Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)
Minisiteri y’ Ubuzima mu Rwanda yagaragaje impamvu zituma agakoko gatera SIDA katakivugwa cyane harimo no kuba Leta yaramaze kumenya ahakeneye imbaraga kurusha ahandi. Mu kiganiro n’ abanyamakuru cyakurikiye umuhango wo gufungura ku mugaragaro inama y’ abashashatsi kuri SIDA iteraniye I Kigali, Umukozi w’ Ishami rishinzwe kurwanya SIDA mu kigo cy’ Igihugu cy’ ubuzima RBC gishamikiye kuri Minisiteri y’ Ubuzima Dr Sabin NSANZIMANA yavuze ko impamvu SIDA itakivugwa cyane mu binyamakuru ari (…)
Uwari Mayor w’akarere ka Huye Muzuka Eugene na Mutwarasibo Cyprien wari umwungirije ushinzwe ubukungu ndetse na Niwemugeni Christine wari ushinzwe Imibereho myiza y’abaturage batakarijwe icyizere na Njyanama bakurwa kuri iyi myanya.
Perezida wa Njyanama y’akarere ka Huye Dr Jean Chrisostome Ngabitsinze Yabwiye Makuruki.rw ko Nyobozi y’aka karere yabatakarije icyizere kuko itarabashije gushyira mu bikorwa inama yagirwaga na Njyanama.
Yakomeje avuga ko bagiye kujyana imyanzuro mu ntara (…)
Inama Njyanama y’Akarere ka Nyaruguru yeguje Umuyobozi wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu muri ako karere, Bisizi Antoine, nyuma yo gukora isuzuma igasanga adatanga umusaruro wifuzwa.
Uyu muyobozi yegujwe ku mirimo ye ku wa 31 Gicurasi 2018 akurikiranye nk’uko Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Nyaruguru, Mungwakuzwe Yves, yabitangaje.
Yagize ati “Twateranye dusanga imikorereye ya Antoine Bisizi, itameze neza adatanga umusaruro mu iterambere ry’ubukungu. Ntabwo navuga ko ari (…)
Umwe mu bana bahagarariye abandi wari mu nama yabahuje n’Abadepite taliki 10 Gicurasi 2018 ngo bageze ku Nteko ibyo abana bifuza ko byazongerwa mu mushinga w’ingengo y’imari 2018-2019 yabwiye abanyamakuru ko muri rusange ibisubizo bahawe n’Abadepite bitabanyuze.
Uyu mwana witwa Uwera Zamida avuga ko bamwe mu bana babajije ibibazo bitandukanye bibaza impamvu hari ibintu bimwe bidashyirwamo ingengo y’imari ihagije kandi byafasha abana kugira ubuzima bwiza nko kugaburirwa ku ishuri, (…)
Finance gender equality if you are truly committed to development in Africa’’WROS tell Donors
Rwakazina Marie Chantal yatorewe kuyobora Umujyi wa Kigali ku majwi 146 mu gihe Henriette Murekatete we bari bahanganye agize amajwi umunani.
Perezida wa Komisiyo y’Amatora, Prof Kalisa Mbanda, niwe watangaje ko abajyanama batoye ari 154, Murekatete Henriette agira amajwi umunani angana na 5.2%, naho Rwakazina Marie Chantal agira 146 angana na 94.8%.
Rwakazina Marie Chantal w’imyaka 45, arubatse, afite abana babiri. Yavuze ko yishimiye icyizere yagiriwe n’uwamutanzeho umukandida, biganye (…)
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga Louise Mushikiwabo aravuga ko kuba u Rwanda ari igihugu gikoresha icyongereza cyane, none akaba agiye kwiyamamariza kuyobora umuryango w’ibihugu bivuga igifaransa nta kuvuguruzanya kurimo kuko ngo nta ntambara indimi zombi zirimo.
Minisitiri Mushikiwabo mu kiganiro na France 24. Mu kiganiro na France 24, Minisitiri Mushikiwabo yavuze ko u Rwanda ari umunyamuryango wa ‘Francophonie’ kuva mu 1970 kandi kuva icyo gihe rutigeze ruvamo.
Yagize ati “Nta (…)
Perezida Paul Kagame wagiriye uruzinduko rw’akazi muri Ethiopia yakiriwe kivandimwe na Misitiri w’Intebe w’iki gihugu, Dr Abiy Ahmed baza ni kugirana ibiganiro bigamije gukomeza imikoranire hagati y’ibihugu byombi.
Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Dr Abiy Ahmed wakiriye mu buryo bwa kivandimwe Perezida Paul Kagame, baragirana ibiganiro bigamije gutsura ubutwererane hagati y’ibihugu byombi.
Perezida Kagame waherukaga kugirira uruzinduko muri Ethiopia mu mwaka ushize, yari yavuze ko (…)
Urukiko rwo muri Iraq rwakatiye igihano cy’urupfu abagore 40 nyuma yo ‘guhamwa n’icyaha’ cy’uko bashakanye n’abahoze ari abarwanyi b’umutwe wa Islamic State.
Abagore 40 ngo bakatiwe urwo gupfa kubera ko bashakanye n’abarwanyi ba ISIS Abenshi muri aba bagore ngo bavuye mu bindi bihugu birimo n’ibyo mu Burayi bajye gushakana n’abarwanyi ba Islamic State. Hari abavuga ko ibyo Iraq iri gukora ngo ari ukwihorera ku bwarwanyi ba ISIS bamaze imyaka itatu barigaruriye igice kinini cya Iraq (…)
Perezida Kagame yemeza ko kugeza gahunda z’ubuzima ku baturage bose bishoboka ku gihugu cyose n’ubushobozi cyaba gifite, kandi ibyabikoze birimo n’u Rwanda byabonye umusaruro ufatika.
Umukuru w’Igihugu yabitangaje kuri uyu wa Mbere ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye umuhango wo gutangiza ku mugaragaro Inama Rusange yiga ku buzima, ibera i Genève mu Busuwisi.
Uyu muhango wanitabiriwe na Perezida Alain Berset w’u Busuwisi, Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, Dr (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.



















