutabera bw’u Bufaransa bwahaye uburenganzira umushakashatsi François Graner bwo kugera ku nyandiko zibitse za François Mitterrand zivuga ku Rwanda.
Inyandiko François Graner yemerewe kugeraho no kuzifashisha mu bushakashatsi bwe ni izivuga ku ruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi, haba mu gihe cya Jenoside, mbere yayo na nyuma yayo.
François Mitterrand wayoboye u Bufaransa hagati y’imyaka ya 1981 na 1995 yitabye Imana tariki 08 Mutarama 1996 afite (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Amabendera y'u Rwanda yururukijwe mu rwego rwo kwifatanya n'uburundi kuzirikana urupfu rwa perezida Nkurunziza
Amabendera y’u Rwanda yururukijwe mu rwego rwo kwifatanya n’uburundi kuzirikana urupfu rwa perezida Nkurunziza

By Imfurayabo Pierre
Mwitangazo ry’aturutse mubiro bya minisitiri w’intebe, Perezida Paul KAGAME yategetseko ama bendera y’urwanda nay’umuryango wa afurika y’iburasirazuba y’ururutswa kugera hagati mu rwego rwo kwifatanya n’igihugu cy’uburundi kuzirikana urupfu rwa perezida Nkurunziza uherutse kwitaba Imana.

424 Shares 4 Comments
Inganda zikora imyenda zahawe imashini na NIRDA zitezweho kongera umusaruro w'ibikorerwa mu Rwanda
Inganda zikora imyenda zahawe imashini na NIRDA zitezweho kongera umusaruro w’ibikorerwa mu Rwanda

By Mamaurwagasabo.rw
Ubwo yumvaga gahunda y’Ikigo cy’Ubushakashatsi n’Iterambere ry’Inganda (NIRDA) yo gupiganira kubona imashini zigezweho n’amahugurwa byamufasha kuzamura umusaruro mu ruganda rwe rudoda imyenda binyuze muri gahunda ya Open Calls, Kabera Joy ntiyazuyaje kwinjira mu ipiganwa.
Kabera ufite Uruganda rwa Promota Creations rukorera imyenda mu Mujyi wa Kigali, ni umwe mu banyenganda 50 bagiye mu ipigana ndetse anasoza mu banyamahirwe batandatu bafite inganda baritsinze. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kutagira iminara y'itumanaho byababereye imbogamizi mu kwirinda COVID-19
Kutagira iminara y’itumanaho byababereye imbogamizi mu kwirinda COVID-19

By Imfurayabo Pierre
Mu Kagari ka Kibyimba ko mu Murenge wa Kabacuzi mu Karere ka Muhanga, hari igice kinini kitagerwaho n’umuyoboro w’itumanaho (connection) ku buryo telefone zidakora, bityo kudahanahana amafaranga mu ntoki hirindwa Covid-19 ntibishoboke.
Muri ako gace hari agasanteri k’ubucuruzi, ibiro by’akagari, ikigo cy’amashuri cya GS Kibyimba n’ibindi bikorwa remezo ku buryo haba hari abantu benshi, ariko itumanaho rya telefone rikaba ridashoboka, haba irya MTN cyangwa (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Imiryango iharanira iterambere ry'abagore irateganya kugoboka abagizweho ingaruka na COVID-19
Musanze: Imiryango iharanira iterambere ry’abagore irateganya kugoboka abagizweho ingaruka na COVID-19

By Scovia Mutesi
Bamwe mu bagore bo mu mirenge itandukanye y’akarere ka Musanze baba mu matsinda afashwa n’imiryango itari iya leta iharanira uburenganzira bw’abagore, bavuga ko ubwo coronavirus yari irimbanyije nta bufasha bwihariye bahawe n’iyo miryango, nayo ikavuga ko nta buryo bwihariye bwari buteganyijwe mu iteganyabikorwa ryayo mu bihe bidasanzwe ariko bakavuga ko bagiye kubagoboka.
Aba bagore bo mu mirenge ya Muko na Rwaza yo mu karere ka Musanze baba mu matsinda akora (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru